Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Congo RDC yemeye kurekura abasirikare babiri b’u Rwanda yashimuse

Wednesday 1 June 2022
    Yasomwe na

Ku busabe bw’umuhuza wa Afurika yunze Ubumwe, Perezida wa Angola Joao Lourenco, igihugu cya Congo cyemeye kurekure mu mahoro abasilikare babiri b’u Rwanda cyashimise.

Ni nyuma yuko u Rwanda rutangaje ku mugaragaro ko Congo nikomeza ubushotoranyi ikanga no kurekura mu mahoro abasilikare barwo bashimuswe u Rwanda narwo ruzirwanaho nkuko n’ibindi bihugu byabikora.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Kamena, radio RFI yatangaje ko Perezida wa Congo , Felix Tshisekedi yemeye kurekura abasilikare b’u Rwanda FARDC yari yarashimuse bari ku burinzi, ku mupaka w’ibihugu byombi.

Abo basirikare ni Cpl Nkundabagenzi Elysee na Pte Ntwari Gad bafashwe na FDLR ifatanyije na FARDC mu Burasirazuba bwa Congo.

U Rwanda rwari rwavuze ko ruzi neza aho baherereye bityo bagomba kurekurwa inzira zikigendwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru