Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Hatarashira ukwezi Trump ahuye na Kim, N. Korea yarashe misile 2

Thursday 25 July 2019
    Yasomwe na

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Korea ya Ruguru buratangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane iki gihugu cyarashe misile ebyiri zombi zaguye mu Nyanja y’Ubuyapani.
Izi Misire zarashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, iya mbere yarashwe saa 05:34 iya kabiri iraswa 05:57.

Zarasiwe mu gace kitwa Wansan ko mu burasirazuba bwa Korea ya Ruguru. Zombi zagenze ibilometero 690.
Izi misire zirashwe hatarashira ukwezi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America ahuye na Kim Jong-un wa Korea ya Ruguru bahuye.

Minisitiri w’Umutekano w’Ubuyapani we yanyomoje amakuru ko ziriya misire zaguye mu Nyanja yabo ndetse ko zitahungabanyije umutekano w’iki gihugu.

Inkuru dukesha BBC

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru