Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Rwabicuma mu kagari ka Gishike, hari umuturage witwa Mukeshimana Marguerite uvuga ko atewe impungenge n’imodoka zitwara imyaka ku ikusanyirizo, zihora zikoma urutsinga rujyana umuriro mu nzu ye akaba ahorana umutima uhagaze ko umunsi umwe zizaruca bagahira mu nzu. Mukeshimana Marguerite ni umukecuru twasanze mu karere ka Nyanza mu murenge wa Rwabicuma mu kagari ka Gishike mu mudugudu wa Rwamushumba, avuga ko ahanyakishijwe n’imodoka nini zinyura mu mahanda (…)
Sosiyete ya BasiGo, icuruza imodoka zikoresha amashanyarazi muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, yahawe uburenganzira bwo gukorera bateri za CATL mu gice cy’Umugabane w’Afurika cyo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara. Byitezweho ko ubu bufatanye buzaha amahirwe abakozi bashinzwe ikoranabuhanga muri BasiGo, kugira ngo babashe gusana no gufata neza bateri za CATL ku mugabane wa Afurika, iyi sosiyete yemejwe na CATL nk’umufatanyabikorwa wa mbere wemewe wo gusana bateri muri ako karere. ---- (…)
Mu karere ka Nyaruguru, abatuye aka karere, bagaragaza ko kutabona serivisi z’irangamimerere ku abana babo ahanini byaterwaga n’uburyo bwa gakondo bwakoreshwaga babandika mu bitabo. Ibi babigarutse ubwo hizihizwaga umunsi Nyafurika w’irangamimerere, wizihirizwaga muri aka karere, kanabaye aka mbere mu gutanga serivise z’irangamimirere. Serivise z’irangamirere ni kimwe mu bibazo abaturage bakunda kwinubira hirya no hino mu gihugu bitewe n’imbagamizi zikunda kugaragamo, Aba ni bamwe mu (…)
Umukecuru witwa Nzabarantuma Esperance, utuye mu Mudugudu wa Gisa, mu Kagari ka Gisa, ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, avuga ko yanyanzwe amasambu arindwi nabo mu muryango yashatsemo, kandi hafi ya yose ayafitiye ibyangombwa by’ubutaka ariko ntayakoresha ahubwo akoreshwa n’abayitirira atari ayabo.
Nzabarantuma Esperance, umukecuru uri mu kigero cy’imyaka 75, hamwe n’umwuzukuru we ubwo twagera aha atuye, yeretse umunyamakuru wa MamaUrwagasabo TV imbapuro z’ibyangombwa (…)
Bamwe mu bakoresha umuhanda uri mu ikoni ahazwi nko ku Giko, mu Murenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu, batewe impungenge n’impanuka zikunda kubera aha hantu, bitewe n’uburyo hateye, hakaba nabazitakarizamo ubuzima, bagasaba ko hashyirwamo bimwe mu bimenyetso byo mu muhanda byafasha mu kuzikumira.
Aha hazwi nko ku Giko, hakunze kuvugwa impanuka nyinshi kandi zikomeye ndetse harimo nizitwara ubuzima bw’abantu, ku Giko, haracuramye cyane kandi harimo n’ikorosi, hakaba hanyura ibinyabiziga (…)
Abaturage batuye mu mudugudu wa Gakoro, Akagari ka Birira Umurenge wa Kimonyi w’Akarere ka Musanze baribaza impamvu uyu mudugudu ufite ingo zirenga 340 umaze imyaka irenga 4 Reg yarabashingiye amapoto akaba ashaje nta muriro urabageraho.
Mu kiganiro bagiranye na Mamaurwagasabo tv bavuze ko bibabaza icyo bacumuye mu gihugu gutuma umudugudu yose ibakikije ifite amashanyarazi bo bakaba bakomeje kuba mu icuraburindi.
Umwe muri aba baturage witwa Nyirarukundo Beatrice yagize ati”Turibaza (…)
Hari abamotari bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu kuri moto mu Karere ka Rubavu, bagaragaza icyo babona nk’akarengana ko gucibwa amafaranga bashinjwa gukora amakosa batakoze, naho bashinjwa kuyakorera batanahageze.
Basaba urwego rwa Polisi y’ Igihugu, kongera isuzuma rirushijeho ku wakoze amakosa mbere yuko abiryozwa, hatagize ubigiriramo akarengane.
Ibi bishimangirwa n’umwe muri bano bamotari twaganiriye, twasanze mu Isanteri ya Kabumba mu Murenge wa Bugeshi. Yagize ati" Hari (…)
Hari umuturage witwa Nyirabukobwa Kezia utuye mu mudugudu wa Kanyamugezi , Akagari ka Karangara, Umurenge wa Rugarama w’Akarere ka Burera utabaza nyuma yaho ubutaka bwe butwawe n’Uwitwa INDOHA Kimenyi wigisha mu ishuri rya ULK.
Uyu muturage yabwiye mamaurwagasabo tv ko yakomeje gusiragira mu nzego z’ubuyobozi butandukanye ndetse ngo no ku biro bya Perezida wa Rebulika y’u Rwanda yagezeyo baramwakira kugeza Ubu ntagisubizo arabona.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo tv yavuze ko (…)
Ikigo gikora ubucuruzi bugendanye n’imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi, cyazigejeje ku isoko ryo mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatanu, nyuma y’ahandi hatandukanye mu gihugu, aho ku ikibitiro bazanye eshanu. Izi modoka zitezweho gufasha gahunda ya leta y’u Rwanda yo guhangana no kugabanya ingano y’imyuka ihumanya ikirere. Muri Gahunda ya Guverinoma ya 2024-2029 (NST2), hateganyijwemo ko mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije, u Rwanda ruzagabanya imyuka ihumanya ikirere ku kigero nibura (…)
Iyi nkuru tuyitangirane n’umwe mu bagabo twasanze mu Kagari ka Rukoko ho mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, ugaragaza ikibazo cyuko yatwawe umugore n’abashumba b’inka.
Uyu mugabo mu ijwi riranguriye ashimangira ko abashumba b’inka basigaye babatwara abagore ba bamwe mu bagabo ndetse nawe bikaba byaramubayeho.
Yagize ati" N’amata banywa noneho bakabadadukuraho, nuko, nanjye ubwanjye byambayeho, yasangiye (umugore we) n’abashumba hariya ku Kigega, turatana ndamuhunga njya muri (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



















