Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Ibiro bya Perezida wa Angola byagejeje ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no ku mutwe wa M23 bahanganyeho ubusabe bwo guhagarika imirwano guhera ku itariki ya 18 saa sita z’amanywa.
Iri tangazo ntiryasobanuye neza niba ari iya 18 y’uku kwezi cyangwa iy’ukwezi gutaha, ariko ibitangazamakuru byo muri Angola birimo Angola24horas byatangaje ko ari iya 18 y’uku kwezi. Angola ivuga ko iki cyifuzo cyakomotse ku nama yabereye i Luanda ku wa mbere, yahuje Perezida João (…)
Igitero cy’amasasu cyagabwe ku Ishuri ryisumbuye rya Tumbler Ridge mu Ntara muri British Columbia cyahitanye nibura abantu 10, abandi barenga 25 barakomereka, nk’uko abayobozi ba Canada babitangaje ku wa Kabiri. Polisi yatangaje ko abantu umunani, barimo n’uwakekwagaho kuba yarashe, basanzwe bapfuye muri iryo shuri. Abandi bantu babiri bapfuye basanzwe mu rugo ruri hafi aho, bikekwa ko rufitanye isano n’icyo gitero.
Polisi y’Igihugu ya Canada (RCMP) yavuze ko ukekwaho kurasa, bikekwa ko (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ategereje kwakira Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa Gatatu muri White House, mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka mu Burasirazuba bwo Hagati, n’ibiganiro bigamije kugabanya gahunda ya Iran yo gutunganya intwaro za kirimbuzi bigeze ahakomeye.
Netanyahu yavuze ko aza kugeza kuri Trump uko Israel ibona ibiganiro biri kuba hagati ya Washington na Tehran, ashimangira ko amasezerano ayo ari yo yose agomba (…)
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bwa MONUSCO zirateganya kongera kujya gukorera mu mujyi wa Uvira, bikazagenda bikorwa mu byiciro. Ibi byatangajwe na Jean-Pierre Lacroix, umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro, uri mu ruzinduko muri iki gihugu.
Nk’uko yabitangarije Radio RFI, mbere yo kohereza abasirikare ku butaka hazabanza gukoreshwa indege zizajya zikora ubutasi ziturutse i Goma, kugira ngo (…)
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyashyize ahagaragara igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Mutarama 2026 ugereranije n’igihe nkiki mu mwaka ushize wa 2025.
Muri Mutarama 2026, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa
bidasembuye byiyongereyeho 5,3%, ibiciro by’ibinyobwa bisembuye n’itabi byiyongereyeho 15,6%, ibiciro by’amazu, amazi, amashanyarazi, gazi n’ibindi bicanwa byiyongereyeho 10,5%, ibiciro by’ibijyanye n’ubuvuzi (…)
Ni hagati mu isantire ya Humure aho twasanze hari gutunganywa ikimoteri gishya bigaragara ko bimuraga icyari giteje akaga, abaturage mu kubabaza uko bakiriye kuba bari kwimura icyimoteri cyari gihari bagaragaje ko ahubwo aribwo ikibazo kivutse ngo kuko noneho banageretseho bakazana ubwiherero mu marembo y’inzu zabo ibyo bavuga ko bibangamiye imibereho yabo.
MUHOZA Amina yagize ati ‘’ Turabangamiwe bikomeye urabona iyi toyi iri mu muryango nubwo ntafite kirengera cyangwa se kivuganira nawe (…)
Bamwe mu baturage bajya gusaba serivisi z’ubuvuzi ku bitaro no ku bigo nderabuzima mu Karere ka Rubavu, barinubira ko zimwe muri serivisi z’ubuvuzi, bagaragaza ko ari mbi bahabwa.
Nk’uko bigarukwaho na bano baturage bagana ibitaro ndetse n’ibigo nderabuzima bitandukanye mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko batanyurwa n’uburyo rimwe na rimwe bahabwa serivisi.
Ibitaro bya Gisenyi, n’ubusanzwe n’ubundi bikunda kwakira umubare munini wababigana babikeneyeho serivisi z’ubuvuzi bitungwa nabyo (…)
Hari Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Gisagara bagaragaza ko hari abana babo b’abakobwa bakomeje guterwa inda umusubirizo.
Ni bamwe muba babyeyi bo mu karere ka Gisagara umurenge wa Mamba akagari ka Gakoma bavuga ko bahangayikishijwe n’abana babo b’abakobwa bakomeje guterwa inda umusubirizo. Umwe yagize ati”Ujya kubona ukabona umukobwa wawe aratwite, nkange ndamufite uwimfura yange yarabyaye, nta se tuzi numva ngo ni umusore wayimuteye”. Undi nawe ati”Bava mu ishuri bagahita babyara ubundi (…)
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Tundu Lissu, yongeye kugezwa imbere y’urukiko kuri uyu munsi, aho akomeje kuburanishwa ku byaha byo kugambanira igihugu mu Rukiko Rukuru rwa Dar es Salaam.
Urukiko rwemeje ko iburanisha rizakomereza kuva kuri uyu munsi kugeza ku ya 6 Werurwe 2026. Uru rubanza rurimo kuburanishwa n’abacamanza batatu b’Urukiko Rukuru ari bo Ndunguru, J. Karayemaha na Kiwonde. Kuri ubu, urubanza rugeze mu cyiciro cyo kumva abatangabuhamya (…)
Mu nama y’umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, Minisiteri y’uburezi ivugako uburezi bwa mbere y’1994 bwari hasi ku butaka kuko akenshi bwari bushingiye ku ihezwa rya bamwe kandi ko Leta yagombye kubwubaka ihereye ku busa kuko hari amashuri yari yarashenwe ndetse n’abarimu benshi barishwe.
Ibi Minisitiri w’uburezi Joseph Nsengimana yabigarutseho mu nama y’umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, aho yagaragaje uko uburezi bw’u Rwanda buhagaze, anashimangirako bwazamutse ku rwego (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















