Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

AMAJYEPFO: Abanyamakuru basabwa gukora akazi bubahiriza amategeko.
AMAJYEPFO: Abanyamakuru basabwa gukora akazi bubahiriza amategeko.

Umuryango OVPR ugaragaza ko hakiri abanyamakuru badakora kinyamwuga bitewe no kutamenya amategeko.
Abanyamakuru bagira uruhare mu iterambere ry’igihugu binyuze mu gutangaza amakuru, ariko bamwe na bamwe baracyafite imbogamizi zo kudasobanukirwa amategeko aho usanga rimwe na rimwe bisanga byabaviriyemo gukora ibyaha, nkuko Mr. Bruce Bikotwa umuyobozi w’umuryango Ushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’abantu abigaragaza. Ati”kudasobanukirwa amategeko umunyamakuru ashobora (…)

424 Shares 4 Comments
Huye: Abaturage barataka ibihombo batezwa n'igishanga cyangiritse.
Huye: Abaturage barataka ibihombo batezwa n’igishanga cyangiritse.

Mu Gishanga cya Mukuru mu karere ka Huye abaturage bahangayikishijwe n’ibihombo barigutezwa n’amazi menshi ari kubatwarira imirima.
Ni abahinzi bo mu mukarere ka Huye mu gishanga cya Mukura bavuga kuri ubu iki gishanga cyangiritse bikomeye bikaba bigeze naho iyo imvura yaguye amazi aba menshi akototera imirima yabo. Ati” iyo imvura iguye iraza ikarengera imyaka yacu ubwo ninako n’ubutaka bijyana ugasanga niba wari ufite metero nk’icumi ugasigarana eshanu”. Undi nawe ati “iyo imvura yaguye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RDF NA JDF BATANGIYE IBIKORWA BYO GUSANA INYUBAKO ZASENYWE N'UMUYAGA WISWE MELISSA
RDF NA JDF BATANGIYE IBIKORWA BYO GUSANA INYUBAKO ZASENYWE N’UMUYAGA WISWE MELISSA

Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bafatanyije n’abo mu Ngabo za Jamaica (JDF), batangiye ku mugaragaro imirimo ihuriweho yo gusana no kongera kubaka ibyangijwe n’ibiza mu mujyi wa Montego Bay, mu Ntara ya St James.
Iyi mirimo yatangijwe no gusana no kongera kubaka inzu z’abaturage bagizweho ingaruka n’inkubi y’umuyaga Hurricane Melissa, bikaba ari intangiriro y’ibikorwa by’ubutabazi bigenewe imiryango yibasiwe n’iki kiza. Ubu bufatanye bugaragaza imikoranire myiza (…)

424 Shares 4 Comments
NYAGATARE: Abasore babiri bigize ibyigenge biba kumanwa y'ihangu
NYAGATARE: Abasore babiri bigize ibyigenge biba kumanwa y’ihangu

Ni mu isantire ya Cyabayaga urugendo ruto uvuye kumuhanda wa Nyagatare Gicumbi. Ukigera muri iyi santire ukavuga Aya mazina Zidane na Tuyambaze abaturage bakubwira ibyabo ukagira ni amakabya nkuru ngo kuko aba biba kumanwa yihango mwanabafata bagera mu buyobozi mugatahana bagukurikiye.
Domina Mukandekezi yagize ati "abantu banga kuvuga ngo batabagirira nabi, ni abasore babiri babana n’abagore baraza nbakakwiba kandi ntiwavuga niyo tubafashe twabafatanye ibizibiti rwose tubajyanira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Abakora mu marerero y'abana, bamaze amezi ane badahabwa agahimbazamusyi bemerewe
Nyagatare: Abakora mu marerero y’abana, bamaze amezi ane badahabwa agahimbazamusyi bemerewe

Ababyeyi bakora mu irerero riherereye mu kagari ka Barija, umurenge wa Nyagatare, Akarere ka Nyagatare barataka kudahabwa agahimbazamusyi kandi barakemerewe ubu amezi akaba abaye ane ntacyo ubuyobozi bubafasha ndetse n’ibiribwa bahabwaga byo gufasha abana bikaba byarahagaze. Ababyeyi twaganiriye ni abatuye mu mudugudu wa Burumba akagari ka Barija umurenge wa Nyagatare akarere ka Nyagatare bavuga ko bamaze amezi arenga ane ntagahimbazamusyi bahabwa Kandi batangira barabyijejwe ubu bikaba (…)

424 Shares 4 Comments
Huye: Umugabo yasanzwe mu giti yapfuye
Huye: Umugabo yasanzwe mu giti yapfuye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba akagari Mpare umudugudu w’Agataba hasanzwe umurambo w’umugabo witwa Gilbert Kamugisha mu giti bikekwa ko yaba yishwe akamanikwamo.
Ubwo abaturage babyuka berekeza mu mirimo yabo baje gutungurwa nuko basanze umurambo w’umugabo witwa Kamugisha Gilbert umanitse mu giti. Mubo twahasanze bacyeka ko yaba yishwe akaza kumanikwamo.
Umwe mu baturage twahasanze yagize ati ’’Nge mbona hari ababa bamwishe bakamumanikamo kuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Abana babiri batwitswe n'insinga z'amashanyarazi, umwe acika akaboko, undi atoboka inda
Rubavu: Abana babiri batwitswe n’insinga z’amashanyarazi, umwe acika akaboko, undi atoboka inda

Abana 2 bo mu murenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu batwitswe n’insinga z’amashanyaraza bibaviramo kugira ubumuga aho umwe yacitse akaboko, ariko ngo haba REG ndetse n’ubuyobozi mu Karere ka Rubavu iyi miryango y’aba bana igaragaza ko izi nzego zabatereranye. Umwana witwa Irumva Samuel, ufite imyaka 9 yafashwe n’izi nsinga ku itariki 14/07 muri uyu mwaka, ku mpamvu yumvikanisha uburangare bukomeye, nyuma y’iminsi ibiri undi nawe witwa Niyosenga Emmanuel, nawe afatwa nazo zinamuca akaboko (…)

424 Shares 4 Comments
DRC: Imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba hatitawe ku masezerano yo guhagarika intambara aherutse gusinywa
DRC: Imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba hatitawe ku masezerano yo guhagarika intambara aherutse gusinywa

Imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Biraba mu gihe tariki ya 15 Ugushyingo 2025 i Doha, hashyizwe umukono ku masezerano arimo no guhagarika intambara hagati ya Leta ya Congo n’umutwe wa AFC-M23. Amasezerano yemeza ko impande zombi zihagarika burundu imirwano, ariko ku mirongo y’urugamba bikaba ikinyuranyo.
Imirwano irumvikana hafi ya Bukavu Guhera saa kumi n’imwe z’igitondo (5:00), ni urusaku rw’imbunda nini n’intoya mu bilometero (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
''Kuvuga ngo umwana ntiyakoze neza kubera ubucucicye si impamvu'' Minisitiri w'uburezi agaruka ku bucucicye mu mashuri
’’Kuvuga ngo umwana ntiyakoze neza kubera ubucucicye si impamvu’’ Minisitiri w’uburezi agaruka ku bucucicye mu mashuri

Minisitiri w’uburezi NSENGIYUMVA Joseph yagarutse ku myumvire yuko ubucucicye butera abana gukora nabi ababenyesha ko bidakwiye kuba urwitwazo kuko bishoboka ko abanyeshuri batsinda kandi neza mu gihe hari ubucucicye. Ibi yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru maze umwe mu banyamakuru amubaza uko abona Kirehe yatsindishije nyamara hari ibigo bigaragaramo ubucucucye bukabije muri aka karere ko mu Ntara y’Iburasirazuba ndetse n’icyo bakwiye ku kigiraho.
Minisitiri (…)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Abana bagororerwa mu Igororero ry'abana barashima Leta ko babasha kwiga
Nyagatare: Abana bagororerwa mu Igororero ry’abana barashima Leta ko babasha kwiga

Abana bagororerwa mu igororero rya Nyagatare bashima Leta ko yabahaye amahirwe yo kongera kwiga. Abaganiriye na Mama Urwagasabo TV bavuga ko ari amahirwe kuribo kuko babasha gukomeza amashuri bari mu igororero. Umwe twahinduriye amazina akitwa Emmy avuga ko mbere yari mu bindi bimurangaza ati’’mbere nari mu bindi bijyanye n’iraha gusa ariko ubu turigishwa kandi tukigira ku ntego hano, tubona ari amahirwe twagiriwe yo gukomeza amasomo, hariya hanze wasangaga tudaha agaciro ishuri ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru