Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran

Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga.
Muri iki gitondo yanditse ku rubuga rwe Truth Social ati: “Turimo gusenya nyabyo ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran, igisirikare, ubukungu n’ibindi.
“Igisirikare cya Iran cyagiye, igisirikare kirwanira mu kirere nta kigihari, za misile, n’ibindi byose birimo gusibwa, kandi n’abategetsi babo bavanywe ku isura y’isi”.
Hagati aho Iran yo (…)

Saif Al Islam, umuhungu wa Gaddafi yishwe arashwe
Saif Al Islam, umuhungu wa Gaddafi yishwe arashwe

Urupfu rwe rwemejwe ku wa Kabiri n’umuyobozi w’umutwe wa politiki abarizwamo. Saif al-Islam, wari ufite imyaka 53, yari amaze igihe kinini afatwa nk’ushobora kuzaba umusimbura wa se ku butegetsi.
Umunyamategeko we yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko yishwe n’itsinda ry’abagizi ba nabi bane bamusanze iwe mu mujyi wa Zintan, nubwo kugeza ubu hataramenyekana neza ababikoze. Gusa amakuru ku rupfu rwe aravuguruzanya, kuko mushiki we yabwiye televiziyo ya Libya ko yapfiriye hafi y’umupaka uhuza (…)

424 Shares 4 Comments
AFC/M23 Yigambye kugaba igitero ku kibugs cy'indege cya Kisangani
AFC/M23 Yigambye kugaba igitero ku kibugs cy’indege cya Kisangani

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ari wo wagabye igitero cy’utudege tutagira abaderevu (drones) ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Kisangani, mu ntara ya Tshopo, ugamije gutanga “ubutumwa bwo kuburira” ubutegetsi bwa Kinshasa.
Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Corneille Nangaa, uyoboye uyu mutwe, yashinje leta ya Congo gukoresha ikibuga cy’indege cya Kisangani nk’ahantu haherwa ibitero by’indege ku duce tugenzurwa na M23, avuga ko “ubudahangarwa” bw’icyo kibuga ubu “bwarangiye”. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amerika yemeje ko ibiganiro by'u burusiya na Ukraine bigiye gukomeza nubwo intambara ikomeje
Amerika yemeje ko ibiganiro by’u burusiya na Ukraine bigiye gukomeza nubwo intambara ikomeje

Nyuma y’umunsi umwe Uburusiya bugabye ibitero bikomeye bya misire kuri Ukraine, biteganyijwe ko hatangira ibiganiro bishya by’amahoro bizamara iminsi ibiri mu mujyi wa Abu Dhabi muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ku wa Kabiri, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yashinje Uburusiya ko bwahisemo inzira y’iterabwoba aho guhitamo ibiganiro, nyuma y’uko bwongeye kugaba ibitero by’ijoro bikomeye. Yasabye ko ubutegetsi bw’i Moscou bushyirwaho igitutu (…)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Yacikiye akaboko mu kazi ntiyafashwa
Nyagatare: Yacikiye akaboko mu kazi ntiyafashwa

NIYOMURENGEZI David uri mu kigero cy’imyaka cumi n’umunani uvuga ko yakoze akazi ko gutunganya ibiribwa by’amatungo akoresheje imashini yitwa Chop machine nyuma akaza kugirira impanuka mu kazi yakoranaga n’umukire witwa Mujyarugamba avuga ko yahise yirukanwa ndetse ubu akaba abayeho nabi bikabije nk’uko twasanze aryamye ntawe wo kumuha akazi afite.
Uyu musore yagize ati ‘’Nakoraga akazi ka Mujyarugamba ndimo ndashira ubwatsi mu mashini imashini irangije imfata ukuboko ubu inzara iranyica (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Yafashwe agiye gushaka umugabo nyuma yo gusiga umwana we mu rugo.
Nyagatare: Yafashwe agiye gushaka umugabo nyuma yo gusiga umwana we mu rugo.

Ni mu mujyi wa Nyagatare ahategerwa abagenzi aho twasanze umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’ubwangavu bivugwa ko yataye umwana we w’umwaka n’igice akaba yari yerekeje Kayonza.
Mu kumubaza icyabimuteye uyu mwana yahamije ko ari ababyeyi be bamushutse ngo ate umwana we. Yagize ati ‘’ ni umugabo wa mama wa mbwiye ngo ninge kumuta, ambwiraga ko batarera umwana wange ngo ntibamurera bataramubyaye ndetse mbasabye na tike barambwira ngo yaba imfuye ubusa, nge ndasaba umwana wange bakanampa tike (…)

424 Shares 4 Comments
U BWONGEREZA BUSHOBORA KONGERA KWEGERA EU MU BY'UMUTEKANO,STARMER ARASABA GUFUNGURA IBIGANIRO KURI SAFE.
U BWONGEREZA BUSHOBORA KONGERA KWEGERA EU MU BY’UMUTEKANO,STARMER ARASABA GUFUNGURA IBIGANIRO KURI SAFE.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko igihugu cye cyifuza kongera kuganira n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku bijyanye no kwinjira mu kigega cy’Ingabo cy’umuryango w’ubumwe bw’uburayi gishinzwe umutekano kizwi nka Security Action for Europe (SAFE). Ibi yabivuze mu gihe u Burayi bukomeje gushakisha uko bwakongera ubushobozi bwo kwicungira umutekano.
Starmer yavuze ko u Burayi bugomba gufata inshingano nyinshi mu kwirindira umutekano wabwo, ashimangira ko ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Sosiyete y'indege ya Sudani Airways yongeye gutangira gukorera ingendo i Khartoum nyuma y'imyaka igera kuri itatu
Sosiyete y’indege ya Sudani Airways yongeye gutangira gukorera ingendo i Khartoum nyuma y’imyaka igera kuri itatu

Indege ya Sudan Airways itwara abagenzi yageze ku kibuga mpuzamahanga cya Khartoum ku Cyumweru, tariki ya 1 Gashyantare 2026. Iyi yabaye indege ya mbere y’ubucuruzi ihasesekaye nyuma y’imyaka hafi itatu ibikorwa byo gutwara abantu mu kirere byarahagaze kubera intambara imaze igihe iteza ibibazo bikomeye muri Sudani.
Urwo rugendo rwatangiriye mu mujyi wa Port-Soudan uherereye ku Nyanja Itukura rwerekeza i Khartoum, rwahawe uburenganzira n’Ikigo gishinzwe indege za gisivili. Iki kigo (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Ubwenge buhangano bwitezweho gutanga umusanzu ukomeye mu bushakashatsi bw'imibare
Kigali: Ubwenge buhangano bwitezweho gutanga umusanzu ukomeye mu bushakashatsi bw’imibare

Bamwe mu bakozi b’ibigo bya Leta bitandukanye bavuga ko inzitizi zagaragaraga mu ikusanyamakuru ry’imibare zigiye kugabanuka cyane bitewe n’ubumenyi bungutse mu bijyanye n’ikoranabuhanga, by’umwihariko ubwenge buhangano (AI). Ibi biteganyijwe ko bizafasha kwihutisha ubushakashatsi no gutunganya raporo ku gihe.
Ibi babitangaje nyuma yo kumara amezi atandatu bahabwa amahugurwa ajyanye n’ikusanyamakuru ry’imibare hifashishijwe ubwenge buhangano. Aya mahugurwa yari agamije kongerera ubushobozi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuyobozi ukomeye mw'ishyaka rya Keir Starmer yeguye kubera inyandiko za Epstein
Umuyobozi ukomeye mw’ishyaka rya Keir Starmer yeguye kubera inyandiko za Epstein

Lord Mandelson yasezeye mu ishyaka ry’abakozi mu bwongereza avuga ko ashaka kuririnda “gukomeza kurikoza isoni” bitewe n’ibivugwa ku mubano we na Jeffrey Epstein.
Inyandiko nshya zasohotse muri Amerika ku wa Gatanu zigaragaza ko Epstein yaba yarohereje Mandelson amadolari 75,000 mu byiciro bitatu hagati ya 2003 na 2004. Zigaragaza kandi ko mu 2009 Epstein yohereje amapawundi 10,000 kuri Reinaldo Avila da Silva, wari umukunzi wa Mandelson icyo gihe, ubu akaba ari umugabo we.
Mandelson (…)

424 Shares 4 Comments
RBC mu ngamba zo guhashya bilaliziyoze mu 2030
RBC mu ngamba zo guhashya bilaliziyoze mu 2030

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyongeye gushimangira umuhate wacyo wo guca burundu indwara ziterwa n’inzoka zo mu nda (roundworms) na bilharziose ku rwego rw’igihugu bitarenze umwaka wa 2030, binyuze mu gukumira izi ndwara no kongerera abaturage ubumenyi. Ubu butumwa bwatanzwe mu bukangurambaga bwabaye ku itariki ya 28 Mutarama 2026 mu Murenge wa Mareba, Akarere ka Bugesera, bwari bugamije kwigisha abaturage batunzwe n’ubuhinzi bukorerwa mu bishanga.
Abaturage bigishijwe uburyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru