Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Ingabo za Sudani zahakanye ko ari zo zagabye igitero cyishe abantu ku bitaro bikomeye ku wa gatanu nijoro mu mujyi wo mu burengerazuba bw’igihugu ugenzurwa n’abarwanyi b’umutwe witwara gisirikare uhanganye nazo Rapid Support Forces (RSF) kuva muri Mata 2023. Umuyobozi wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko abantu 64, barimo abana 13, abaforomo babiri n’umuganga umwe, bapfiriye muri icyo gitero cyagabwe ku bitari binigishirizwamo bya el-Daein, naho abandi 89 barakomereka.
Yanditse (…)
Umunyamabanga mukuru w’umuryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) avuga ko uwo muryango urimo “gusuzuma” ibyavuzwe na Israel ko ubu Irani ifite ibisasu bya misile bishobora kurasa bikageza mu mirwa mikuru y’ibihugu by’i Burayi ku ntera ya kilometero 4000.
Ku wa gatandatu, ingabo za Israel (IDF) zavuze ko Irani ubu ifite misile zishobora kugeza i “London, Paris cyangwa Berlin”.
Umunyamabanga mukuru wa OTAN, Mark Rutte, mu kiganiro Face the Nation cy’igitangazamakuru CBS cyo (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga.
Muri iki gitondo yanditse ku rubuga rwe Truth Social ati: “Turimo gusenya nyabyo ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran, igisirikare, ubukungu n’ibindi.
“Igisirikare cya Iran cyagiye, igisirikare kirwanira mu kirere nta kigihari, za misile, n’ibindi byose birimo gusibwa, kandi n’abategetsi babo bavanywe ku isura y’isi”.
Hagati aho Iran yo (…)
Abantu bagera kuri 60 bishwe n’imyuzure n’inkangu byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu karere ka Gamo Zone mu majyepfo ya Ethiopia, nkuko bitaganzwa n’inzego z’ubuyobozi muri ako gace.
Abayobozi batangaje ko benshi muri abo bantu bapfiriye mu turere tw’imisozi miremire, aho ubutaka bw’imisozi ihanamye bwatose kubera amazi bugahirima nyuma y’imvura nyinshi yari imaze iminsi igwa. Abandi barenga 90 baburiwe irengero.
Mu minsi ya vuba aha ishize, imvura nyinshi yateje imyuzure henshi muri (…)
Mu rwego rwo kurushaho kunoza ireme ry’uburezi no gufata ibyemezo bishingiye ku makuru afatika, u Rwanda rwinjiye ku nshuro ya mbere mu isuzuma mpuzamahanga rya Porogaramu Mpuzamahanga y’Isuzumabumenyi ry’Abanyeshuri (PISA). Iri suzuma ritegurwa n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubukungu, Ubufatanye n’Iterambere (OECD), rikaba rikorwa ku banyeshuri bafite imyaka 15, hagamijwe kureba uko bashobora gukoresha ubumenyi bafite mu gusoma, imibare na siyansi mu gukemura ibibazo byo mu buzima busanzwe. (…)
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu ubutegetsi bwa Kinshasa bwagabye igitero cya Drones mu mujyi wa Goma nyuma y’iminsi hagabwa ibitero ku mirongo y’urugamba muri Kivu zombi.
Umuvugizi w’iryo huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yemeje ko izi drones za leta ya Kongo zikomeje kugaba ibitero mu bice bituwe cyane birimo Goma na Minembwe.
Amakuru avuga ko iki gitero cya Drone cyahitanye ubuzima bw’umukozi w’umuryango w’abibumbye ishami rishinzwe kwita ku (…)
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Gashyantare 2026. Igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi.
Muri Gashyantare 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025, mu gihe byari byiyongereyeho 8,9% muri Mutarama 2026.
Muri Gashyantare 2026, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa (…)
Mu gihe Amerika na Israel bikomeje kugaba ibitero byo mu kirere kuri Irani, Israel ikarasa no muri Liban, ibigaragara ko ari ibitero byo kwihorera bya Irani bikomeje guhagarikwa n’ibihugu byo mu Kigobe.
Arabie Saoudite ivuga ko mu ijoro ryacyeye ikoresheje ubwirinzi bwo mu kirere yafashe igisasu cya misile yo mu bwoko bwa ‘ballistic’ hamwe n’indege nto eshanu z’intambara zitajyamo umupilote (drone).
Ingabo za Kuwait zivuga ko zashoboye gufata no guhanura ‘drone’ esheshatu.
Nyuma (…)
Mu karere ka Gisagara umurenge wa Mugombwa akagari ka Mukomacara umudugudu Karangabo hari umugabo wishe umugore wari waje kubagurira ibishyimbo murugo amutemye, ibice by’umubiri abishyira mu cyoro yari yaracukuye aho iwe.
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 06 werurwe 2026 nibwo twasanze abatuarge bo mu karere ka Gisagara umurenge wa Mugombwa akagari ka akagari ka Mukomacara umudugudu Karangabo bavuga ko mu gitondo cyo kuwa 3 babuze umuntu none baje gutungurwa no kumusanga (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















