Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Kigali : Classic hotel igiye kujyana mu nkiko abayihaye Sheke itazigamiye
Kigali : Classic hotel igiye kujyana mu nkiko abayihaye Sheke itazigamiye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hotel Classic yo mu mujyi wa Kigali nyuma yo gucumbikira Umuhanzikazi w’icyamamare Rose Muhando n’ababyinnyi be babiri mu gihe kingana n’iminsi 5, kuri ubu igiye kujyana mu nkiko, abamutumiye uyu muhanzi kuko bayihaye Sheke itazigamiye.
Uyu muhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania yageze mu Rwanda tariki ya 4 Werurwe 2022 , ataramira abanyarwanda tariki ya 6 Werurwe , akaba yarasubiye iwabo tariki ya 9 Werurwe 2022 .
Nkuko byatangajwe n’umukozi ushinzwe (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Inyubako zidafite inzira z'abafite ubumuga ziracyakoma mu nkokora kugera kuri serivise bakenera
Musanze: Inyubako zidafite inzira z’abafite ubumuga ziracyakoma mu nkokora kugera kuri serivise bakenera

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abafite ubumuga bo mu Karere ka Musanze bagaragaza ko kuba hakiri inyubako zidafite ahagenewe inzira z’abafite ubumuga bigikoma mu nkokora kugera byoroshye ahatangirwa serivisei bakenera.
Bamwe mu bafite ubumuga babwiye Mamaurwagasabo ko kuba hari inyubako zitorohereza abafite ubumuga kugera byoroshye ahatangirwa serivisi bikiri imbogamizi kuko babona serivise bakererewe mu gihe babuze uwo batuma.
Gikumi Gaudance ni ufite ubumuga wo mu murenge wa Muko, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mahama: Mu mpunzi, ababyaye abakobwa bibongerera amahirwe yo kujya mu kiciro gifashwa
Mahama: Mu mpunzi, ababyaye abakobwa bibongerera amahirwe yo kujya mu kiciro gifashwa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu mpunzi zo mu Nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, icumbikiye Abarundi n’Abakongomani bose hamwe barengaho gato ibihumbi 55, bavuga ko bafite ikibazo cy’uburyo bashyizwe mu byiciro, aho umuryango ufite abana b’abakobwa basanga uhabwa amahirwe yo kujya mu byiciro bifashwa, kuruta uko umuryango urimo abana b’abahungu bigenda. Ikintu imiryango imwe n’imwe yatangiye kurenganyirizamo abagore babyaye abakobwa bigateza umwiryane mu bashakanye (…)

424 Shares 4 Comments
Abiga n'abize ubuvuzi hari umusanzu bategerejweho ku bibazo by'ubuzima
Abiga n’abize ubuvuzi hari umusanzu bategerejweho ku bibazo by’ubuzima

Abagize ishyirahamwe ry’abize n’abakora mu buvuzi mu Rwanda (MEDSAR) basabwe ko ubushakashatsi bakora bukwiye kuba igisubizo ku bibazo byugarije ubuzima bw’abaturage bityo bikaba byagabanya bimwe mu bibazo bigaragara muri iyi serivisi.
Babisabwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe imyigishirize y’abakozi bo mu rwego rw’Ubuzima, Dr. Patrick C. Ndimubanzi, kuri uyu wa 26 Werurwe 2022 ubwo hizihizwaga imyaka 25 hashinzwe umuryango MEDSAR uhuza abize n’abategura kwinjira ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Yamaze iminsi itatu ararana n'uruhinja hanze ariko umwuga wamuhinduriye ubuzima
Yamaze iminsi itatu ararana n’uruhinja hanze ariko umwuga wamuhinduriye ubuzima

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo yabyariraga iwabo afite imyaka 17 y’amavuko, umukobwa w’umwangavu uvuka mu karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, ababyeyi be bamuhaye igihano cyo kwirukanwa mu nzu n’uruhinja rwe, amara hanze amajoro atatu. Nyuma yo kwiga umwuga w’ubudozi byamufashije guhindura ubuzima.
Ubu ni ubuhamya bwa Nyirangirimana Jacqueline wahuye n’ubuzima bushaririye ubwo yabyariraga iwabo.
Yagize ati, "Namaze kubyara mbaho nabi, ndaruha kubera ko nabyariye mu rugo, (…)

424 Shares 4 Comments
Carlos Ales ferrar arahabwa amahirwe menshi yo gutoza ikipe y'Igihugu Amavubi
Carlos Ales ferrar arahabwa amahirwe menshi yo gutoza ikipe y’Igihugu Amavubi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ritangaje urutonde rw’abatoza basabye gutoza Ikipe y’Igihugu, Amavubi, kugeza ubu umunya-spain w’imyaka 47 ni we ukomeje guhabwa amahirwe menshi ndetse ntagihindutse ni we ushobora guhabwa izi nshingano.
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bafite amatsiko menshi yo kumenya umutoza ugomba gusimbura Umunyarwanda Mashami Vincent, aho kandi hagiye havugwa abatoza benshi bafite ibigwi mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abakorera mu gakiriro gashya barataka umutekano muke w'amabandi abategera mu mwijima
Musanze: Abakorera mu gakiriro gashya barataka umutekano muke w’amabandi abategera mu mwijima

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakorera mu gakiriro ka Musanze gaherereye mu murenge wa Cyuve baravuga ko babangamiwe n’umwijima uba ku muhanda munini Musanze-Cyanika, aho agakiriro kubatse, bagasaba ko hashyirwaho amatara kuko abajura bakunze kubatega batashye bakabambura.
Babitangaje ubwo Ambasaderi w’Ubwami bw’Ububiligi mu Rwanda, Benoit Ryelandt yafunguraga ku mugaragaro aka gakiriro kubatswe ku nkunga ya Enabel.
Mutabazi Enock ni umwe mu bakorera muri ako gakiriro, yagize (…)

424 Shares 4 Comments
Abahanga mu kugena no kugenzura ibiciro mu by'ubwubatsi barasaba Leta guhindurirwa itegeko bakitwa Abanyamwuga
Abahanga mu kugena no kugenzura ibiciro mu by’ubwubatsi barasaba Leta guhindurirwa itegeko bakitwa Abanyamwuga

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abahanga mu kugena no kugenzura ibiciro mu by’ubwubatsi (Quantity Surveyors) batangaje ko bakwiye guhindurirwa itegeko bakitwa abanyamwuga aho gukomeza gukorera munsi y’abandi banyamwuga mu bwubatsi, abitwa Architects, bitewe n’urwego bavuga ko bagezeho mu mikorere ya kinyamwuga.
Aba ni abanyamwuga babarizwa mu Ihuriro ry’abahanga mu by’ubwubatsi, Rwanda Institute of Architects, bafasha mu kugena agaciro muri iyo mirimo.
Babitangarije i Kigali ubwo bari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
[AMAFOTO] Temberana na kompanyi Viking Safaris and Holidays uryoherwe n'ibyiza byo mu rw'Imisozi 1000
[AMAFOTO] Temberana na kompanyi Viking Safaris and Holidays uryoherwe n’ibyiza byo mu rw’Imisozi 1000

Kompanyi Viking Safaris and Holidays ni ikigo kiyemeje gutembereza abantu b’ingeri zitandukanye mu gihugu hose, kugira ngo basure ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda, ruzwi nk’igihugu cy’imisozi 1000 ndetse no hanze yarwo.
Bamwe mu bamaze igihe bagendana n’iyi kompanyi ya Viking Safaris and Holidays ifite ikicaro mu Karere ka Musanze, by’umwihariko Abanyarwanda bavuga ko banyuzwe na serivisi ibaha kuko bafite n’abantu bagenda babasobanurira ibyiza nyaburanga, bagaheraho bavuga ko burya (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Amazi y'Umuhanda Gahanga-Sonatubes ahangayikishije abatuye mu Gakoki
Kigali: Amazi y’Umuhanda Gahanga-Sonatubes ahangayikishije abatuye mu Gakoki

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abatuye ahazwi nko Gakoki mu kagari ka Nyanza umurenge wa Gatenga mu karere ka Kicukiro ntibagisinzira iyo imvura iguye kubera amazi menshi aturuka mu muhanda wa Gahanga-Sonatubes urimo kubakwa aho amazi yose ava guhera kuri Gale ya Nyanza yayobowe muri Ruhurura imwe gusa imanuka mu ngo z’abaturarage amazi akayirenga agasanga abaturage mu nzu.
Aho mamaurwagasabo yasanze hari ikibazo cyane ni mu mudugudu wa Juru, ahazwi nko mu Gakoki, aho amazi amanukira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru