Dallas, Texas kuri uyu wa Kabiri saa tatu z’ijoro ku isaha yo mu Rwanda, amakipe y’ibihangange mu mupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, u Bufaransa (France) na Espagne (Spain), aracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu ni umwe mu mikino utegerejwe cyane muri iri rushanwa kuko uhuza amakipe abiri amaze kwitwara neza kuva ryatangira.
Mu rugendo rwo kugera muri 1/2, u Bufaransa bwitwaye neza, aho bwatangiye butsinda Suède ibitego 3-0 muri 1/32, bukurikiraho Paraguay 1-0 (…)
Ndayambaje Jean Claude
Musanze Cycling Club "MCC" ni ikipe yo mu karere ka Musanze, mu Ntara y’Amajyaruguru, imaze umwaka urenga ishinzwe irimo yo gutegura amarushanwa yo gusiganwa ku magare mu rwego rwo gukomeza kumenyereza abakinnyi gukina amarushanwa akomeye.
MCC iheruka kwitabira Irushanwa ryo "Gukunda Igihugu" aho yari ifitemo abakinnyi bagera kuri 5 bakaba baragerageje kwitwara neza ugereranyije n’uburyo batari bamenyeye amarushanwa ari naho umuyobozi Mukuru wayo Bwana (…)
Ndayambaje Jean Claude
Antonio conte wigeze gutoza Chelsea na Inter Milan yo mu butaliyani, yerekeje muri Tottenham Hotspur yo mu gihugu cy’Ubwongereza akaba yasinye imyaka ibiri muri iyi Kipe kuko aya masezerano azageza muri 2023.
Aje muri iyi kipe yo mu Bwongereza asimbuye Nuno Espirito Santo wirukanywe kubera umusaruro muke, akaba asanze iyi Kipe iri ku mwanya wa 8 ku rutonde rwa shampiyona, mu mikino 17.
Uyu mugabo ukomoka mu Butaliyani afite imyaka 52 aheruka mu Bwongereza (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Fatima y’abari n’abategarugori yatewe mpaga na Kamonyi nayo y’abari n’abategarugori ku munsi wa Mbere wa Shampiyona yatangiye kuri uyu wa Mbere Tariki ya 1 Ugushyingo 2021.
Mu mukino wa Mbere wagombaga kubera kuri stade Ubworoherane ku isaha ya Saa 14h00’ hagati ya Fatima women football club na Kamonyi women football club ntiwabaye bitewe nuko Ambulance yageze Ku kibuga nta Muganga ifite bisaba ko baterwa mpaga y’ibitego 3-0.
Twifuje kumenya icyatumye (…)
Ndayambaje Jean Claude
Nyuma y’ubwumvikane buke bwagiye bwumvikana mu ikipe ya Musanze fc ndetse bamwe mu bakinnyi bakagenda bikoma team manager bavuga ko batumvikana nawe kuri ubu yamaze gusezera inshingano ze muri iyi Kipe.
Duheruka kubagezaho inkuru ko mu nama yahuje ubuyobozi bwa Musanze fc n’abakinnyi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ukwakira 2021 bagaragaje ko badashaka team manager ubwo we atari muri iyi nama kuko yari mu mahugurwa i Kigali yateguwe na UEFA .
Aganira na (…)
Ndayambaje Jean Claude
Umunya-Maroc Youssef Rharb afashije ikipe ya Rayon sports gutsinda Mukura victory mu mukino wa mbere wa shampiyona 2021.
Igitego cya mbere cya Rayon Sports cyabonetse mu minota ya mbere gitumye yegukana amanota atatu nyuma yo gutsinda Mukura victory sport igitego 1-0 Ku mukino wa mbere kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo.
Ku nshuro ya mbere ubwo hanafungurwaga Champiyona y’u Rwanda yitiriwe Umuterankunga, Primus National League, abafana bitabiriye imikino (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya REG basketball club yatsinze Patriots BBC amanota 66-63 mu mukino wa mbere wa Kamarampaka yakinwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu hakaba hategerejwe umukino wa Kabiri uza kuba kuri uyu wa Gatandatu muri Kigali Arena.
Aya makipe yombi yahuriye Ku mukino wanyuma usoza Shampiyona ya Basketball 2020-2021 ifite umuterankunga wa Banki ya Kigali. Patriots BBC na REG BBC ni amakipe akunze guhangana cyane kuko mu mwaka ushyize byasabye ko bisobanura bageze ku (…)
Ndayamaje Jean Claude
Mu ikipe ya Musanze fc haravugwamo umwuka utari mwiza hagati mu bayobozi batarimo kumvikana n’abakinnyi, bivugwa ko n’abatoza batarimo gucana uwaka hagati ubwabo ndeste na komite y’ikipe ikaba itarimo kumvikana ku byemezo bifatwa.
Musanze fc ni ikipe ibarizwa mu karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, kuri ubu ikaba iri mu maboko y’abikorera iyoborwa na Tuyishimire Placide bakunze kwita (Trump) ikaba imaze imyaka irenga itandatu mu cyiciro cya Mbere. (…)
Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yamaze gushyira ahagaragara ingengabihe ya shampiyona y’abagore mu cyiciro cya Mbere aho igiye kwitabirwa n’amakipe 9.
Nyuma y’igihe kitari gito Shampiyona y’abagore idakinwa bitewe n’icyorezo cya COVID-19 bituma iyi shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu bagore ihagarara igiye kongera gukinwa nkuko byatangajwe na Ferwafa.
Imikino ibanza izakinwa mu minsi 56, kuva tariki ya 1 Ugushyingo 2021 kugeza tariki ya 26 (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda muri CAF Confederation Cup, yasezerewe itarenze ijonjora rya kabiri nyuma yo gutsindwa na Daring Club Motema Pembe ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kinshasa.
kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 ikipe ya ( DCMP), Daring Club Motema Pembe yari yakiriye As Kigali I Kinshasa mu mu mukino wa CAF confederation cup warangiye As kigali isezerewe muri iri rushanwa.
DCMP ibaye ikipe ya Mbere yo muri (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ibifashijwemo n’umunya-Misiri Mohamed Salah ikipe ya Liverpool yanyagiye Manchester ibitego 5-0 umukino wabonetsemo ikarita y’umutuku Ku ruhande rwa Manchester united.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 ikipe ya Liverpool yasanze Manchester mu rugo mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’ubwongereza wabereye kuri Old Trafford birangiye ikipe ya Manchester itsindiwe mu rugo.
Liverpool itozwa na Klope ihagaze neza ku buryo , yaje gufungura (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















