Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Kigali: Ubwenge buhangano bwitezweho gutanga umusanzu ukomeye mu bushakashatsi bw'imibare
Kigali: Ubwenge buhangano bwitezweho gutanga umusanzu ukomeye mu bushakashatsi bw’imibare

Bamwe mu bakozi b’ibigo bya Leta bitandukanye bavuga ko inzitizi zagaragaraga mu ikusanyamakuru ry’imibare zigiye kugabanuka cyane bitewe n’ubumenyi bungutse mu bijyanye n’ikoranabuhanga, by’umwihariko ubwenge buhangano (AI). Ibi biteganyijwe ko bizafasha kwihutisha ubushakashatsi no gutunganya raporo ku gihe.
Ibi babitangaje nyuma yo kumara amezi atandatu bahabwa amahugurwa ajyanye n’ikusanyamakuru ry’imibare hifashishijwe ubwenge buhangano. Aya mahugurwa yari agamije kongerera ubushobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Umuyobozi ukomeye mw'ishyaka rya Keir Starmer yeguye kubera inyandiko za Epstein
Umuyobozi ukomeye mw’ishyaka rya Keir Starmer yeguye kubera inyandiko za Epstein

Lord Mandelson yasezeye mu ishyaka ry’abakozi mu bwongereza avuga ko ashaka kuririnda “gukomeza kurikoza isoni” bitewe n’ibivugwa ku mubano we na Jeffrey Epstein.
Inyandiko nshya zasohotse muri Amerika ku wa Gatanu zigaragaza ko Epstein yaba yarohereje Mandelson amadolari 75,000 mu byiciro bitatu hagati ya 2003 na 2004. Zigaragaza kandi ko mu 2009 Epstein yohereje amapawundi 10,000 kuri Reinaldo Avila da Silva, wari umukunzi wa Mandelson icyo gihe, ubu akaba ari umugabo we.
Mandelson (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RBC mu ngamba zo guhashya bilaliziyoze mu 2030
RBC mu ngamba zo guhashya bilaliziyoze mu 2030

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyongeye gushimangira umuhate wacyo wo guca burundu indwara ziterwa n’inzoka zo mu nda (roundworms) na bilharziose ku rwego rw’igihugu bitarenze umwaka wa 2030, binyuze mu gukumira izi ndwara no kongerera abaturage ubumenyi. Ubu butumwa bwatanzwe mu bukangurambaga bwabaye ku itariki ya 28 Mutarama 2026 mu Murenge wa Mareba, Akarere ka Bugesera, bwari bugamije kwigisha abaturage batunzwe n’ubuhinzi bukorerwa mu bishanga.
Abaturage bigishijwe uburyo (…)

424 Shares 4 Comments
Gen. Muhoozi yasabye imbabazi nyuma y'ubutumwa bwibasira Amerika
Gen. Muhoozi yasabye imbabazi nyuma y’ubutumwa bwibasira Amerika

Umuyobozi w’ingabo za Uganda (UPDF) akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, mu ijoro ryashize yateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora ubutumwa bunenga Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda, ayishinja kugira uruhare mu gucumbikira umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi Ssentamu (Bobi Wine).
Kyagulanyi yabaye uwa kabiri mu matora rusange yo ku wa 15 Mutarama, ayo matora akarangira Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Bahawe ingurane itajyanye n’igiciro cy’ubutaka

Ni mu murenge wa Karama ahari gukorera umushinga wo kubaka urugomero rwa Muvumba multipurpose dome, Abaturage bafitemo ubutaka bahawe ingurane bavuga ko ibyabayaho ati akarengane gakomeye ngo kuko amafaranga bahawe ntahandi yagura ubutaka urugero ni uyu uvuga ko yahawe ibihumbi magana abiri gusa kubutaka yaguze arenga million y’amanyarwanda.
Ezeckerie Manirakiza yagize ati ‘’ni akarengane nonese ko amafaranga twaguze ubu butaka ntanakimwe cyakabiri twahawe cy’ayo twatanze twe tubona ari (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Bagaragaza ko bashyizwe mu byago n'urukuta rwubatswe hejuru y'amazu batuyemo
Rutsiro: Bagaragaza ko bashyizwe mu byago n’urukuta rwubatswe hejuru y’amazu batuyemo

Hari abaturage batuye mu isanteri yahitwa ku Ishusho, mu Karere ka Rutsiro, bagaragaza ko batewe impungenge n’urukuta rwubatswe hejuru y’amazu batuyemo, rukaba rwaratangiye no gusenyuka none rukaba rukomeje gushyira ubuzima bwabo mu kaga.
Uyu muhanda uri kubakwa ndetse ukaba waracishijwe mu Isanteri yahitwa ku Ishusho werekeza ku Kariba mu Kagari ka Bushaka mu murenge wa Boneza mu karere ka Rutsiro.
Icyakora muri iyi Santeri yo ku Ishusho mu rwego rwo gutangira uyu umuhanda hubatswe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Byinshi kuri Kaminuza nshya ya gisirikari mu Rwanda
Byinshi kuri Kaminuza nshya ya gisirikari mu Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku munsi w’ejo iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje umushinga w’itegeko rishyiraho Kaminuza y’Igihugu y’Umutekano n’Ingabo (National Defence University – NDU). Ibi ni intambwe ikomeye mu mugambi w’igihe kirekire wo gushyiraho ishuri rikuru ryihariye rizajya ritanga amasomo y’ikirenga mu bya gisirikare mu Ngabo z’u Rwanda (RDF).
Iyo Kaminuza izaba ari ryo shuri rikuru rya gisirikare rya mbere mu Rwanda, ishingiye ku mirimo yatangiye gukorwa kuva mu 2024, (…)

424 Shares 4 Comments
Ubushinwa bwanyonze abantu 11 bahamijwe ibyaha bikomeye
Ubushinwa bwanyonze abantu 11 bahamijwe ibyaha bikomeye

Itangazamakuru rya Leta y’u Bushinwa ryatangaje ko abantu 11 bo mu muryango w’abahezanguni uzwi cyane mu bikorwa by’uburiganya bwo kuri murandasi bishwe, nyuma yo guhamywa ibyaha bikomeye byakorewe muri Myanmar, hafi y’umupaka w’amajyaruguru w’u Bushinwa.
Urukiko rwo mu ntara ya Zhejiang rwari rwarakatiye aba bantu igihano cy’urupfu muri Nzeri 2025, rubashinja ibyaha birimo kwica, gufunga abantu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uburiganya bukomeye, ndetse no kuyobora imiyoboro y’imikino (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uwera Jean Maurice yagizwe umuvugizi wungirije wa Guverinoma-Imyanzuro y'inama y'abaminisitiri.
Uwera Jean Maurice yagizwe umuvugizi wungirije wa Guverinoma-Imyanzuro y’inama y’abaminisitiri.

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Mutarama 2026 yashyizeho Jean Maurice Uwera nk’Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije. Yasimbuye Alain Mukuralinda, witabye Imana muri Mata 2025 azize indwara yo guhagarara k’umutima.
Mu kwezi kwa Gashyantare 2025, Jean Maurice Uwera wari uzwi cyane nk’umunyamakuru wa RBA, by’umwihariko mu kiganiro Waramutse Rwanda no mu makuru ya Televiziyo y’u Rwanda, yahawe inshingano zo kuyobora SK FM.
Uwera afite uburambe bw’imyaka irenga 14 mu mwuga (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Trump mu mayira abiri ku kugaba ibitero kuri Iran
Perezida Trump mu mayira abiri ku kugaba ibitero kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko andi mato y’intambara ya Amerika ari mu nzira ajya hafi ya Iran, anagaragaza icyizere ko Tehran ishobora kugera ku bwumvikane na Washington.
Trump yabitangaje mu gihe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran yasabaga ko Amerika ihagarika ibyo yise iterabwoba rikorwa kuri Iran.
Mu byo yatangaje, Trump yavuze ko amato akomeye y’ingabo za Amerika ari mu rugendo ajya mu gace gaherereyemo Iran, kandi agaragaza icyizere (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru