Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Kwimika Umutware w'Abakono byateje impagarara
Musanze: Kwimika Umutware w’Abakono byateje impagarara

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuryango wa FPR Inkotanyi wasohoye itangazo rinenga ibirori byakozwe byo kwimika "Umutware w’Abakono" byabereye mu karere ka Musanze ubuyobozi burebera.
Ni itangazo ryasohotse ku gicamusi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2023 aho ryasobanuye ibi birori byiyimikwa ry’Umutware w’Abakono, biherutse kubera mu murenge wa Kinigi Karere ka Musanze, tariki ya 9 Nyakanga 2023.
Ibiro by’umuryango wa RPF bitangaza ko byakozwe atari urugero rwiza (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze-Shingiro: Batewe ipfunywe n'ubwiherero bw'umurenge butajyanye n'igihe
Musanze-Shingiro: Batewe ipfunywe n’ubwiherero bw’umurenge butajyanye n’igihe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abagana ibiro by’umurenge wa Shingiro mu karere ka Musanze, baravuga ko batewe ipfunwe n’ubwiherero bwo ku biro by’umurenge butajyanye n’igihe bigaragara ko bwashaje bukaba butaravuguruwe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge Shingiro, basaba ko ubu bwiherero bwavugururwa , bakubaka ubundi buzima busobanutse bubahesha ishema nk’abaturage b’umurenge wa Shingiro kandi bari mu gihugu cyiza.
Uwitwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Abakora muri VUP barataka inzara
Burera: Abakora muri VUP barataka inzara

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kagogo n’indi mirenge itandukanye mu karere ka Burera bakora muri VUP, baravuga badaheruka guhembwa none barataka inzara.
Bavuga ko biziritse umukanda, bakaba bifuza ko aya mafaranga bajya bayabonera ku gihe akabafasha gukemura ibibazo bafite bijyanye n’imibereho.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Burera aho yasanze hari abaturage barimo gutaka inzara bavuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Sacola ikomeje kubaherekeza mu rugendo rwo kwikura mu bukene
Musanze: Sacola ikomeje kubaherekeza mu rugendo rwo kwikura mu bukene

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abaturage bagera kuri 200 babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icyakabiri, mu murenge wa Kinigi na Nyange bari guherekezwa mu rugendo rwo kwikura mu bukene.
Bamwe mu baturage baganiriye n’itangazamakuru babigarutseho mu gikorwa cy’Umushinga wungukira abaturage ku biva mu bukerarugendo mu Birunga Sacola, cyiswe "Intama ya Mitueweli.
Ni igikorwa cyari kigamije gufasha abaturage kugira aho bava n’aha bagere, hirindwa gukomeza gutega amaboka no kuba umuzigo kuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hegitari 65 zangirijwe n'amazi adafite inzira acamo
Musanze: Hegitari 65 zangirijwe n’amazi adafite inzira acamo

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Hari abaturage bo mu murenge wa Muko bafite imirimo mu kibaya cya Kiyababa mu karere ka Musanze bavuga ko bahangayikishijwe n’amazi aturuka mu mirenge bahanye imbibi akisuka mu kibaya akangiriza imyaka yabo n’ibikorwa remezo, kugeza aho hegitari 65 zimaze kwangirika.
Ubwo Mamaurwagasabo yageraga muri iki kibaya abaturage bagaragaje imvamutima zabo aho bavuga ko mu rwego rwo gukumira ibiza amazi yakorerwa inzira agakomeza akagira aho ajya.
Nyirakabanza (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Hari abaturage bakomeje kunywa amazi y'ikiyaga
Burera: Hari abaturage bakomeje kunywa amazi y’ikiyaga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera, Umurenge wa Kagogo, mu akagari ka Nyamabuye baravuga ko bahangayikishijwe no kuvoma ibirohwa mu kiyaga bitewe nuko muri robine nta mazi akibamo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho bavuga ko bakora urugendo bagiye kuvoma mu kiyaga cya Burera baturanye nacyo.
Umwe muri aba baturage witwa Barayagwiza Vincent yagize ati: "Twavomaga ku mugezi tugakoresha amazi meza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abagana amaresitora n'amahoteli barakemanga isuku idahagije mu bikoni
Musanze: Abagana amaresitora n’amahoteli barakemanga isuku idahagije mu bikoni

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, barashinja banyiri mahoteli na za resitora kuba baradohotse mu kwita ku isuku y’ahategurirwa amafunguro ngo bitewe nuko basigaye bahura n’ibibazo byo mu nda iyo bafashe ayo mafunguro.
Ibi babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo, bavuga ko muri aka karere uko amaresitora n’amahoteli yiyongera ariko bamwe batita ku isuku bihagije ariko ngo ubanza n’ubuyobozi bwaradohotse butakigenzura isuku kenshi. (…)

424 Shares 4 Comments
Inzobere mu mibare zisanga abakobwa bagifite imbogamizi mu guhitamo kwiga siyanse
Inzobere mu mibare zisanga abakobwa bagifite imbogamizi mu guhitamo kwiga siyanse

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu banyamibare baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda basanga abakobwa bagifite imbogamizi ikomeye ituma batitabira kwiga amasomo y’ubumenyi (Science).
Babigarutseho ubwo basozaga ishuri ry’imibare bari bamazemo ibyumweru bibiri mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya Ines Ruhengeri.
Ni ibiganiro byibanze ku bijyanye na gahunda yo gushishikariza abakobwa gukunda no kwiga imibare aho bamwe mu nzobere zitabiriye ibi biganiro zavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Baracyagorwa no gukora urugendo rurerure bagiye kuvumba umuriro w'amashanyarazi muri Santere ya Kadahenda
Nyabihu: Baracyagorwa no gukora urugendo rurerure bagiye kuvumba umuriro w’amashanyarazi muri Santere ya Kadahenda

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu , mu Murenge wa Karago baravuga ko bakigorwa no gukora urugendo rurerure bagiye kuvumba umuriro w’amashanyarazi muri santere ya kadahenda ngo kuko baheze mu icuraburindi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Karaga bavuga ko bagikoresha ibishishimuzo (ibikara) na matodowa kugira ngo binjire mu nzu , bakaba ariho bahera basaba ubuyobozi ko bwabegereza umuriro w’amashanyarazi nabo bakishima (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze : Abanyeshuri 61 b'incuke ba Wisdom Schools barimo n'abanyamahanga bemerewe kujya mu mashuri abanza
Musanze : Abanyeshuri 61 b’incuke ba Wisdom Schools barimo n’abanyamahanga bemerewe kujya mu mashuri abanza

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri 61 b’incuke biga mu ishuri rya Wisdom Schools barimo n’abanyamahanga basoje icyiciro cy’incuke (Nursery top class) bahabwa n’impamyabumenyi zibemerera kujya mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza (Primary).
Ni ibirori byabereye ku cyicaro gikuru cy’ishuri rya Wisdom Schools riherereye mu murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze aho ababyeyi n’abana babo bari bitabiriye uyu munsi mukuru ukunze kuba buri mwaka.
Bamwe mu babyeyi baganiriye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru