Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Israel yatangiye Kurasa ahahungiye abagore n’abana

Thursday 9 May 2024
    Yasomwe na

Igisirikare cya Israel cyatangije intambara mu gace kitwa Rafah, ahantu ivuga ko hahindutse indiri y’abarwanyi ba Hamas bahanganye.

Ni nyuma y’uko ibiteguje igihe kirekire ko izaharasa mu gihe hakomeje guhungira abarwanyi ba Hamas.

Ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko burinze bucya ibisasu bya Israel biri kugwa muri Rafah.

Aka gace ka Gaza muri iki gihe kabarurwamo abantu bagera kuri Miliyoni ebyiri.

Barimo abagore, abana n’abandi bahahungiye intambara Israel yatangije kuri Hamas nyuma y’igitero uyu mutwe wagabye muri Israel uyitunguye ukica abantu 12000 abandi 125 bagatwarwa bunyago.

Perezida wa Amerika Joe Biden asaba Israel kureka iyo mirwano kubera ishobora gutuma abasivili benshi bahasiga ubuzima.

Ndetse Amerika yavuze ko itagihaye Israel zimwe muri bombes yari yarayemereye.

Ambasaderi wa Israel muri UN witwa Gilad Erdan yavuze ko ibyavuzwe na Biden ‘bibabaje.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru