Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Rusizi: Yahishuye icyatumye umuvandimwe we akira Covid-19 byihuse
Rusizi: Yahishuye icyatumye umuvandimwe we akira Covid-19 byihuse

Ndayambaje Jean Claude
Nirere Epiphanie utuye mu karere ka Rusizi, umurenge wa Bugarama , akagari ka Pera, umudugudu wa Mwaro avuga ko yarwaje icyorezo cya Covid-19 hanyuma yisunga inama za muganga, akurikiza amabwiriza yahawe bituma akira vuba.
Mu buhamya twahawe na Nirere, kuri uyu w Gatanu tariki ya 17 Ukuboza 2021, avuga ko yemeye neza ko Covid19 ibaho ayirwaje murumuna, ngo mbere tiyarazi ko yumvaga ko ari ugukabya nta Corona ibaho.
Yagize ati "Narwaje murumuna wanjye icyorezo (…)

424 Shares 4 Comments
Muhayimana yagasabiwe imyaka 30 aho kuba 15-Ibuka
Muhayimana yagasabiwe imyaka 30 aho kuba 15-Ibuka

Yanditswe na YVETTE UMUTESI
Umuryango Uharanira inyungu z’Abarokotse Jenocide yakorewe Abatutsi (Ibuka) watangaje ko igihano cyasabiwe Muhayimana Jean Claude cyo gufungwa imyaka 15 kidakwiriye kuko ibyaha yakoze bidahuye n’igihano yasabiwe.
Ibuka ivuze ibi mu gihe mu rukiko rwa rubanda mu bufaransa ubushinjacyaha bwamusabiye igifungo cy’imyaka 15.
Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwasabiye Muhayimana Jean Claude igifungo cy’imyaka 15 ku byaha by’ubufatanyacyaha muri Jenoside yakorewe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abana 21 bagiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga y'ururimi rw'Icyongereza
Musanze: Abana 21 bagiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga y’ururimi rw’Icyongereza

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abana 21 bo mu ishuri rya Wisdom school nibo bagiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga y’ururimi rw’icyongereza rizabera i Dubai kuwa 17 Ukuboza 2021.
Abo bana bagiye kwitabira iryo rushanwa bavuga ko biteguye neza babifashijwemo n’abarimu babo ariyo mpamvu bifitiye icyizere cyo guhesha ishema u Rwanda n’abanyarwanda muri rusange.
Kimenyi Pacifique ni umunyeshuri wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye Wisdom School, ishami rya Rubavu (…)

424 Shares 4 Comments
Amavubi ashobora gukina imikino ya gicuti n'ibihugu birimo Sénégal ndetse na Guinea
Amavubi ashobora gukina imikino ya gicuti n’ibihugu birimo Sénégal ndetse na Guinea

Ndayambaje Jean Claude
Ibihugu bibiri Guinea na Senegal byamaze gusaba imikino ya gicuti n’ikipe y’ u Rwanda, Amavubi, mbere yuko byerekeza mu mikino y’igikombe cy’Afurika cy’Ibihugu kizabera muri Cameroun muri 2022. Ibi bihugu byombi bihereye mu itsinda B hamwe na Malawi ndetse na Zimbabwe mu Gikombe cya Afurika kizaba kuva tariki ya 9 Mutarama kugeza tariki 6 ya Gashyantare 2022 muri Cameroon.
Kugira ngo bitegure neza iyi mikino bifuje gukorera umwiherero mu Rwanda bakazakina (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abagera kuri 40% by'abitabiriye Imurikagurisha ni abakora Made in Rwanda
Abagera kuri 40% by’abitabiriye Imurikagurisha ni abakora Made in Rwanda

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Habyarimana U. Beata yatangaje ko mu bitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nshuro ya 24 abagera kuri 40% ari abakora ibyakorewe mu Rwanda (Made in Rwanda).
Imurikagurisha ryatangiye tariki ya 9 rizasozwa tariki ya 30 Ukuboza 2021, ryitabiriwe n’ibihugu bigera kuri 66 birimo abasaga 400 bari kumurika ibicuruzwa na serivisi.
Kuri uyu wa Kabiri ubwo hafungurwara iri murikagurisha ku rwego rw’igihugu, Minisitiri yavuze ko kuva (…)

424 Shares 4 Comments
Abantu 6 bagaragayeho Virusi ya Omicron mu Rwanda
Abantu 6 bagaragayeho Virusi ya Omicron mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imaze kubarura abantu batandatu binjiye mu gihugu bafite Virusi ya Corona yihinduranyije, yo mu bwoko bwa Omicron, iri kwigaragaza mu bihugu bitandukanye ku isi Kandi ifite bukana burengeje izindi zagaragaye.
Ni itangazo ryasohotse kuri kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukuboza, rihamagarira Abanyarwanda n’abaturarwanda gushishikarira kwikingiza guhera ku bafite imyaka 12 kuzamura no gusaba abafite imyaka 18 kuzamura kwikingiza urukingo rwa Gatatu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Kutagira amazi meza bibagiraho ingaruka zo guhora barwaye inzoka
Musanze: Kutagira amazi meza bibagiraho ingaruka zo guhora barwaye inzoka

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abatuye mu midugudu ya Kavumu na Nyamuremure mu yigize akagari ka Kigombe, mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze barataka ikibazo cyo kutagira amazi meza, bakivoma mu bishanga ku buryo bamwe bahora barwaye inzoka zo mu nda bikaba n’intandaro y’isuku idahagije, bashinja akarere kwirengagiza amabaruwa babandikiye basaba amazi meza nk’abandi baturage
Bamwe mu batuye muri iyo midugudu bavuga ko bakorerwa ubuvugizi nabo bakabona amazi meza bityo ubuzima (…)

424 Shares 4 Comments
Nyaruguru: Abakora muri VUP mu murenge wa Muganza ntibarasobanukirwa iby'amafaranga bakatwa ajya muri Ejo Heza
Nyaruguru: Abakora muri VUP mu murenge wa Muganza ntibarasobanukirwa iby’amafaranga bakatwa ajya muri Ejo Heza

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Muganza bavuga ko batarasobanukirwa iby’amafaranga batanga babwiwe ko agiye muri Gahunda ya Ejo ya Ejo Heza ariko bakibaza igihe bazayabonera cyane ko iyo bagiye kubikuza ayo bakorera muri VUP batabwirwa ayo bagezemo muri Ejo Heza, baheruka babasinyira ko bayatanze gusa.
Ibi babibwiye itangazamakuru ubwo binubiraga uburyo batanga ibihumbi bigera muri bitatu (3000) kuri buri kenzeni bagiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Leta yashyizeho igiciro ntarengwa ku kilo cya Gaze
Leta yashyizeho igiciro ntarengwa ku kilo cya Gaze

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Ukuboza 2021 igiciro cya gaze ikoreshwa mu guteka kitagomba kurenga amafaranga 1260 Frw ku kilo kimwe mu gihugu hose, hagamijwe gukumira izamuka ry’igiciro cyari riremereye abitabiriye kuyitekesha.
Mu kiganiro yagiriye kuri Television y’Igihugu, Umuyobozi mukuru wa RURA, Dr. Nsabimana Ernest, yavuze ko impuzandengo y’igiciro yari imaze kugera mu 1500 Frw, ku buryo abacuruzi bamwe bagishyiraho uko (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yasabye abantu kutirara mu kurwanya COVID-19 mu gihe berekeza mu minsi mikuru
Perezida Kagame yasabye abantu kutirara mu kurwanya COVID-19 mu gihe berekeza mu minsi mikuru

Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda n’abaturarwanda kutirara mu ngamba zo gukomeza guhangana no gutsinda icyorezo cya COVID-19 mu binjira mu minsi mikuru basoza umwaka ndetse batangira umushya wa 2022.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 13 Ukuboza 2021, mu butumwa yatanze nyuma yo kwakira indahiro ya Minisitiri mushya w’Umutekano, Alfred Gasana, avuga ko mu gihe Abanyarwanda binjira mu bihe bisoza umwaka no gutangira umushya, ari umwanya wo kwitwararika ako kwirarara, ngo hato (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru