Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Burera: Abatwara amagare baravuga ko igipimo cya polisi kibabeshyera ngo basinze
Burera: Abatwara amagare baravuga ko igipimo cya polisi kibabeshyera ngo basinze

Abakoresha amagare bo mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe no kuba polisi y’u Rwanda ibahuhisha mu gipimo ikabarenganya ngo basinze nyamara ntacyo banyoye. Abaturage baganiriye na Mamaurwagasabo TV bo muri santere ya Gahunga bavuga ko bamwe muri bagenzi babo bafunzwe bitewe no kubura amande angana n’ibihumbi 11,000rwf baciwe nyuma y’uko igipimo kibareze ko basinze.
Mugenzi Egide yagize ati”Ushobora kurara wasomye igipende (ikigage) Wajya ku kagare kawe mu gitondo polisi (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Barinubira isondekwa ry'imihanda mishya ya kaburimbo irimo gukorwa
Musanze: Barinubira isondekwa ry’imihanda mishya ya kaburimbo irimo gukorwa

Hari abaturage batuye mu karere ka Musanze by’umwihariko abakoresha umuhanda mushya wa kaburimbo Kalisimbi-Rushubi binubira kuba hari ibikorwaremezo bikorwa bitaramara iminsi bikangirika. Ibi babishingira kukuba uyu muhanda warajemo ibinogo, none kuri ubu bakaba bawushyize hasi bagiye kuwubaka bundi bushya. Mu kiganiro na Mamaurwagasabo basabye ko ibikorwa remezo byajya byitabwaho bigakorwa mu buryo burambye cyane ko biba byatwaye amafaranga menshi. Maniraguha Epimaque yagize ati:”Iyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Barinubira kwirukana abana kuko baje ku ishuri bambaye bodaboda ndetse nta masahani y'icyuma bazanye
Rubavu: Barinubira kwirukana abana kuko baje ku ishuri bambaye bodaboda ndetse nta masahani y’icyuma bazanye

Bamwe mu babyeyi barerera ku kigo cy’amashuri cyo ku Mubano wa Kane, giherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, baranenga icyemezo cy’iki kigo cyo kwirukana abana babaziza ko baje ku ishuri bambaye inkweto za bodaboda batanafite amasahani y’icyuma. Mu gihe abandi biga ku kigo kimwe, bari bakomeje amasomo nkuko bisanzwe, abanyeshuri batandau bo mu muryango umwe bo bisa nkaho bitaboroheye ngo babashe gukurikirana amasomo yabo kuri uyu wa Mbere, kuko bahise basubizwa mu rugo (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Leta yatuje abatishoboye mu nzu zituzuye
Nyabihu: Leta yatuje abatishoboye mu nzu zituzuye

Hari bamwe mu baturage batishoboye batuye mu mudugudu wa Cyivugiza, mu kagari ka Rubaya mu murenge wa Mukamira w’akarere ka Nyabihu bavuga ko Leta yabatuje mu nzu zituzuye. Mu kiganiro bagiranye na Mama Uwagasabo TV, bavuze ko bafite impungenge ko ibikuta byo muri izi nzu bizabagwaho kubera ko bitubatse neza. Niyizamurera Olive yagize ati”Tumaze imyaka itatu badutuje muri izi nzu zituzuye urabona ko badusakariye ariko ibikuta Ntabwo bizamuye ku buryo cyanaguhirimaho, ikindi urabona ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame ari i Doha muri Qatar
Perezida Kagame ari i Doha muri Qatar

Mu itangazo ryashyinzwe ahagaragara n’ibiro by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, kuri uyu wa Gatanu, rivuga ko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagiye I Doha muri Quatar, aho yitabiriye inama imuhuza na Amiri wa Qatar, Tamim bin Hamad bin Khalifa Al Thani.
U Rwanda na Qatar bisanzwe bikorana, haba mu bukungu, umutekano, ubusabe bwa visa ndetse n’ibindi.
Mu bijyanye n’ubukungu Qatar itanga inkunga mu kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera, kimwe mu bibuga by’indege bikomeye (…)

424 Shares 4 Comments
Nyaruguru: Icyayi cyaho kiri mu byinjiriza u Rwanda agatubutse
Nyaruguru: Icyayi cyaho kiri mu byinjiriza u Rwanda agatubutse

Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere dukungahaye kubuhinzi bw’icyayi Mu Rwanda aho usanga hegitari zirenga 8,000 zihinzeho icyayi ariko kugeza ubu hari bamwe mu bakora mu buhinzi bw’icyayi bagaragaza ko bageze kuri byinshi bakesha icyayi. Aba bahinzi bavuga ko uruganda rwa Kibeho tea factory ari igisubizo ku bibazo bahuraga nabyo. Dushimirimana Simon umwe mu bahinzi w’icyayi yagize ati “Nidukora neza nkuko twabisabwe tukubahiriza igihe cya sizoni tukoresha ifumbere nkuko byagenwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Byaba ari ishyano tubona ibintu kimwe n'ubucamanza- Dr Murangira Thierry
Byaba ari ishyano tubona ibintu kimwe n’ubucamanza- Dr Murangira Thierry

Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha Dr Murangira Thierry, yavuze ko ataringombwa ko RIB ibona ibintu kimwe n’ubucamanza kuko byaba ari ishyano, kuko byose ikitarusange ari ineza ya Rubanda.
Mu kiganiro cyagarukaga ku mitangire n’imigendekere y’ubutabera mu Rwanda cyatambutse kuri Mama Urwagasabo Tv kuri uyu wakane tariki ya 11 Nzeri 2025, Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Dr Murangira Thierry, ubwo yasobaniraga zimwe mu inshingano uru rwego rufite harimo no kuba (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Nagera ku Karere bakapasanya - Munyaneza uvuga ko yambuwe miliyoni zisaga enye n'akarere ka Rubavu
Rubavu: Nagera ku Karere bakapasanya - Munyaneza uvuga ko yambuwe miliyoni zisaga enye n’akarere ka Rubavu

Munyaneza Bosco, utuye mu Murenge wa Cyanzarwe, agaragaza ko yakeneshejwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, nyuma yaho bamwamburiye amafaranga hafi Frw 4 000 000, ku mirimo yo kubakira abatishoboye amazu mu mwaka 2021.
Avuga ko kandi kubera kwamburwa muri kino gikorwa byamugizeho ingaruka, nko kugurisha inzu ye yari igiye gutezwa cyamura kubera kubaka aya mazu 24. Yagize ati"Muri 2021, bampaye ikiraka cyo kubaka amazu y’abatishoboye, ndayubaka, tugirana amasezerano bigera muri 2022, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyaruguru: Amashuri adahagije atuma bamwe mu babyeyi bohereza abana babo kwiga i Huye
Nyaruguru: Amashuri adahagije atuma bamwe mu babyeyi bohereza abana babo kwiga i Huye

Akarere ka Nyaruguru gaherereye mu majyepfo y’u Rwanda, kari mu turere turi kwihuta mu iterambere kuko gafite imihanda, amavuriro, gare ndetse n’ibindi bikorwaremezo bifasha abaturage kwiteza imbere no kugira imibereho myiza dore ko ari akarere kazwi cyane mu bukerarugendo nyobokamana. Abatuye ndetse n’abakorera muri aka karere bagaragaza ko mu rwego rw’uburezi, hakenewe amashuri yigenga (Amashuri y’inshuke n’abanza), kuko abana 60 ku munsi bajya kwigira i Huye kubera kubura amashuri (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Nta parikingi n'imwe abamotari bagira
Rubavu: Nta parikingi n’imwe abamotari bagira

Bamwe mu bamotari bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu kuri moto mu karere ka Rubavu, bavuga ko bafite ikibazo cyo kubura aho baparika. Aba bamotari bavuga ko nta parkingi n’imwe bagira, muri kano karere. Iki kibazo cyo kubura aho baparika, bakigaragaza nk’igikwiye kwitabwaho, kigashakirwa igisubizo.
Umwe yagize ati"Nta parikingi nimwe nzi y’abamotari hano i Rubavu, aho basigaye baratwimuriye kuri gare ni mu muhanda, waparika imbere ya boutique umuntu akaba aragufashe ngo uratanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru