Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Umusaza Bicamumpaka Elias, ufite imyaka 71, utuye mu Mudugudu wa Buruseli, mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa mu Karere ka Rutsiro, nyuma yaho Mama Urwagasabo TV, ikoze inkuru yo kumukorera ubuvugizi, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka, nk’umuturage utishoboye ukeneye ubufasha, kugeza na nubu we n’abaturanyi be bagaragaza ko imibereho ye itameze neza muri rusange. .
Avuga ko ahubwo Meya, yageze muri uno murenge bamwe mu bayobozi baramumuhisha kubera iki kibazo yakigejeje mu (…)
Abaturage bo mukarere ka Gisagara umurenge wa Kibirizi akagari ka Ruturo baravuga ko bahagayikishijwe no kuba bafite umuriro udahagije kandi nyamara baturiye urugomero rw’amashanyarazi Aba ni bamwe mu baturage baganiriye n’umunyamakuru wa Mama Urwagasabo Tv batuye mu midugudu itandukanye yo mu kagari ka Ruturo mu murenge wa Kibirizi, aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe no kuba bitwa ko bafite umuriro w’amashanyarazi, ariko bakaba bawukoresha bacana amatara ndetse banacaginga (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Rwankuba, mu Kagari ka Kora mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bajya bakwa amafaranga na bamwe mu batekinisiye ba REG, bita ayo gukaza insinga, kugirango bagezweho umuriro w’amashanyarazi.
Bagasaba kurenganurwa kuko basanga ari nka ruswa baba bakwa kuko iyi serivisi yo kugezwaho umuriro bakayiboneye ubuntu. Ibi kandi bigarukwaho na Ntirenganya Théoneste, akaba ari umwe muri bano baturage bagaragaza kino kibazo.
Aho agira ati (…)
Hari umuturage witwa Hagenimana Felecien ,utuye mu kagari ka Kigombe Umurenge wa Muhoza w’Akarere ka Musanze usaba ko yarenganurwa nyuma yo guterezwa imitungo ye yose mu cyamunara. Aganira na Mamaurwagasabo tv yavuze ko abahesha b’inkiko baje kumurereza icyamunara ngo mu buryo bunyuranyije n’amategeko none kuri asigaye arara hanze n’umuryango we.
Ati ”Nabonye baje guteza imitungo yanjye mu cyamunara itarigeze ikurikiza amategeko, ntabwo bigeze banyandikira ngo menye iyo cyamunara (…)
Bamwe mu baturage bafite ubutaka ahahariwe kubakwa inganda mu Kagari ka Muhira ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko batewe ubucyene ndetse bajya mu gihirahiro, nyuma yaho ibyangombwa by’ubutaka byabo bitwawe na kompanyi biteganyijwe ko izahubaka ariko umwaka n’igice ukaba ugiye gushira batarishyurwa.
Bamwe mu baturage bafite ubutaka ahahariwe kubakwa inganda mu Kagari ka Muhira ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko batewe ubucyene ndetse bajya mu (…)
Hari umuturage witwa Nzabanita Innocent utuye mu Murenge wa Kanzenze w’Akarere ka Rubavu uvuga ko akomeje kubuzwa amahwemo ubuyobozi bw’umurenge burebera.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo tv yavuze ko intandaro y’iki kibazo ishingiye ku makimbirane afitanye n’umugore we bafitanye abana batatu. Uyu mugabo witwa Nzabanita Innocent yagize ati ”Umugore wanjye twarasezeranye ndetse dufitanye abana batatu ariko ikibazo gihari muri 2022 yarantaye ansigana abana aragenda amara amezi (…)
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Cyanika na Rugarama y’Akarere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe nikibazo cyo kutagira amazi meza.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo TV bavuze ko hari n’igihe babura amahitamo bakohereza abana kujya kuvoma mu ngezi (ikiyaga cya Burera ) bakarohama.
Uwiragiye yagize ati ”Inaha amazi yabaye imboneka rimwe, aza uyu munsi akazagaruka ejobundi Ubu twarumiwe abafite ibigenga niba bafite ubuzima, kubera ko amazi bavomye mu bigega bayatugurisha ijerekani (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Terimbere mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, bavuga ko impamvu hakiri abana bakoreshwa imirimo ivunanye arukubera baba babuze ibibatunga bihagije, hanyuma nabo bakajya kwishyiriraho akabo ngo bunganire ababyeyi babo.
Imwe mu mirimo aba bana bakora harimo nko kwikorera umucanga, icyakora aba baturage kagaragaza ko aba bana bakora aka kazi kavunananye ari nk’amaburakindi bigendanye n’ubuzima buba butaboroheye baba babayemo, nkuko bishimangirwa (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Gasiza Umurenge wa Cyanika w’Akarere ka Burera bibaza impamvu ibiro by’Akagari bimaze igihe nta kirango cy’Igihugu(Ibendera
bi babibwiye umunyamakuru wa Mamaurwagsabo tv ubwo yarageze mu murenge wa Cyanika w’Akarere ka Burera ku biro by’aka kagari. Twizerimana ni umwe mu baturage twahasanze yaje gushaka serivisi yagize ati”Ubundi ibiro by’Akagari bigomba kugira ibendera ry’Igihugu Ubuse twakwizera gute ko serivisi zitangirwamo arı iza Leta, (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Rwankuba mu Kagari ka Kora ho mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bafite ikibazo cyo kubura amazi, bityo bakaba bakoresha amazi y’ibiroha bakura mu bigenga bikozwe muri shitingi, ibyo nabo babona bifite ingaruka mbi ku buzima bwabo, kuko ayo mazi hari abayakoresha bakanayanywa aba yanduye. Usibye kuba badafite amazi ahagije, ngo hari n’ikibazo kitiyo ntoya ibagezaho amazi, ku buryo bitakunda ko iyabasaranganye ngo babashe bose uko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



















