Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu murenge wa Shingiro mu karere ka Musanze barasaba ko inyubako zitagikoreshwa zahoze ari ikigo cy’amashuri abanza ya Gikoro giherereye mu kagari ka Gakingo zabyazwa umusaruro mu bundi buryo cyane ko zikomeje kwangirika ubuyobozi burebera.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Shingiro yasanze hari inyubako z’amashuri zigiye kumara imyaka irenga itatu zidakoreshwa, kubera ko basanze zarubatswe ahantu mu manegeka, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ambasaderi w’Igihugu cy’Ubuyapani mu Rwanda Nyakubahwa ISao FUKUSHIMA arikumwe na Bwana Maxwell Gomera uhagarariye United Nations Development Programme (UNDP) mu Rwanda basuye Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro cya (RPA) mu rugendo rwari rugamije gushimangira imikoranire niki kigo.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2023 , aho mu biganiro byahuje izi mpande zombi ari ugukomeza gushimangira imikoranire basanzwe bagirana n’iki (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuryango wa FPR Inkotanyi wasohoye itangazo rinenga ibirori byakozwe byo kwimika "Umutware w’Abakono" byabereye mu karere ka Musanze ubuyobozi burebera.
Ni itangazo ryasohotse ku gicamusi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2023 aho ryasobanuye ibi birori byiyimikwa ry’Umutware w’Abakono, biherutse kubera mu murenge wa Kinigi Karere ka Musanze, tariki ya 9 Nyakanga 2023.
Ibiro by’umuryango wa RPF bitangaza ko byakozwe atari urugero rwiza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abagana ibiro by’umurenge wa Shingiro mu karere ka Musanze, baravuga ko batewe ipfunwe n’ubwiherero bwo ku biro by’umurenge butajyanye n’igihe bigaragara ko bwashaje bukaba butaravuguruwe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge Shingiro, basaba ko ubu bwiherero bwavugururwa , bakubaka ubundi buzima busobanutse bubahesha ishema nk’abaturage b’umurenge wa Shingiro kandi bari mu gihugu cyiza.
Uwitwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kagogo n’indi mirenge itandukanye mu karere ka Burera bakora muri VUP, baravuga badaheruka guhembwa none barataka inzara.
Bavuga ko biziritse umukanda, bakaba bifuza ko aya mafaranga bajya bayabonera ku gihe akabafasha gukemura ibibazo bafite bijyanye n’imibereho.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Burera aho yasanze hari abaturage barimo gutaka inzara bavuga ko (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abaturage bagera kuri 200 babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icyakabiri, mu murenge wa Kinigi na Nyange bari guherekezwa mu rugendo rwo kwikura mu bukene.
Bamwe mu baturage baganiriye n’itangazamakuru babigarutseho mu gikorwa cy’Umushinga wungukira abaturage ku biva mu bukerarugendo mu Birunga Sacola, cyiswe "Intama ya Mitueweli.
Ni igikorwa cyari kigamije gufasha abaturage kugira aho bava n’aha bagere, hirindwa gukomeza gutega amaboka no kuba umuzigo kuri (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Hari abaturage bo mu murenge wa Muko bafite imirimo mu kibaya cya Kiyababa mu karere ka Musanze bavuga ko bahangayikishijwe n’amazi aturuka mu mirenge bahanye imbibi akisuka mu kibaya akangiriza imyaka yabo n’ibikorwa remezo, kugeza aho hegitari 65 zimaze kwangirika.
Ubwo Mamaurwagasabo yageraga muri iki kibaya abaturage bagaragaje imvamutima zabo aho bavuga ko mu rwego rwo gukumira ibiza amazi yakorerwa inzira agakomeza akagira aho ajya.
Nyirakabanza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera, Umurenge wa Kagogo, mu akagari ka Nyamabuye baravuga ko bahangayikishijwe no kuvoma ibirohwa mu kiyaga bitewe nuko muri robine nta mazi akibamo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho bavuga ko bakora urugendo bagiye kuvoma mu kiyaga cya Burera baturanye nacyo.
Umwe muri aba baturage witwa Barayagwiza Vincent yagize ati: "Twavomaga ku mugezi tugakoresha amazi meza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, barashinja banyiri mahoteli na za resitora kuba baradohotse mu kwita ku isuku y’ahategurirwa amafunguro ngo bitewe nuko basigaye bahura n’ibibazo byo mu nda iyo bafashe ayo mafunguro.
Ibi babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo, bavuga ko muri aka karere uko amaresitora n’amahoteli yiyongera ariko bamwe batita ku isuku bihagije ariko ngo ubanza n’ubuyobozi bwaradohotse butakigenzura isuku kenshi. (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu banyamibare baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda basanga abakobwa bagifite imbogamizi ikomeye ituma batitabira kwiga amasomo y’ubumenyi (Science).
Babigarutseho ubwo basozaga ishuri ry’imibare bari bamazemo ibyumweru bibiri mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya Ines Ruhengeri.
Ni ibiganiro byibanze ku bijyanye na gahunda yo gushishikariza abakobwa gukunda no kwiga imibare aho bamwe mu nzobere zitabiriye ibi biganiro zavuze ko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















