Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Koreya y’Epfo yarashe urufaya rw’amasasu ku ndge y’uburusiya yariri kuneka

Tuesday 23 July 2019
    Yasomwe na

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo

Koreya y’epfo yarashe amasasu y’urufaya kundege y’igihugu cy’uburusiya yarimaze kuvogera ikirere cyabo ubugira kabiri.

Koreya y’Epfo yatanagje ko hakoreshejwe amasasu y’urufaya agera mu magana yaraswaga n’imbunda nini izwi ku zina rya machine gun mu cyongereza. Igigu cy’uburusiya gisa naho cyanekaga Koreye y’Epfo ariko gikoresheje indge y’ubushinwa gusa Uburusiya bwahakanye ibyatangajwe.

Nyuma y’ibyabaye, byanatumye igihugu cy’Ubuyapani nabwo nacyo kigira icyo kivuga ko nacyo cyabonye iyo ndge itembera mu birwa bigenzurwa na Koreya y’Epfo.

Ubuyapani kandi bwahise bwohereza ubutumwa bwiyama igihugu cy’Uburusiya gukomeza kohereza indege z’inetsi mu birwa cyangwa mu kirere cya Koreya Y’Epfo gusa na none ubuyapani butangaza ko kuba Koreya y’Epfo yarashe kuri iriya ndege atri ibintu byiza ndetse bitagomba kwihanganirwa.

Inkuru dukesha BBC

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru