Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Perezida Kagame yagarutse ku bihugu bya ba gashakabuhake bitariyumvisha ko u Rwanda rwatanga ubutabera ku baruhemukiye, abibutsa ko u Rwanda nubwo ari igihugu gito ariko ari kinini my bijyanye no gutanga ubutabera.
Yabishimangiye mu ijambo rye yagejeje ku banyarwanda n’abanyamahanga ubwo yafunguraga icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Yavuze ko u Rwanda ari igihugu gito cyimakaje ubutabera, ko abanyamahanga bashaka (…)
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yanenze ibihugu byabonaga Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 irimo gukorwa bikarebera, bikicecekera bituma abasaga miliyoni imwe bicwa nyamara bari bafite ubushobozi bwo kugira igikorwa kihuse.
Yabivuze mu ijambo yageneye Isi mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Guterres yavuze ko ari umwanya wo kwibuka abazize Jenoside no gushima ubutwari bw’abayirokotse banze guheranwa n’amateka. (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, mu murenge wa Nyange baravuga ko nta makuru bafite ahagije ku nguzanyo yagenewe abo mu kiciro cya Mbere n’icya Kabiri cy’Ubudehe, atangwa ku nyungu nto cyane ugereranyije n’ibindi bigo by’imari.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Nyange ndetse bamwe bavuga ko baheruka babibwirwa mu Nteko Rusange y’abaturage ariko ntibarayabona na rimwe bakaba basaba guhabwa iyi (…)
Yandittswe na Mutungirehe Samuel
Ikirezi Christine ni umubyeyi w’umugore utuye mu akrere ka Kicukiro mu murenge wa Kicukiro akagari ka Ngoma mu mudugudu wa Intaho, ababazwa nuko ubuzima bumugora we n’abana be babiri, kuva aho umugabo we yabonye ko babyaye umwana wa kabiri akavuka afite ubumuga bwo mu mutwe akiyumvisha ko atabyara umwana nk’uwo agahitamo kumuta akazimira, inshingano zikamusigara ku mutwe wenyine kugeza magingo aya, ntaho amusize.
Uyu mubyeyi ukuri muto yabwiye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe akarere ka Musanze gakomeje kugaragara ko gafite imibare iri hejuru mu kugira abana bagwingiye, inzego zitandukanye zikomeje gufatanya umujishi mu rugamba rwo guhangana n’ki kibazo kimaze igihe kirekire, aho n’abakozi b’Urwego rufasha akarere gucunga umutekano (DASSO), batangiye gutanga umusanzu wabo ku miryango itishoboye mu kurwanya imirire mibi.
Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Mata 2022 ubwo aba-DASSO uko ari 105 baremeye amatungo magufi (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu gihe u Rwanda rushishikajwe no kuva mu bihugu bikennye ruzamuka mu bihugu bifite ubukungu bucuriritse, mu 2024, urugendo rw’inzira y’Amajyambere rurimo ikibazo cy’ikinyuranyo kinini hagati y’ibitumizwa hanze bikiri hajuru cyane y’ibyoherezwayo, aho icyuho kigeze kuri miliyari 1.3 nk’uko imibare yo mu 2020 ibigaragaza.
Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru bamaze iminsi bahugurwa ku isakazabumenyi kuri politiki y’ifaranga, Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Mata 2022, mu karere ka Musanze mu murenge wa Musanze, Akagari ka Cyabagarura mu mudugudu wa Kabaya umwana uri mu kigero cy’imyaka 8 y’amavuko yasanzwe abohewe amaboko inyuma afunguranywe mu nzu.
Bikekwa ko uwamuboshye ari nyina umubyara witwa Mukamana Florance kubera ko yamwibye ibiceri 200rwf nkuko bivugwa n’abatabaye basanze atabaza cyane aririra mu nzu.
Umunyabanga nshingwabikorwa wa (…)
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ari bugeze ijambo ku Kanama ka Loni (Unated Nation) gashizwe Umutekano, aho ari bugaragaze ubugome bw’ingabo z’Uburusiya zakoze mu ntambara zashoye ku gihugu cya kizira gushaka kujya mu muryango NATO.
Ari bugagaraze kandi ibijyanye n’imirambo y’abaturage b’Abanya-Ukraine yabonetse mu mugi wa Bucha uri hafi y’Umurwa mukuru Kyiv, ingabo z’Uburusiya ni zo zishinjwa kwica abo basivile.
Kugeza ubu Uburusiya buhakana ibyo birego, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi baravuga ko batinya gukoresha umuhanda wa Kivu Belt bitewe nuko uyu muhanda nta matara arimo bakabibonamo imbogomizi zo kugenda bafite umutekano n’ijoro.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Karongi aho, bigera saa kumi n’ebyiri (8h00) nta muntu ushobora gukoresha uyu muhanda, batinya umwijima ugaragara muri uyu muhanda uhuza Karongi na Rutsiro.
Muhire Benjamin yavuze ko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yavuze ko ibitero by’Uburusiya ku gihugu cye ari "iyicarubozo ku gihugu cyose".
Yabitangaje mu kiganiro yahaye CBS News mu ijoro ryo ku cyumweru, yavuze ko abaturage ba Ukraine barimo kurimburwa n’Uburusiya.
Abajijwe niba ibyo bikorwa bigize jenoside, yasubije ati: "Mu by’ukuri, iyi ni Jenoside. Kurimbura igihugu cyose n’abagituye. Turi abaturage ba Ukraine. Dufite ab’ubwenegihugu burenga 100.
"Ibi ni ukwica (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI Scovia
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















