Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

U Rwanda rugiye kubona inkingo miliyoni 3.5 za Phizer kugeza mu Kuboza 2021

Tuesday 1 June 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Muri gahunda yo kurushahi gukingira umubare munini w’Abanyarwanda icyorezo cya COVID-19, Leta y’u Rwanda igiye kuzabona izindi nkingo zigera kuri miliyoni eshatu n’ibihumbi magana atanu. (m 3.5) kugeza mu mpera z’uyu mwaka wa 2021.}

Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel ubwo yasobanuriraga Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru RBA uko gahunda y’ikingira iteganyijwe kugera ku baturage benshi bashobora.

Yagize ati "Dufite izindi nkingo nanone dutegereje mbere Yuko umwaka urangira, nazo Ni iza Phizer, ku buryo kugera mu moera z’uyu mwaka mu kwa 12 twiteguye kwakira inkingo miliyoni 3.5 za Phizer; bivuze ko gahunda iri kujya ku murongo mu minsi iri imbere tuzazamura umubare w’abo dukingira mu gihugu."

Minisitiri Ngamije yongeyeho ko no mu mpera z’uku kwezi kwa Gatandatu gutangiye u Rwanda ruzabona izindi nkingo za COVID-19.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru