Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Mu Rwanda abahamwe n’ibyaha bagera ku 3596 bafunguwe

Monday 18 May 2020
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre

Nkuko imyanzuro y’inama yabaminisitiri ibitangaza, abagororwa 3596 bahamwe nibyaha bitandukanye bafunguwe.

hifashishijwe ikoranabuhanga Inama y’abaminisitiri yateranye kuru wa 18 / 05 /2020 yiga kubibazo bitandukanye ndetse harimo no kwiga kuburyo bwo guhashya icyorezo cya coronavirus gihangayikishije isi, aho kurubu habarurwa abagera kuri 297 banduye coronavirus abagera kuri 203 bakaba barayikize.

Inama yabaminisitiri yemeje ko abagororwa 3596 bahamwe nibyaha bafungurwa, ni nyuma yuko nyakubahwa Perezida wa repubulika y’urwanda Paul KAGAME atangaje ko yahaye imbabazi umugore umwe(1) ndetse nabakobwa mirongo itanu (50) bari barakatiwe n’inkiko bazira gukuramo inda, hanagaragajwe imyanzuro yafashe kubijyanyo no kwirinda ndetse no guhashya icyorezo cya coronavirus mu gihugu cy’urwanda

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru