Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Koreya ya Ruguru igiye kugerageza igisasu Karundura cya Gatatu

Wednesday 12 January 2022
    Yasomwe na

Umutegetsi w’Ikirenga wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yategetse abahanga be mu byo gucura ibisasu kirimbuzi kugira vuba na bwangu bagacura Misile karundura ya Gatatu, bagakaza ubwirinzi bw’igihugu cye, mu cyo yise Gukaza imbaraga za Gisirikare.

Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu ubwo yagaragaye yitegereza aho imirimo yo kwitegura kugerageza igisasu cyo mu bwoko bw’ibyitwa "Hypersonic", bifite umuvuduko ukubye kabiri uw’ijwi.

Uyu mutegetsi udakangwa n’ibihano igihugu cye gishyirirwaho n’amahanga akomeye, aherutse kugerageza igisasu nk’icyo cya Kabiri akanama k’umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano gahita gaterana igitaraganya kikanga ko yazagira icyo azikoresha gitunguranye, cyane ko Kim azwiho kutavugirwamo ku rugero bamwe babifata nk’ikibazo cyo mu mutwe kubera ibyo ashobora gukora iyo yariye karungu.

Kubaka ibyo bisasu bishobora kwitura ahantu ntawumenye aho biturutse, ni ibiri muri gahunda y’imyaka itanu uyu mutegetsi yihaye.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru