Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Umuhungu muto w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, yarezwe ku mugaragaro icyaha cyo kugerageza kwica umuntu, nyuma yo kwitaba urukiko muri Afurika y’Epfo mu iburanisha ryabaye mu gihe gito.
Bellarmine Mugabe, ufite imyaka 28, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize nyuma y’uko umusore w’imyaka 23 arashwe akagirwa inkomere .
Ibi byabereye aho Bellarmine Mugabe atuye, mu gace gahenze ka Johannesburg ku wa Kane w’icyumweru gishize.
Nyuma yaho, Bellarmine Mugabe yatawe muri (…)
Ubuyobozi bw’irushanwa mpuzamahanga ry’amagare ribera mu Rwanda, Tour du Rwanda, bwatangaje ko bwatewe agahinda n’impanuka yabereye i Gabiro ku cyumweru, yahitanye abantu babiri abandi batandatu barakomereka.
Mu itangazo ryashyizwe ku rubuga X, abategura iri rushanwa bavuze ko iyo mpanuka yabaye mu gihe hasozwaga agace ka mbere k’isiganwa ry’uyu mwaka. Imodoka zari ziherekeje abakinnyi zavuye mu muhanda, zigonga abantu benshi bari bahagaze ku ruhande baje kwihera ijisho irushanwa.
Iryo (…)
Urukiko rwo muri Korea y’Epfo rwashyizeho itegeko ku wa 19 Gashyantare 2026 rutegeka ko Yoon Suk-yeol, wahoze ari umukuru w’igihugu, afungwa burundu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kuyobora igitero cy’iterabwoba mu gihe yageragezaga gutangaza itegeko rishya rya gisirikare mu kwezi kw’Ukuboza 2024.
Urukiko rwa Seoul Central District Court rwasanze Yoon yaragerageje kugenzura inteko ishinga amategeko no guhagarika imikorere yayo akoresheje ingabo n’izindi nzego z’umutekano, mu rwego rwo (…)
Intumwa idasanzwe ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Witkoff, yatangaje ko ibiganiro bigamije gushakira umuti w’intambara yo muri Ukraine bigeze ku ntambwe ishimishije. Ibi yabitangarije ku rubuga nkoranyambaga rwa X nyuma y’umunsi wa mbere w’ibiganiro byahuje impande eshatu byabereye i Geneva.
Witkoff yavuze ko Amerika yayoboye icyiciro cya gatatu cy’ibiganiro byahuje Ukraine n’u Burusiya, ashimangira ko guhuriza hamwe izi mpande zombi byatanze icyizere gishya mu rugendo (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Ukraine kwitabira vuba ibiganiro bigamije gushaka umuti w’intambara iri hagati yayo n’u Burusiya, avuga ko “Ukraine igomba kuza ku meza y’ibiganiro vuba.”
Ibi yabivuze ari mu ndege ya Air Force One, mbere y’inama iteganyijwe kubera i Geneva kuri uyu wa 17-18 Gashyantare, igamije gukomeza ibiganiro hagati ya Amerika, u Burusiya na Ukraine.
Trump yagize ati: “Turashaka ko baza. Bizaba byoroshye cyane,” agaragaza ko ubuyobozi (…)
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Ingengo y’Imari yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko muri Kamena 2025 imaze gukoreshwa ku rugero rwa 65%, mu gihe hari gukorwa ivugurura ryo kongera amafaranga ku bikorwa bimwe no kuyagabanya ku bindi.
Iyo ngengo yari yarateganyijwe yari miliyari 7.032,5 Frw, ariko ubu harasabwa ko igabanywaho miliyari 80,4 Frw, ikagera kuri miliyari 6.959,1 Frw. Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari (Nyakanga–Nzeri 2025), amafaranga yinjiye mu isanduku ya Leta (…)
Perezida wa Amerika, Donald Trump, yavuze ko azagira uruhare mu buryo butaziguye mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru hagati ya Irani na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye na gahunda ya nikleyeri ya Tehran iteganijwe kuba kuri uno wa kabiri i Genève, yongeraho ko yizera ko Irani ishaka cyane ayo amasezerano.
Trump yabwiye abanyamakuru bari mu ndege ya Air Force One ati: "Nzagira uruhare muri ibyo biganiro, mu buryo butaziguye. Kandi bizaba ingenzi cyane."
Udushya turimo kwiyongera (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















