Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Angola: Ishyaka rya UNITA ryahamagaje imyigaragambyo

Friday 9 September 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Ishyaka ritavuga rumwe na Leta muri Angola, UNITA, ryahamagaje imyigaragambyo muri Rubanda.

Ni umwanzuro ryafashe rifatanyije n’andi mashyaka bahuje umugambi nyuma yuko ikirego ryatanze mu rukiko rushinzwe kurinda itegeko Nshinga rwanzuye ko rutakira ikirego ryatanze ku gusesa amatora yabaye tariki ya 24 Kanama yegukanwa n’ishyaka MPLA risanzwe ku bbutegetsi.

MPLA yatsindiye ku majwi 51%, naho ishyaka UNITA ryabaye irya kabiri ryo ryari rifite amajwi angana na 44%, ari nabwo bwa Mbere ryagize amajwi menshi kuva ryatangira guhatanira uyu mwanya.

Adalberto Costa Junior, umuyobozi wa UNITA, we yateye utwatsi ibyavuye mu matora, avuga ko hari itandukaniro hagati y’amajwi yavuye muri komisiyo y’amatora n’amajwi yabaruriwe mu ishyaka.

Yashinje komisiyo y’amatora uburiganya, cyane ko ari nayo genzurwa na MPLA.

UNITA n’andi mashyaka atavuga rumwe na leta yahise ahamagaza imyigaragambyo yo mu mahoro yo kwamagana ibyo bavuze ko ari amakosa yakozwe mu matora.

Mu bindi bibazo, ngo hari indorerezi 1300 mu gihugu gikubye kabiri u Bufaransa, abantu bapfuye bagera kuri miliyoni 2.7 bashyizwe ku rutonde rw’itora, kandi ngo MPLA yahawe igihe cy’ikirere cyo kwiyamamaza kurusha abanda nk’uku Rwanda tribune dukesha aya makuru ibivuga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru