Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC i Kitchanga

Monday 30 January 2023
    Yasomwe na

Ingabo za Leta ya Congo, FARDC zifatananyije n’inyeshyamba za FDLR bahanganye n’inyeshyamba za M23 bagamije kwisubiza Umujyi wa Kitchanga.

Ni imirwano iri kubera mu Bilometero 4 aho bahanganye n’inyeshyamba za M23 bagamije kwisubiza Umujyi wa Kitchanga.

Amakuru aravuga ko imirwano yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Mutarama 2023 ndetse ko mu rukerera aribwo igitero gikaze cyagabwe n’ingabo za Leta FARDC ku birindiro by’umutwe wa M23 biri ahitwa Kistimba (mu bilometero 4 ujya mu mujyi wa Kitshanga).

Ngo muri ako gace hari hamaze iminsi hari mu myiteguro y’urugamba cyane ko ibirindiro bya gisirikare by’ingabo za Leta FARDC byari i Kitchanga byimuriwe i Mweso.

Iki gitero cyagabwe n’ingabo za FARDC cyatumye habaho guhunga kw’abasivili benshi bakaba bari kwerekeza mu gace ka Mweso.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru