Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Gakenke: Uwizeyimana yanze kwicuruza ajya kuba umunyonzi w'igare none afite intego yo kubona uruhushya rwo gutwara moto
Gakenke: Uwizeyimana yanze kwicuruza ajya kuba umunyonzi w’igare none afite intego yo kubona uruhushya rwo gutwara moto

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Gakenke hari umwana w’umukobwa, Uwizeyimana Yvonne, wafashe icyemezo cyo kuba Umunyonzi nyuma yo kubona ubuzima bwo gutega amaboko ku bagabo bidakwiye yishakira igisubizo.
Uyu mukobwa w’imyaka 20 atuye mu kagali ka Gisozi, umudugudu wa Kirehe ,umurenge wa Nemba, no umukobwa umwe rukumbi umaze umwaka umwe urenga akora umwuga wo gutwara abagenzi ku igare, avuga ko kubera ko yabonye aho kwigurisha yakorera duke tuvuye mu maboko ye.
Mu (…)

424 Shares 4 Comments
Muri 2021: Ubukungu bw'u Rwanda bwazamutse ku kigero kirenga icyari giteganyijwe
Muri 2021: Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero kirenga icyari giteganyijwe

Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko mu mwaka wose wa 2021 Umusaruro Mbumbe w’Igihugu (GDP) wazamutse ku kigero cya 10.9% uvuye ku kigero cya 3.4% wagabanyutseho munsi ya zero mu mwaka wa 2020 ubwo igihugu cyari mu guhangana na COVID-19 ibikorwa hafi ya byose bigahagarikwa.
NISR ishimangira ko mu mwaka ushize inzego hafi ya zose z’ubukungu zagiye zitera intambwre ishimishije mu izahuka ryazo kurenza no ku kigero zariho mbere ya COVID-19. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Imyiteguro yo kwakira CHOGM yahereye mu marembo mpuzamahanga ya Kigali
Kigali: Imyiteguro yo kwakira CHOGM yahereye mu marembo mpuzamahanga ya Kigali

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu gihe u Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama Mpuzamahanga y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma y’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimo rw’Icyongereza, CHOGM iteganyijwe muri Kamena 2022, mu karere ka Kicukiro gafatwa nk’amarembo Mpuzamahanga ya Kigali kubera Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kanombe batangije icyumweru cy’isuku mu mirenge yose igize akarere, hakorwa isuku mu nsisiro, ahahurira abantu benshi nko mu masoko, no gushishikariza (…)

424 Shares 4 Comments
Muheto Divine yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022
Muheto Divine yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022

Nshuti Muheto Divine, ni we mukobwa wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda wa 2022, igisonga cya Mbere kiba Keza Maolithia naho icya Kabiri kiba Kayumba Darina.
Ibirori byo gutora no gutangaza Nyampinga w’u Rwanda wa 2022 byabereye muri Intare Conference Arena aho byatangiye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, tariki ya 19 Werurwe 2022, bisozwa mu rukerera rwo ku Cyumweru.
Nshuti Muheto Divine yambitswe ikamba asimbura Ingabire Grace wari ufite iry’umwaka ushize wa 2021.
Uyu mukobwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Minisitiri Gatabazi yanenze abayobozi b'inzego zibanze bategera abaturage
Gakenke: Minisitiri Gatabazi yanenze abayobozi b’inzego zibanze bategera abaturage

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu ruzinduko Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney akomeje kugirira mu Ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Gakenke yanenze imitangire mibi ya serivisi aho yabwiye abayobozi b’inzego z’ibanze kuva mu biro bakegera abaturage kuko aribo bakorera.
Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Werurwe 2022 ubwo yafunguraga ku mugaragaro ibiro bishya by’Akarere ka Gakenke, byuzuye bitwaye akayabo ya Miliyari imwe n’igice ndetse akaba (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke :Bahangayikishijwe n'imyaka yabo yangirijwe ntibahabwe ingurane
Gakenke :Bahangayikishijwe n’imyaka yabo yangirijwe ntibahabwe ingurane

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, umurenge wa Gakenke babwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bahangayikishijwe n’uburyo imyaka yabo ndetse n’ubutaka byangijwe bakora imiyoboro ijyana amazi yo kuhira imyaka none bakuriwe inzira ku murima ko nta ngurane bazahabwa.
Abagerageje kuvugisha mamaurwagasabo bavuga ko ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwaje bubabwira ko bagiye kuhanyuza ibikorwa remezo imyaka yabo irimo ibisheke, ibijumba, amateke (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abangavu babyariye iwabo baracyahutazwa n'ababyeyi
Musanze: Abangavu babyariye iwabo baracyahutazwa n’ababyeyi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi hari abangavu bagize ibyago byo kubyara imburagihe bavuga ko bagihutazwa n’ababyeyi babo ndetse bamwe bakirukanwa mu rugo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho bamwe bavuga ko bakimara gutereranwa n’ababyeyi babo bihebye bakumva ko ikizere cyo kubaho kirangiye.
Nyirangirimana Jacquiline avuga ko nyuma yo kubyara afite imyaka 17 ubuzima bwe bwagiye mu kaga bitewe nuko (…)

424 Shares 4 Comments
Abakora umwuga w'Ububumbyi baribaza abo Ikigega Nzahurabukungu cyagenwe
Abakora umwuga w’Ububumbyi baribaza abo Ikigega Nzahurabukungu cyagenwe

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuva Goverinoma y’u Rwanda yabona ko icyorezo cya COVID-19 cyashegeshe ibikorwa by’abikorera ndetse bikaviramo abatari bake gutakaza imirimo no gufunga ibikorwa bimwe na bimwe, yashyizeho ikigega Nzahurabukungu “Rwand Recovery Fund” (ERF), mu rwego rwo kunganira bizinesi zazahajwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19, kugira ngo zibashe kuzanzamuka.
Kuva icyo kigega cyatangira guha inguzanyo abikorera, abakora mu mwuga w’ububumbyi mu Rwanda bavuga ko icyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ukraine yaretse kujya muri OTAN isaba Putin guhagarika intambara
Ukraine yaretse kujya muri OTAN isaba Putin guhagarika intambara

Umujyanama wa Perezida wa Ukraine, Mikhailo Podolyak yatangaje ko igihugu cye gisaba Uburusiya guharika intambara ku butaka bwa Ukraine.
Yabitangaje mu biganirio byabaye imbonankubone hifashishijwe iya kure hagati y’abayobozi ku mpande zombi, Ukraine n’Uburusiya, kuri uyu wa Gatatu.
Bwana Mikhailo Podolyak yavuze ko ibyo igihugu cye gisaba byashoboka cyane binyuze mu nzira z’ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi, Zelenskyy na Putin.
Uburusiya bwo buhagaze ku mwanzuro umwe, wo (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda: Jean Baptiste Mugimba yahamijwe ibyaha bya jenoside akatirwa imyaka 25
Rwanda: Jean Baptiste Mugimba yahamijwe ibyaha bya jenoside akatirwa imyaka 25

Urukiko rukuru rwakatiye Jean Baptiste Mugimba gufungwa imyaka 25 rumuhamije ibyaha byo gucura umugambi wo gukora jenoside, no kuba ikitso mu gukora jenoside.
Mugimba, wahoze ari umukozi wa Banki nkuru y’u Rwanda wafatiwe mu Buholandi akoherezwa mu 2016, yaburanye ahakana ibi byaha kandi yahise ajuririra icyo gihano. Kuwakane inteko y’abacamanza b’uru rukiko bamihamije ibi byaha bashingiye ku buhamya.
Rwemeje ko Mugimba yayoboye inama y’ikiswe ’comité de crise’ muri Mata (4) 1994 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru