Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe n’urubyuruko rukomeje kwishora mu busambanyi urundi rukerekeza muri Uganda bitewe no kubura ibyo bakora.
Abaganiriye na Mamaurwgasabo tv bavuga ko bifuza ko ubuyobozi bw’Akarere ka Burera Bwana Shakira ibyo gukora birimo no kububakira ikigo cy’urubyiruko bakoreramo imyuga ibibateza imbere.
Umwe muri aba babyeyi yagize ati ”Umwana ari kubura icyo gukora akajya gushakisha ubuzima mubugande yagaruka akazagaruka atwite, (…)
Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe kurinda pariki ya Nyungwe ubwo bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.
Ibi byabaye saa munani za mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2025, muri pariki ya Nyungwe ku ruhande rw’umudugudu wa Yove mu kagari ka Buvungira mu murenge wa Bushekeri.
Aho abaturage bo mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu (…)
Umusaza Bicamumpaka Elias, ufite imyaka 71, utuye mu Mudugudu wa Buruseli, mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa mu Karere ka Rutsiro, nyuma yaho Mama Urwagasabo TV, ikoze inkuru yo kumukorera ubuvugizi, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka, nk’umuturage utishoboye ukeneye ubufasha, kugeza na nubu we n’abaturanyi be bagaragaza ko imibereho ye itameze neza muri rusange. .
Avuga ko ahubwo Meya, yageze muri uno murenge bamwe mu bayobozi baramumuhisha kubera iki kibazo yakigejeje mu (…)
Abaturage bo mukarere ka Gisagara umurenge wa Kibirizi akagari ka Ruturo baravuga ko bahagayikishijwe no kuba bafite umuriro udahagije kandi nyamara baturiye urugomero rw’amashanyarazi Aba ni bamwe mu baturage baganiriye n’umunyamakuru wa Mama Urwagasabo Tv batuye mu midugudu itandukanye yo mu kagari ka Ruturo mu murenge wa Kibirizi, aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe no kuba bitwa ko bafite umuriro w’amashanyarazi, ariko bakaba bawukoresha bacana amatara ndetse banacaginga (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Rwankuba, mu Kagari ka Kora mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bajya bakwa amafaranga na bamwe mu batekinisiye ba REG, bita ayo gukaza insinga, kugirango bagezweho umuriro w’amashanyarazi.
Bagasaba kurenganurwa kuko basanga ari nka ruswa baba bakwa kuko iyi serivisi yo kugezwaho umuriro bakayiboneye ubuntu. Ibi kandi bigarukwaho na Ntirenganya Théoneste, akaba ari umwe muri bano baturage bagaragaza kino kibazo.
Aho agira ati (…)
Hari umuturage witwa Hagenimana Felecien ,utuye mu kagari ka Kigombe Umurenge wa Muhoza w’Akarere ka Musanze usaba ko yarenganurwa nyuma yo guterezwa imitungo ye yose mu cyamunara. Aganira na Mamaurwagasabo tv yavuze ko abahesha b’inkiko baje kumurereza icyamunara ngo mu buryo bunyuranyije n’amategeko none kuri asigaye arara hanze n’umuryango we.
Ati ”Nabonye baje guteza imitungo yanjye mu cyamunara itarigeze ikurikiza amategeko, ntabwo bigeze banyandikira ngo menye iyo cyamunara (…)
Bamwe mu baturage bafite ubutaka ahahariwe kubakwa inganda mu Kagari ka Muhira ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko batewe ubucyene ndetse bajya mu gihirahiro, nyuma yaho ibyangombwa by’ubutaka byabo bitwawe na kompanyi biteganyijwe ko izahubaka ariko umwaka n’igice ukaba ugiye gushira batarishyurwa.
Bamwe mu baturage bafite ubutaka ahahariwe kubakwa inganda mu Kagari ka Muhira ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko batewe ubucyene ndetse bajya mu (…)
Hari umuturage witwa Nzabanita Innocent utuye mu Murenge wa Kanzenze w’Akarere ka Rubavu uvuga ko akomeje kubuzwa amahwemo ubuyobozi bw’umurenge burebera.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo tv yavuze ko intandaro y’iki kibazo ishingiye ku makimbirane afitanye n’umugore we bafitanye abana batatu. Uyu mugabo witwa Nzabanita Innocent yagize ati ”Umugore wanjye twarasezeranye ndetse dufitanye abana batatu ariko ikibazo gihari muri 2022 yarantaye ansigana abana aragenda amara amezi (…)
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Cyanika na Rugarama y’Akarere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe nikibazo cyo kutagira amazi meza.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo TV bavuze ko hari n’igihe babura amahitamo bakohereza abana kujya kuvoma mu ngezi (ikiyaga cya Burera ) bakarohama.
Uwiragiye yagize ati ”Inaha amazi yabaye imboneka rimwe, aza uyu munsi akazagaruka ejobundi Ubu twarumiwe abafite ibigenga niba bafite ubuzima, kubera ko amazi bavomye mu bigega bayatugurisha ijerekani (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Terimbere mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, bavuga ko impamvu hakiri abana bakoreshwa imirimo ivunanye arukubera baba babuze ibibatunga bihagije, hanyuma nabo bakajya kwishyiriraho akabo ngo bunganire ababyeyi babo.
Imwe mu mirimo aba bana bakora harimo nko kwikorera umucanga, icyakora aba baturage kagaragaza ko aba bana bakora aka kazi kavunananye ari nk’amaburakindi bigendanye n’ubuzima buba butaboroheye baba babayemo, nkuko bishimangirwa (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















