Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Antony Blinken ategerejwe muri Congo-Kinshasa

Tuesday 9 August 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America ushinzwe ububanyi n’mahanga, Antony John Blinken, ategerejwe Congo-Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2022, gusa arabanza guhura na Perezida wa Congo, Felix Tshisekedi, aho bahurira mu ngoro ye iri ahitwa Mont-Ngaliema.

Aba bayobozi bombi biteganijwe ko bari bugirane ikiganiro kiza kumara isaha imwe, nyuma yaho akaza kubonana n’izindi ntumwa z’Abanyecongo n’Abanyamerica.

Isahmiri rishinwe itumanaho mu biro bya perezida wa Congo bavuga ko Perezida wa Congo ataza kubura no gukomoza ku bibazo by’ubufatanye ndetse n’ingamba zafatwa hagati ya Congo na USA.

Urubuga rwa Mediacomo ruvuga ko raporo iheruka ya y’impuguke za Loni yavugaka ko u Rwanda rutera inkunga umutwe wa M23, nabyo ngo ntibiri bubure kuganirwaho muri iki kiganiro baribugirane.

Nyuma yo kuganira kw’aba bayobozi, biteganijwe ko Anthony j. Blinken na munzi we Christophe Lutundula, baribuze kugirana ikiganiro n’itangazamakuru, abanyamakuru bagera kuri 40 baraza kuba bagizwe n’Abanyecongo n’Abanamerica, ibi ngo biraza kubera mu biro bya Africa y’unze Ubumwe kandi ibi biraza no kunyura kuri Television a Radio bya Congo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru