Dallas, Texas kuri uyu wa Kabiri saa tatu z’ijoro ku isaha yo mu Rwanda, amakipe y’ibihangange mu mupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, u Bufaransa (France) na Espagne (Spain), aracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu ni umwe mu mikino utegerejwe cyane muri iri rushanwa kuko uhuza amakipe abiri amaze kwitwara neza kuva ryatangira.
Mu rugendo rwo kugera muri 1/2, u Bufaransa bwitwaye neza, aho bwatangiye butsinda Suède ibitego 3-0 muri 1/32, bukurikiraho Paraguay 1-0 (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Maroc bakunze gutazira Lions de l’Atlas, yatangiye neza mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika kiri kubera Cameroun ku nshuro ya 33 aho yatsinze Ghana igitego 1-0 mu mukino wa mbere wo mu Itsinda rya C wabereye kuri Stade yiswe Ahmadou Ahidjo, mu gihe Senegal yatsinze igihugu cya Zimbabwe igitego 1-0 ku isegenda rya nyuma.
Wari umukino wa mbere wahuje aya makipe yombi Maroc na Ghana waje kubonekamo igitego kimwe gusa cyatsinzwe na Sofiane Boufal ku (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yaho Minisiteri ya Siporo ifashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa bya siporo mu Rwanda n’amarushanwa mu gihe cy’iminsi 30 ivuga ko Ari ukubera ubukana n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Covid-19, benshi mu bakunzi n’abanyamakuru ba siporo ntibabyakiriye neza kuko bagiye banenga iki cyemezo, bavuga ko bitari bikwiye ko shampiyona y’umupira w’amaguru ihagarikwa.
Tariki ya 30 Ukuboza 2021 ni bwo Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yari yatangaje ko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakinnyi bakomeye bane ba Paris saint -Germain barimo na Rutahizamu Lionel Messi bamaze kwandura COVID-19.
Umutoza Mauricio Pochettino yahise atangaza ko abakinnyi 4 batari bugaragare ku mukino iyi Kipe yo mu Bufaransa ifite kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere mu Irushanwa rya Coupe de France, aho bagomba gukina Vannes ibarizwa mu cyiciro cya Kane.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku Cyumweru tariki ya 2 Mutarama 2022 umutoza Mauricio (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 22 Ukuboza 2022 shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yakomeje igeze Ku munsi wa 10 ubwo hakinwaga imikino 5 mu gihe kuwa Kane hategerejwe indi mikino 3.
Mu mikino y’umunsi wa cumi wa shampiyona y’u Rwanda yabaye kuri iki gica musi ,amakipe arimo APR fc na Police zakinnye zidafite abatoza bakuru bitewe nuko basanzwemo icyorezo cya Covid-19 mu gihe Musanze Fc yihereranye Marine fc iyitsinda ibitego 5-1 mu mvura (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Rayon Sports yamaze guhagarika abakinnyi bayo babiri ari bo Mitima Isaac na Habimana Hussein bakunze kwita "Eto’o" Kubera imyitwarire mibi.
Umuvugizi wa Rayon sports Nkurunziza Jean Paul yabwiye itangazamakuru ko bahagaritse aba bakinnyi kubera imyitwarire idahwitse gusa ntiyeruye ngo avuge icyo bakoze nubwo bivugwa ko banze kwitabira inama yo gutegura umukino iyi Kipe yatsinzemo As Kigali ibitego 2-1, ibintu byaviriyemo umutoza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Mukura Victory Sports yo mu karere ka Huye yamaze gutangaza ko yahagaritse Umutoza Ruremesha Emmanuel, bikekwa ko icyatumye ahagarikwa ari umusaruro muke."
Ibi bibaye nyuma yo gutsindwa na Kiyovu Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 9 wa Shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatandatu, kuri stade mpuzamahanga ya Huye, ibintu bitavuzweho rumwe n’abakunzi ba Mukura bakomeje gukemangwa imitoreze ya Ruremesha.
Sadiki Eugene, Umuyobozi wa Mukura (…)
Ndayambaje Jean Claude
Mu myitozo ya nyuma itegura umukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona y’u Rwanda Primus national league 2021-2022 kuri Musanze fc imihigo yo gutahana amanota atatu imbere ya Kiyovu irakomeje.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Ugushyingo 2021, ahagana Saa sita zuzuye nibwo Ikipe ya Musanze fc yakoze imyitozo ya nyuma kuri stade Ubworoherane bitegura umukino bafitanye na Kiyovu Sports itozwa na Haringingo Francis ukomoka mu gihugu cy’u Burundi.
Ni umukino wamaze (…)
Ndayambaje Jean Claude
Umudage, Ralf Rangnick, yamaze kugirwa umutoza wa Manchester United mu gihe kingana n’amezi atandatu ndetse akazaguma muri iyi kipe mu rwego gukomeza kuyubaka mu buryo burbye bw’igihe kirekire
Kuri uyu wa Kane uyu ya 25 Ugushyingo 2021, inkuru yabaye kimomo mu binyamakuru bikorera mu mujyi was Manchester united bivuga ko Ralf Rangnick yamaze gushyira umukono Ku masezerano muri Manchester united.
Nyuma yaho ikipe ya Manchester United itandukanye na Ole Gunnar (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi, FIFA ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11, n’abatoza bagomba kuzahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi bikazamenyekana tariki ya 17 Mutarama 2022, ibirori bizabera ahitwa Zurich mu Budage.
Mu rutonde ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru Ku isi "FIFA" yashyize ahagaragara ruriho abakinnyi bakomeye Ku Isi Mu gihe umwaka ushyize Robert Lewandowski ukinira Bayern Munich ariwe wegukanye iki gihembo (…)
Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Ugushyingo 2021, Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 15 bakekwaho guhimba ubutumwa bugaragaza ko bipimishije Covid-19 Kandi ubwo butumwa ari baringa.
Umukino wahuje APR fc na Rayon sports bamwe mu bafana bagaragaje bafite ubutumwa mpimbano aho kuri ubu bagiye gukurikiranwa n’amatego .
Mu kiganiro yagiranye na Radio y’Igihugu, umuvugizi wa police y’u Rwanda CP John Bosco Kabera araburira abakora ayo manyanga .
Yagize ati (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















