Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Umunyamabanga mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro yageze i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku Cyumweru, mu ruzinduko ateganya kugirana ibiganiro n’abayobozi bakuru b’igihugu, nk’uko byatangajwe na Radio Okapi.
Iyo radiyo ivuga ko Jean-Pierre Lacroix ari buhure na Perezida Félix Tshisekedi, Minisitiri w’Intebe, abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko, abahagarariye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, imiryango itari iya leta ndetse (…)
Abaturage benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza kutishimira ikibazo cy’ibura ridasanzwe ry’amashanyarazi rimaze iminsi rigaragara hirya no hino mu gihugu.
Ibi bije nyuma y’uko Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG) gitangaje ko guhera kuri uyu munsi kugeza mu cyumweru gitaha hateganyijwe ibura ry’amashanyarazi azajya abura mu bice bimwe byo mu turere turenga icumi. REG yasobanuye ko iri bura rizajya rimara amasaha agera kuri atatu ku munsi, bitewe n’imirimo yo kwagura (…)
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Irani, Gen.Maj Abdolrahim Mousavi, yatanze ubutumwa bukomeye mu muhango wari usanzwe uyoborwa n’umuyobozi w’Ikirenga Ayatollah Ali Khamenei, aho uyu mwaka wari utandukanye n’imigenzo isanzwe yo kuzirikana impinduramatwara yo mu 1979.
Nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru Tasnim, Mousavi yagarutse ku mwuka mubi hagati ya Irani na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ashimangira ko Irani “idafite umugambi wo gutangiza intambara yo mu karere,” anongeraho ko amakimbirane (…)
Mu gace ka Minembwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, hakomeje kumvikana amakuru y’ibitero by’indege zitagira abapilote (drones) bivugwa ko ari iza guverinoma ya Félix Tshisekedi ifatanyije n’iya Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Ibi bitero bivugwa ko bimaze iminsi bigabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge, bigahitana ubuzima bw’abaturage benshi ndetse n’abandi bagakomereka.
Amakuru aturuka muri ako karere avuga ko mu gitondo cyo ku wa 8 Gashyantare 2026, guhera saa (…)
Hari ubwoba ko umwuka mubi ushobora kongera gututumba hagati ya Ethiopia na Eritrea. Leta ya Ethiopia yasabye Eritrea, igihugu bahana imbibi, gukura ingabo zayo ivuga ko zinjiye mu butaka bwayo.
Ibi bikubiye mu ibaruwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ethiopia yoherereje mugenzi we wa Eritrea, aho yanashinje iki gihugu gukora ibikorwa by’“iterabwoba”, agishinja gufatanya mu ibanga n’inyeshyamba zo mu majyaruguru ya Ethiopia no kuziha intwaro.
Eritrea ntiragira icyo isubiza kuri ibyo (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gisagara batabaza ubuyobozi ni nyuma yaho muri aka karere hamaze iminsi hagwa Imvura y’amahindu irimo n’urubura ikaba yangirije imyaka y’abaturage abandi isiga basembera kuko amazu yabo ibisenge byatwawe n’umuyaga. Ni abaturage bo mu karere ka Gisagara batabaza ubuyobozi ni nyuma yahoo muri aka karere hamaze iminsi hagwa Imvura y’amahindu irimo n’urubura ikaba yangirije imyaka y’abaturage abandi isiga basembera kuko amazu yabo ibisenge byatwawe n’umuyaga (…)
Bamwe mu baturage bo Mu karere ka Gisagara umurenge wa Mamba mu midugudu itandukanye y’akagari ka Gakoma batabaza ubuyobozi nyuma yo kwamburwa n’umukozi wo ku irembo amafaranga bari bamuzaniye ngo abishyurire mituweli nyuma akaza kuyatorokana atabishyuriye.
Yagize ati”Twatanze amafaranga tukajya tuyaha Mudugudu kubera bari barashyizeho uburyo bwo kuyakusanya ngo yishyurirwe rimwe baduhe borudero nyuma ngiye kwa muganga nsanga ngo ntabwo nishyuye birancanga none sindikubona uko nivuza (…)
Abayobozi bakuru ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’aba Irani biteganyijwe ko bahurira muri Oman mu biganiro bitaziguye, mu gihe umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ukomeje gutera impungenge z’uko hashobora kubaho intambara.
Ibi biganiro bije nyuma y’uko Amerika yongereye ingabo zayo mu Burasirazuba bwo Hagati, igikorwa cyakurikiye ibyo Washington yise gushyigikira bikomeye imyigaragambyo yamagana ubutegetsi yabaye muri Irani mu kwezi gushize, aho imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (…)
Ni abaturage bagana service zo kwa muganga mu bitaro bya Nyagatare bavuga ko guhabwa imbangukira gutabara zibageza kwa muganga mu gihe barembye bibasaba rimwe na rimwe kwitegera. MUKAMUGISHA Marie Solnge yagize ati ‘’Twari twararwaye ngo mugitondo ntabwo ambilance ziboneka nkibaza rero aho izo ambilance zitaboneka ku cyumweru muri weekend ni iza bwoko ki? turazikenera bakatubwira…. Cyane muri weekend cyane dukunda kuzikenera bakatubwira ngo nta ambilance zihaba.’’ Abakenera izi (…)
Ubwo yatangizaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 Perezida Kagame yavuze ko abayobozi batuzuza inshingano zabo, bakwiye kuba babihanirwa.
Aha yatunze agatoki abo mu nzego zibanze naza Minisiteri aho yatanze urugero ko hari igihe basiga abaturage babakeneyeho Serivisi bakigendera ndetse ashimangira ko bakwiye kujya babihanirwa bakabibabazwa.
Ati “Rimwe na rimwe bamwe bagira amahirwe ntibamenyekane”
Perezida Kagame yavuze ko abayobozi batuzuza inshingano zabo, bakwiye (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























