Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Usanganirwa n'umunuko ukabije iyo ugeze kuri GS Ntarama
Musanze: Usanganirwa n’umunuko ukabije iyo ugeze kuri GS Ntarama

Yamditswe na Ndayambaje Jean Claude
Iyo ugeze Ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ntarama, mu karere ka Musanze mu Murenge wa Gashaki mu kagari ka Mbwe, ikintu cya mbere wumva ni umunuko ukabije uva mu bwiherero bw’iri shuri.
Ni ikibazo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yiboneye akigera kuri iki kigo.
Umuyobozi w’Iki kigo, Birikunzira Daniel yumvikanisha ko ntacyo bitwaye, gusa agasobanura ko impamvu ibitera ubu bwiherero bwubatswe kera bukaba bushaje.
Ati: "Ubwiherero bwo muri kino gipande cyo (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yahinduye abayobozi mu Gisirikare na RCS
Perezida Kagame yahinduye abayobozi mu Gisirikare na RCS

Ku mugorona ushyira kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6/6/2023 Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yahinduye bamwe mu bayobozi b’igisirikare agira Mr Juvenal Marizamunda Minisitiri w’Ingabo.
Lt Gen Mubarakh Muganga yahise agirwa Umugaba Mukuru w’Ingabo.
Marizamunda asimbuye Maj Gen Albert Murasira wari kuri uwo mwanya kuva mu Ukwakira 2018. Yari asanzwe ari Komiseri Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), umwanya yagiyeho mu 2021 avuye muri Polisi y’u (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kutagisha inama bishobora gutuma COPCOM yisanga mu bibazo bikomeye
Kutagisha inama bishobora gutuma COPCOM yisanga mu bibazo bikomeye

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu myaka igera kuri 13 koperative yo guteza imbere ubucuruzi bw’ibikoresho by’ubwubatsi mu Rwanda (COPCOM) imaze ikora, umwanzuro umwe komite nyobozi yayo yigeze gufata yirengagije kugisha inama Ikigo gishinzwe Amakoperative mu Rwanda (RCA) ushobora kuzasiga amateka atari meza kuri yo n’abanyamuryango bayo.
Kimwe n’izindi koperative ziri mu Rwanda, COPCOM nayo ifite uburenganzira bwo gukorana n’ibigo by’imari cyangwa amabanki igafata inguzanyo yishyurwa, (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyeshuri ba Ines Ruhengeri basabwe kwitandukanya n'amacakubiri yagejeje u Rwanda muri Jenoside
Abanyeshuri ba Ines Ruhengeri basabwe kwitandukanya n’amacakubiri yagejeje u Rwanda muri Jenoside

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri biga mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro INES Ruhengeri, basabwe kwitandukanya n’amacakubiri yagejeje u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Babisabwe ubwo bibukaga ku nshuro ya 29, Jenoside yakorewe Abatutsi, bishwe bazira uko baremwe.
Igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 cyateguwe na Ines Ruhengeri bafatanyije n’ubuyobozi bw’Akarereka Musanze, kiba buri mwaka hagamijwe kwibuka abazize Jenoside yakorewe mu 1994.
Ubuyobozi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Bahangayikishijwe n'abakobwa bajya gushaka abagabo babaruta muri Uganda
Burera: Bahangayikishijwe n’abakobwa bajya gushaka abagabo babaruta muri Uganda

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi batuye mu karere ka Burera mu mirenge ikora ku mipaka baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’abana babo by’umwihariko abakobwa babacika bakambuka umupaka bakajya gushaka abagabo babaruta muri Uganda.
Aba babayeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Cyanika, Rugarama na Kinoni, barasaba ko ubuyobozi n’izindi nzego bakomeza gukora ubukangurambaga buhozaho kuri iki kibazo.
Umwe mu baturage (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Bashimiye Umuryango RPF Inkotanyi ukomeje kubaba hafi
Musanze: Bashimiye Umuryango RPF Inkotanyi ukomeje kubaba hafi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Musanze barashimira umuryango wa RPF Inkotanyi ukomeje kubaba hafi mu mibereho ya buri munsi.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Kamena 2023 ubwo Urugaga rw’abagore n’Urugaga rw’urubyiruko rushamikiye ku muryango wa RPF Inkotanyi mu ntara y’Amajyaruguru bibukaga abagore n’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Muri uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Baracyacana agatodowa amashanyarazi akorerwa iwabo
Musanze: Baracyacana agatodowa amashanyarazi akorerwa iwabo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Rwaza, mu kagari ka Bumara baravuga ko bagicana agatodowa kandi Urugomero rw’amashanyarazi rwa Mukungwa ya 2 ruri iwabo mu rugo.
Ibi babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge bamubwira ko babona iterambere Igihugu cy’u Rwanda kigezeho bari bakwiye kugendana naryo ariko ngo hari aho basigaye.
Abaganiye n’umunyamakuru bose bahuriza ku kuba bari mu icuraburindi ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abakozi ba Hora group LT baremeye abashegeshwe n'ibiza
Rubavu: Abakozi ba Hora group LT baremeye abashegeshwe n’ibiza

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu rwego rwo gukomeza gufata mu mugongo abagizweho ingaruka n’ibiza mu karere ka Rubavu, abantu b’ingeri zitandukanye bakomeje ibikorwa byo kuremera imiryango yasizwe iheruheru n’ibiza.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Gicurasi 2023 abakozi b’uruganda rukora ikinyobwa cy’umwenya (HORA Group LT) bifatanyije n’abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza babajyanira ibyo kurya bigizwe n’umuceri, Akawunga, isabune n’ibindi bitandukanye birimo imyambaro n’inkweto (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Ku mashuri abana barataka imigongo
Burera: Ku mashuri abana barataka imigongo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri biga mu bigo bitandukanye byo mu karere ka Burera birimo Kinoni na Maya II baravuga ko babangamiwe n’uburyo bicara nabi mu ishuri bitewe no kutagira intebe zibafasha kwisanzura bigatuma bataha imigongo ibarya.
Babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Rugarama na Kinoni aho yasanze bicaye bagerekeranye.
Urugero ni aho mu ishuri twabashije kwinjiramo abana bateye hejuru ngo "Imigongo irimo kuturya."
Mu kiganiro (…)

424 Shares 4 Comments
RUSIZI: ABIVURIZA NYABITIMBO BABANGAMIWE N'IBURA RYA AMBULANCE
RUSIZI: ABIVURIZA NYABITIMBO BABANGAMIWE N’IBURA RYA AMBULANCE

Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Abagana ikigo nderabuzima cya Nyabitimbo cyo mu Karere ka Rusizi bavuga ko bagorwa no kubona Imbangukiragutabara (Ambulance) ku buryo bamwe babyarira mu nzira abandi bakaba bahasiga Ubuzima. Babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko bikunze kuba iyo boherejwe ku bitaro by’akarere bya Mibilizi.
Ni ikibazo bavuga ko kigiye kumara amezi arenga arindwi, kikabangamira cyane abagore batwite, abarwaje abana kimwe n’abandi baturage iyo boherejwe ku bitaro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru