Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Ndayamaje Jean Claude
Mu ikipe ya Musanze fc haravugwamo umwuka utari mwiza hagati mu bayobozi batarimo kumvikana n’abakinnyi, bivugwa ko n’abatoza batarimo gucana uwaka hagati ubwabo ndeste na komite y’ikipe ikaba itarimo kumvikana ku byemezo bifatwa.
Musanze fc ni ikipe ibarizwa mu karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, kuri ubu ikaba iri mu maboko y’abikorera iyoborwa na Tuyishimire Placide bakunze kwita (Trump) ikaba imaze imyaka irenga itandatu mu cyiciro cya Mbere. (…)
Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yamaze gushyira ahagaragara ingengabihe ya shampiyona y’abagore mu cyiciro cya Mbere aho igiye kwitabirwa n’amakipe 9.
Nyuma y’igihe kitari gito Shampiyona y’abagore idakinwa bitewe n’icyorezo cya COVID-19 bituma iyi shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu bagore ihagarara igiye kongera gukinwa nkuko byatangajwe na Ferwafa.
Imikino ibanza izakinwa mu minsi 56, kuva tariki ya 1 Ugushyingo 2021 kugeza tariki ya 26 (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda muri CAF Confederation Cup, yasezerewe itarenze ijonjora rya kabiri nyuma yo gutsindwa na Daring Club Motema Pembe ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kinshasa.
kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 ikipe ya ( DCMP), Daring Club Motema Pembe yari yakiriye As Kigali I Kinshasa mu mu mukino wa CAF confederation cup warangiye As kigali isezerewe muri iri rushanwa.
DCMP ibaye ikipe ya Mbere yo muri (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ibifashijwemo n’umunya-Misiri Mohamed Salah ikipe ya Liverpool yanyagiye Manchester ibitego 5-0 umukino wabonetsemo ikarita y’umutuku Ku ruhande rwa Manchester united.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 ikipe ya Liverpool yasanze Manchester mu rugo mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’ubwongereza wabereye kuri Old Trafford birangiye ikipe ya Manchester itsindiwe mu rugo.
Liverpool itozwa na Klope ihagaze neza ku buryo , yaje gufungura (…)
Ndayambaje Jean Claude
Rutahizamu wa Real Madrid, Karim Benzema, yasabiwe n’ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa igifungo cy’amezi icumi asubitse kubera icyaha akekwaho cyo kugira uruhare mu kwaka amafaranga umukinnyi witwa Mathieu Valbuena bakinanye mu ikipe y’Igihugu y’Ubufaransa kugira ngo hadashyirwa hanze amashusho yafashwe y’uyu mugabo ari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.
Benzema ni umwe mu bantu 5 bakurikiranywe n’ubutabera bitewe n’amakosa bakoze mu 2015, ndetse (…)
Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda "FERWAFA"", yashyize ahagaragara ingengabihe y’uburyo amakipe azahura muri shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2021-2022 igomba gutangira tariki ya 30 Ukwakira 2021.
Ikipe ya APR FC yatwaye igikombe cy’umwaka ushyize izatangira yakira kuri Gicumbi FC iheruka kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere, uyu mukino uzaba tariki ya 31 Ukwakira 2021.
Ikipe Rayon Sports bakunze gutazira "Gikundiro" bitewe n’abafana benshi ifite (…)
Ndayambaje Jean Claude
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda, Imisambi ya Uganda, Micho Milutin Sredojević, yahamwe n’ ibyaha 2 by’ihohotera rishingiye gitsina ndeste akaba yakatiwe igifungo cy’ imyaka itatu ariko isubitse.
Urukiko rwo muri Afurika y’epfo rwa Gqeberha rukaba rwarahoze ari urwa Port Elizabeth, rwamaze gukatira Micho igifungo cy’imyaka itatu bitewe n’ibyaha by’ihohotera aregwa.
Uyu munya-Serbia wigeze no gutoza Amavubi Stars nyuma yo kumenyeshwa ko yahamwe n’ibyaha (…)
Imikino ya Champions league yakomeje Liverpool ibona itsinzi bigoranye Manchester city ingagira Club Brugge
Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Ukwakira 2021 nibwo ikipe ya APR Fc yahagurutse i Kigali yerekeza i Tunis muri Tunisia aho igiye mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league igomba gucakirana na Etoile Sportive du Sahel.
Mu cy’umweru gishyize nibwo Etoile du Sahel yari yaje i Kigali mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo mu mukino wayihuje na APR FC warangiye banganyijemo 1-1.
Igitego cya APR Fc cyatsinzwe na Djabel Manishimwe bitanga (…)
Ndayambaje Jean Claude
Amakipe ya REG BBC na Patriots BBC agiye kongera guhurira ku mukino wa nyuma wa play-offs, imikino isoza Shampiyona ya Basketball mu cyiciro cy’abagabo, nanone kandi REG WBBC mu bagore izakina na The Hoops Rwanda mu mukino wa nyuma.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 17 Ukwakira 2021, mu mikino ya basketball ni bwo habaye imikino ya ½ cya play-offs mu cyiciro cy’abagore ndetse n’abagabo.
Patriots basketball club nk’ikipe ifite igikombe cya Shampiyona (…)
Umutoza Ruremesha yahagaritswe na Mukura victory sports
20 December 2021
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























