Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Ambasaderi wa DRC mu Bufaransa yahamagajwe

Friday 30 December 2022
    Yasomwe na

Isabel Tshombe wari uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Bufaransa yahamagajwe n’igihugu cye kugira ngo agire ibyo abazwa.

Amb. Tshombe yahamagajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’igihugu cye nyuma yo gushijwa kurigisa Miliyoni € 2.5.

Si ibyo gusa kuko hari n’amakuru avuga ko yatwaye menshi kurusha avugwa, iperereza rikaba rigikomeje.

Jeune Afrique ivuga ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi Christophe Lutundula ari we wohereje ibaruwa muri Ambasade y’igihugu cye mu Bufaransa, ategeka ko Tshombe ataha bitarenze taliki 15, Mutarama, 2023.

Uyu mugore yatangiye guhagararira igihugu cye mu Bufaransa muri Mutarama, 2022.

Ibaruwa imusobanurira impamvu atumijwe, ifite paji ebyiri ikaba yaramugezeho taliki 27. Ukuboza, 2022.

Nagera i Kinshasa azitaba Komisiyo ya disipuline imubaze icyatumye ashora amaboko mu kigega cya Leta.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru