Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Kamonyi: Police yataye muri yombi abagabo 2 bafatanywe udupfunyika 85 tw'urumogi
Kamonyi: Police yataye muri yombi abagabo 2 bafatanywe udupfunyika 85 tw’urumogi

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Ugushyingo ku bufatanye n’abaturage n’inzego z’ibanze Police yafashe abagabo 2 bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge aho bafatanywe udupfunyika 85 tw’urumogi.
Aba bagabo babiri bafatiwe mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama mu kagari ka Bitare, mu mudugudu wa Kabuga.
Kuri ubu abafashwe bafungiye kuri Police Station ya Kayenzi, ni mu gihe Ubugenzacyaha bwatangiye gukora iperereza.
Police y’u Rwanda irashimira abaturage bakomeje kugira (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi: Abazajya bagaragaza ibikorwa bifasha ishyaka natwe tuzajya tubafasha.
Rusizi: Abazajya bagaragaza ibikorwa bifasha ishyaka natwe tuzajya tubafasha.

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (DGPR), rimaze iminsi mu bikorwa byo gushyiraho abayobozi bahagarariye abandi muri buri Karere, ari nako abarwanashyaka baryo bakomeza guhabwa amahugurwa yabafasha mu kwiteza imbere, ari nako banarengera ibidukikije. Mu karere ka Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba, ubwo hasozwaga amahugurwa, Hon. Alexis Mugisha Komiseri Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda - DGPR), (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uruhare rw'amadini n'amatorero mu iterambere ry'igihugu
Uruhare rw’amadini n’amatorero mu iterambere ry’igihugu

Ku wa gatatu tariki ya 22 ukwakira muri Kaminuza y’u Rwanda habereye ibiganiro byahuje Inzego za Leta, abikorera, imiryango itegamiye kuri Leta, amadini n’amatorero baganira ku ngingo igira iti"Uruhare rw’amadini nk’umufatanyabikorwa wa Leta mu iterambere ry’igihugu".
Bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza bitabiriye ibi biganiro bavuze ko bungukiyemo byinshi kandi bagaragaraza ko itorero rifite umumaro munini mu iterambere ry’igihugu kuko rirarera ndetse rigakuza kandi ukuriye mu itorero akurana (…)

424 Shares 4 Comments
Nyamagabe: Umuturage yasenyewe na Kampani y'abashinwa
Nyamagabe: Umuturage yasenyewe na Kampani y’abashinwa

Nsengimana Faustin utuye mu murenge wa Cyanika akagari ka Karama umudugudu wa Nyamisave aratabaza ubuyobozI bw’akarere ka Nyamagabe ni nyuma yaho inzu ye isenywe n’ibikorwa bya Sosite y’abashinwa ikorera muri aka gace. Ni umuturage witwa Nsengimana Faustin twasanze mu mudugudu wa Nyamisave akagari ka Karama umurenge wa Cyanika akarere ka Nyamagabe, uvuga ko afite impungenge ko inzu ye isaha n’isaha ishobora kumugwaho ni nyuma yuko yansenyewe n’ibikorwa bya Kampani y’abashinwa ikorera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Yarozwe kuruka amabuye, amahurunguru no kwituma amagi bikekwa ko byakozwe na se umubyara
Nyagatare: Yarozwe kuruka amabuye, amahurunguru no kwituma amagi bikekwa ko byakozwe na se umubyara

Mu karere Ka Nyagatare umurenge wa Gatunda akagali ka Kabeza umudugudu wa Kabeza haravugwa inkuru idasanzwe y’umwana warozwe kuruka amabuye ndetse n’imisatsi ibyo abahatuye bakeka ko biri gukorwa na se umubyara nyuma y’uko umwana amwangiye kugurisha imwe mu mitungo.
Ni mu mudugudu wa Kabeza aho twasanze abaturage bahuruye baje kureba ibyo bo bita ishyano. Aba baturage bavuga ko baguye mu kantu ubwo umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 17 yatangiraga kuruka amabuye imisatsi ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
HUYE: Mu ijoro ryo ku Cyumweru ibisambo byitaje intwaro za gakondo, byarakomerekeje abaturage 4
HUYE: Mu ijoro ryo ku Cyumweru ibisambo byitaje intwaro za gakondo, byarakomerekeje abaturage 4

Muri ijoro ryo ku itariki ya 5 Mu karere ka Huye umurenge wa Tumba akagari ka Gitwa mu midugudu irimo Berwa na Rebero aho Bakunze kwita muri Kongo hari abaturage bavuga ko baraye batewe n’igitero cy’abagizi ba nabi bitwaje Intwaro za Gakondo bamena amazu bariba ndetse banakomeretsa abaturage.
Ni mu karere ka Huye ahazwi nko muri Kongo hakunze kumvikana abaturage bavuga ko bakorerwa urugomo n’ubugizi bwa nabi mu masaha y’ijoro abantu bagakomeretswa abandi bakamburwa utwabo, mu Ijoro ryo ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi: bamaze imyaka ine batarahabwa ibyangombwa by'ubutaka baguraniwe ngo hubakwe ishuri
Rusizi: bamaze imyaka ine batarahabwa ibyangombwa by’ubutaka baguraniwe ngo hubakwe ishuri

Abaturage baguraniwe ubutaka bukubakwaho ishuri rya G.S Pera mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi, bavuga ko hashize imyaka ine batarahabwa ibyangombwa by’ubutaka bwaho baguraniwe, bagasaba ubuyobozi ko bwacyemura iki kibazo.
Umwe muri bo yagize ati "Baratubwira ngo uko bazahereza abandi basigaranye imirima hafi y’amashuri nibyo natwe bazaduh. Abasigaranye imirima baza kubahereza ibyangombwa by’ubutaka, kuva bamara kubibona twatangiye twirukanka imyaka igiye kuba hafi ine ibyo (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru:Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yanenze abayobozi bubaka inzu z'abatishoboye bari kubikiza
Amajyaruguru:Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yanenze abayobozi bubaka inzu z’abatishoboye bari kubikiza

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu iranenga abayobozi mu nzego z’ibanze bo mu ntara y’Amajyaruguru bubakira abatishoboye inzu zo guturamo muri (Human Security Issues) basa n’abari kubikiza. Ibi byagarutsweho mu nama mpuzabikorwa yo ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru yahuje iyi minisiteri ya (MINALOC) n’ubuyobozi bw’iyi ntara aho abayobozi bagiye berekana inzu bubakiye abaturage ariko zitujuje ibisabwa. Abitabiriye iyi nama bavuze ko batahanye umukoro ukomeye wo gushyira mu bikorwa impanuro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abandi Banyarwanda bagera 314, batahutse bavuye muri DRC
Abandi Banyarwanda bagera 314, batahutse bavuye muri DRC

Kuwa Gatatu, Abanyarwanda bagera kuri 314, baratahuka bavuye muri DRC, bakaba baranyuze ku mupaka wa Grande Barrière mu Karere ka Rubavu. Ku mupaka wa Grande Barrière, uhuza Igihugu cy’u Rwanda na DRC, bakiriwe n’inzego zitandukanye harimo ubuyobozi mu Karere ka Rubavu, bwabahaye ikaze.
Maniraguha Ezira, ni umwe muri bano batahutse, avuga ko kutabona amakuru ahagije kandi y’ukuri yo mu Rwanda ari yo mpamvu yatumye adataha.
Yagize ati"Ntabwo baduhaga amakuru neza, batubwiraga ko utashye (…)

424 Shares 4 Comments
Gisagara: Imirasire n'umuriro w'amashanyarazi bihabwa abifite
Gisagara: Imirasire n’umuriro w’amashanyarazi bihabwa abifite

Mu karere ka Gisagara umurenge wa Ndora akagari ka Cyamukaza hari abaturage badafite umuriro w’amashanyarazi bavuga ko hari bamwe mu bahabwa imirasire bu buryo bw’uburiganya. Kuko hari abahabwa imirasire kandi bafite n’amashanyarazi. Ni abaturage b’akarere ka Gisagara umurenge wa Ndora akagari ka Cyamukuzi bavuga ko babangamiwe nuko hari abaturage bafite ubushobozi bahabwa imirasire ndetse n’umuriro w’amashanyarazi icyarimwe kandi imirasire ubusanzwe ihabwa abaturage batagerwaho n’umuriro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru