Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente asohoye andi mabwiriza MASHYA, afunga amashuri abakozi bategekwa gukorera mu ngo

Tuesday 29 June 2021
    Yasomwe na

MUTUNGIREHE SAMUEL

Aya mabwiriza asohowe nyuma yuko hari hataruzura ibyumweru bibiri Inama y’Abaminisitiri iyobowe na Perezida Kagame yafashe ingamba zishyiraho Guma mu Karere ari nayo Abanyarwanda barimo kubahiriza.

Aya mabwiriza MASHYA yashyizweho kuri uyu wa Kabiri, azatangira gushyira mu bikorwa guhera tariki ya Mbere Nyakanga 2021 amare ibyumweru bibiri.

Ingamba nshya za mbere ni izireba Umujyi waKigali n’uturere Umunani ari two Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana”.

Utundi turere dusigaye natwo amasaha y’ingendo n’ibindi byahindutse.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru