Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

50 Cent yatwitse imyenda n’inkweto by’uruganda rwa Gucci nyuma yuko rugaragaje ivangura ruhu(VIDEO)

Thursday 14 February 2019
    Yasomwe na

Yanditswe na: Pierre Romeo Imfurayabo
Umuhanzi w’icyamamare muri leta zunze ubumwe za Amerika Curtis James Jackson wamenyekanye cyane mu ruhando mpuza mahanga ku izina ry’ubuhanzi rya 50 CENT yatwitse imyenda ye yose n’inkweto biriho ikirango cya Gucci

Ibi bikaba bibaye nyuma yaho uru ruganda rukoresheje umwenda w’umukara uriho ikirango cya Gucci gusa mu rwamamaza uyu mwenda bakifashisha umuzungu, ibi bikaba byarahise bigaragariza abirabura benshi ko ibi Gucci yakoze ari ivangura ruhu kuko bashatse kwerekana ko uwo mwenda waba mwiza igihe waba wambawe n’umuzungu kurusha uko wakambarwa n’umwirabura.

KURIKIRA IYI LINK UREBE 50 CENT ATWIKA IMYENDA YA GUCCI

https://youtu.be/6Y6pSizQuc0?t=1

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru