Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Britney Spears yerekanye ubwambure bwe abantu baravugishwa

Tuesday 1 March 2022
    Yasomwe na

Umuhanzikazi w’Umunyamerika Britney Spears wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize hanze amafoto ye, yereka abakunzi be ibyo bahishwe amaso yabo ku bwambure bwe, arekura amafoto ye yambaye ubusa, bumwe bita ’buriburi’.

Iki cyamamare cy’abana 2 ku myaka 40 y’amavuko,, yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yerekanye amafoto yambaye ubusa yafatiye ku nyanja aho amaze iminsi aruhukira n’umukunzi we Sam Asghari benda gushyingirwa. Aya mafoto akimara kuyerekana, yavugishishe abatari bacye ku mbuga nkoranyambaga.

Ikinyamakuru cy’imyidagaduro US Magazine cyatangaje ko Britney Spears yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga, ubwo yasohoraga amafoto ye ari ku nyanja yambaye ubusa.

Muri aya mafoto, uyu muhanzikazi nta kintu na kimwe yambaye uretse umukufi wo mu ijosi gusa. Ibi byatumye abantu barenga ibihumbi 50 basize ibitekerezo kuri aya mafoto bamunenga, ndetse abandi bamubwira ko yarengereye akwiye kwibuka ko ari umubyeyi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru