Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Mugabe Aristide yasezeye burundu gukina Umukino wa Basketball nk'uwabigize umwuga

Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)

Abakinnyi n'abatoza bazavamo uwahize abandi mu 2021 ku Isi bamenyekanye
Abakinnyi n’abatoza bazavamo uwahize abandi mu 2021 ku Isi bamenyekanye

Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi, FIFA ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11, n’abatoza bagomba kuzahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi bikazamenyekana tariki ya 17 Mutarama 2022, ibirori bizabera ahitwa Zurich mu Budage.
Mu rutonde ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru Ku isi "FIFA" yashyize ahagaragara ruriho abakinnyi bakomeye Ku Isi Mu gihe umwaka ushyize Robert Lewandowski ukinira Bayern Munich ariwe wegukanye iki gihembo (…)

424 Shares 4 Comments
Polisi yaburiye abakomeje guhimba ibyangombwa byo kwinjira muri Sitade
Polisi yaburiye abakomeje guhimba ibyangombwa byo kwinjira muri Sitade

Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Ugushyingo 2021, Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 15 bakekwaho guhimba ubutumwa bugaragaza ko bipimishije Covid-19 Kandi ubwo butumwa ari baringa.
Umukino wahuje APR fc na Rayon sports bamwe mu bafana bagaragaje bafite ubutumwa mpimbano aho kuri ubu bagiye gukurikiranwa n’amatego .
Mu kiganiro yagiranye na Radio y’Igihugu, umuvugizi wa police y’u Rwanda CP John Bosco Kabera araburira abakora ayo manyanga .
Yagize ati (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ese amakipe yo mu Rwanda aracyakoresha amarozi, Ndoli yagize cyo abivugaho
Ese amakipe yo mu Rwanda aracyakoresha amarozi, Ndoli yagize cyo abivugaho

Ndayambaje Jean Calude
Kuri uyu wa mbere Tariki ya 22 Ugushyingo 2021, kuri stade ya Kigali i Nyamirambo habereye umukino w’umunsi wa Kane wa shampiyona wahuje Police fc na Gorilla fc warangiye amakipe yombi aguye miswi 0-0.
Abantu batunguwe cyane no kubona umunyezamu ufite ubunararibonye (Experience) mu mupira w’Amaguru hano mu Rwanda akoresha icyo benshi bafata nk’amarozi ubwo yagendaga ashyira ibintu mu mazamu bagiye gutangira umukino, nyamara ngo kuri we ni (Mind-game).
Uyu (…)

424 Shares 4 Comments
Essomba Onana afashije Rayon sports kunyagira Bugesera fc, Etoile de l'Est itsindwa na Musanze fc
Essomba Onana afashije Rayon sports kunyagira Bugesera fc, Etoile de l’Est itsindwa na Musanze fc

Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye Bugesera FC mbere yo gucakirana na APR FC mu mikino w’umunsi wa Kane wa Shampiyona y’u Rwanda, PNL 2021-2022.
Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Ugushyingo 2021, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, aho Rayon Sports yakiriye Bugesera FC itozwa na Abdul Mbarushimana, umukino urangiye ibitego 3-1. Wari umukino w’umunsi wa Gatatu witabiriwe n’abafana batari bake.
Abakinnyi ba banje mu kibuga ku ruhande rwa Rayon (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubusabe bwa APR FC bwo gusubika umukino na Rayon sports bwatewe utwatsi
Ubusabe bwa APR FC bwo gusubika umukino na Rayon sports bwatewe utwatsi

Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakuriye inzira ku murima ubusabe bw’ikipe y’Ingabo z’Igihgu, APR, yari yasabye ko umukino ugomba kuzayihuza na Rayon Sports ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha wasubikwa bitewe n’umukino ya CAF irimo kwitegura.
Tariki ya 23 ugushyingo, APR fc ifite umukino na Rayon Sport uteganyijwe kuzabera i kigali ku munsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda.
Mu ibaruwa ikipe ya APR FC yari yandikiye Ferwafa ku wa 16 (…)

424 Shares 4 Comments
Rutahizamu wa APR fc agiye gukora ubukwe
Rutahizamu wa APR fc agiye gukora ubukwe

Ndayambaje Jean Claude
Byiringiro Lague ukinira APR fc n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Kelia Uwase buzaba mu kwezi gutaha tariki ya 4 Ukuboza 2021.
Uyu musore aherutse kugira ikibazo mu mukino ubanza wahuje Kenya n’u Rwanda kuri ubu usigaye akina yambaye "casque" mu mutwe bitewe n’ikibazo yagize ubwo u Rwanda rwakinaga na Kenya nyuma yo kugongana n’umukinnyi w’iyi Kipe byatumye igufa ryo mu mutwe ryangirika mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka wa 2021. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Impamvu yatumye Rafael York asubira ikabagahu muri Suede adakiniye u Rwanda
Impamvu yatumye Rafael York asubira ikabagahu muri Suede adakiniye u Rwanda

Umukinnyi Rafael York wari wahamagawe gukinira Amavubi ku mukino na Harambee Stars ya Kenya kuri ubu yamaze gusubura ikubagahu mu gihugu cya Suede ikibazo cy’umuryango we agiyemo.
Rafael yahamagawe bwa mbere muri Kamena uyu mwaka gukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, kimwe nabandi bakinnyi bajya bahamagarwa ngo baze gufasha igihugu mu guhatana mu mikino runaka.
Amakuru aturuka muri Kenya mbere y’uko u Rwanda rukina umukino wanyuma mu itsindwa E, ni uko kuri uyu wa Gatandatu (…)

424 Shares 4 Comments
Mugisha Samuel yabonye ikipe nshya yo muri Afurika y'Epfo
Mugisha Samuel yabonye ikipe nshya yo muri Afurika y’Epfo

Ndayambaje Jean Claude
Mugisha Samuel, umukinnyi w’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare (Team Rwanda) yasinyiye ikipe yitwa ProTouch yo muri Afurika y’Epfo, akaba abaye Umunyarwanda wa 4 werekeje muri iyi kipe.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ugushyingo 2021, Mugisha Samuel Kapiteni w’ikipe y’igihugu Y’amagare yageze Protouch yo muri Afurika y’Epfo.
Uyu musore yigeze gukina muri Tour du Faso yabaye mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukwakira aho yasoje isiganwa ryose ari ku mwanya wa 40 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amakuru yo kugaruka muri Rayon sports ntabwo nyazi-Kwizera
Amakuru yo kugaruka muri Rayon sports ntabwo nyazi-Kwizera

Ndayambaje Jean Claude
Umuzamu Kwizera Olivier biravugwa ko ategerejwe mu ikipe ya Rayon Sports, nyirubwite ariko akavuga ko kugeza ubu atazi niba agomba kugaruka muri iyi Kipe nkuko bikomeje kugarukwaho mu itangazamakuru.
Nyuma y’umunsi wa Kabiri wa shampiyona y’u Rwanda 2021-2022 ibiganiro birarimbanije hagati ya Rayon sports na Kwizera Olivier, kugeza ubu udafite ikipe abarizwamo, nyuma yaho iyi kipe izwi nka Gikundiro inganyije na Rutsiro fc ibitego 2-2 ku makosa yaturutse ku (…)

424 Shares 4 Comments
Xavi Hernandez wakiniye Barcelona yahawe kuyitoza
Xavi Hernandez wakiniye Barcelona yahawe kuyitoza

Ndayambaje Jean Claude
Xavi Hernandez, wagize ibihe byiza mu ikipe ya FC Barcelona niwe ugiye kuyitoza nk’Umutoza Mukuru nyuma yuko iri mu bihe bibi yifuza gusohokamo.
Ikipe yo muri Quatar yitwa Al Sadd yamaze kwemerera Xaxi ko yakwerekeza muri Espagne gutoza Fc Barcelona, mu minsi yashyize iyi Kipe ikaba yari yaranze Kumuha uburenganzira bwo gusohoka muri iyi Kipe kuko yari agifite amasezerano yayo agera ku myaka ibiri.
Hernandez ufite igikombe ari kumwe na Messi
Uyu Mugabo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru