By Imfurayabo Pierre
Icyorezo cya coronavirus cyugarije isi n’urwanda rurimo kigenda gifata indi ntera aho mu rwanda habarirwa abagera kuri 582 banduye iyindwara ya coronavirus.
Urwanda ruri mu bihugu byafashe ingamba zo guhashya icyorezo cya coronavirus gusa hagiye havuka ibibazo bimwe nabimwe byabantu bagenda baturuka hanze y’igihugu bigatuma mu rwanda umubare wabarwaye coronavirus wiyongera
Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus
kuva kuri uyu wa mbere taliki ya 15 kamena harafatwa ibipimo by’abantu benshi hirya no hino muri kigali kugirango harebwe niba koko indwara yaba yarageze mu baturage
ibi bizamini nibyo bizagenderwaho kugirango hafatwe ingamba nshya zo gukomeza guhasya icyorezo cya coronavirus.
Minisiteri y’ubuzima iratangaza ko icyizere kigihari kandi ko kwirinda coronavirus ari inshingano za buri muturarwanda

















