Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Indangamuntu igiye kwifashishwa mu kwerekana ko wikingije COVID-19
Indangamuntu igiye kwifashishwa mu kwerekana ko wikingije COVID-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko irimo guhuza indanganuntu na kode (code) zo kwikingiza Covid-19, kugira ngo byorohereze abasabwa iyo kode (ikarita) bakayibura.
Byatangajwe n’Umuyobozi w’ishami rishinzwe itumanaho ry’ikigo cy’ubuzima RBC, akaba n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubuzima, Niyingabira Mahoro Julien, asobanura icyo MINISANTE igiye gufasha ku bantu bitaboroheye kubona ubutumwa (message) bohererejwe kuri telefone ubwo bikingizaga Covid-19.
Ni nyuma yuko Guverinoma (…)

424 Shares 4 Comments
Nkombo: Hari umudugudu urimo imiryango itabarizwa, iba mu nzu z'ibice zigiye kubagwaho
Nkombo: Hari umudugudu urimo imiryango itabarizwa, iba mu nzu z’ibice zigiye kubagwaho

Mutungirehe Samuel
Mu karere ka Rusizi mu murenge w’Ikirwa cya Nkombo hari umudugudu wa Muhora, wo mu kagari ka Kamagimbo, urimo imiryango itandukanye iba mu nzu zasenyutse ikaba isigaye yikinze mu nzu z’ibice byazo, abaturage baratabariza iyo miryango ko ibayeho nabi kandi ubuyobozi buhari, bamwe ntibatinya no kuvuga ko hafashwa utanze akantu.
Mamaurwagasabo yasuye imwe muri iyo miryango, iganira n’abasaza n’abakecuru batuye muri izo nzu zabasenyukiye hejuru, iganira nabo, abenshi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari icyo urugo ruhomba iyo imirimo yo mu rugo yahariwe umugore gusa
Hari icyo urugo ruhomba iyo imirimo yo mu rugo yahariwe umugore gusa

Mutungirehe Samuel
Hari abagore batandukanye bavuga ko kuba imirimo yo mu rugo igiharirwa abagore gusa bigira ingaruka ku iterambere ry’umuryango, bagasaba ko abagabo barushaho kwegerwa no kuganirizwa bagahindura imyumvire, bakumva ko gufatanya n’uwo bashakanye byongera umuvuduko wo kugera ku iterambere ry’urugo n’imibereho myiza y’umuryango.
Byagarutsweho n’abagore batandukanye mu kiganiro bagiriye i Kigali no ku murongo w’ikoranabuhanga, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Ukuboza 2021, (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi-Nkombo: Impuruza ku bana bashyingirwa ku imyaka 15
Rusizi-Nkombo: Impuruza ku bana bashyingirwa ku imyaka 15

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abangavu bo mu karere ka Rusizi, mu murenge wa Nkombo barasabirwa ubutabera ku ihohoterwa bakorerwa aho bahatirwa gushyingirwa bakiri bato, guhera ku myaka 15 y’amavuko, ababyeyi babo bakitwaza ubukene nk’indaro y’iki kibazo.
Abakobwa basigaye bashyingirwa bafite imyaka 15 bitwaje ubukene nkuko bamwe mu babyeyi babihamirijwe mamaurwagasabo.rw ubwo yagera muri uyu murenge w’ikirwa cya Nkombo.
Bamwe mu bakobwa baganiiye na Mamaurwagasabo bavuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Nyirasheshe nyuma yo gukira covid19 asaba buri wese kwirinda atarebye kuri mugenzi we
Musanze: Nyirasheshe nyuma yo gukira covid19 asaba buri wese kwirinda atarebye kuri mugenzi we

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Nyirasheshe Annonciatha utuye mu umudugudu wa Mubuga akagali ka Rwebeya mu Murenge wa cyuve mu karere ka Musanze, ni umwe mu bageze mu zabukuru avuga ko nyuma yo kurwara covid19 akayikira atamenye aho yanduriye cyangwa uwamwanduje ariko agasaba buri wese kwirinda atarebye kuri mugenziwe cyane nk’abageze mu zabukuru byongeye bafite izindi ndwara babana nazo zidakira icyorezo kibazahaza cyane kikaba cyanabahitana byoroshye.
Yabwiye mamaurwagasabo.rw uko (…)

424 Shares 4 Comments
Hari icyo Perezida wa IBUKA asanga gihatse amarira ya Muhayimana mu rukiko
Hari icyo Perezida wa IBUKA asanga gihatse amarira ya Muhayimana mu rukiko

Urubanza rwa Muhayimana Claude rwasomewe mu rukiko rwa Rubanda i Paris mu Bufaransa aho yabaga kuva yahunga u Rwanda nyuma gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi, muri uku kwezi gusoza umwaka wa 2021 uru rukiko rukaba rwaranamuhamije uruhare yagize muri Jenoside.
Ni urubanza rwamaze ibyumweru bigera kuri bitatu humvwa impande zombi, yaba uregwa n’urega.
Abanyamakuru baturutse mu Rwanda bakurikiranye urwo rubanza bavuga ko rwaranzwe no kubona uregwa, Muhayimana Claude ageraho agafatwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Ku bagore kubura amakuru y'uko bakorana n'ibigo by'imari bidindiza iterambere
Musanze: Ku bagore kubura amakuru y’uko bakorana n’ibigo by’imari bidindiza iterambere

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abagore bakorera ubucuruzi buciriritse muri santeri y’ubucuruzi ya Kinigi bavuga ko kubura amakuru y’uko bakorana n’ibigo by’imari byatumye iterambere ryabo rigenda gahoro nyuma yuko bagizweho ingaruka na Covid-19 bigatuma igishoro gishira kuko baryaga badakora.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo bavuga ko impamvu bakora ntibunguke ari uko baba bafite igishoro kidafatika, bigatuma bunguka ubusabusa kuko baba bashoye make.
Irafasha Esther, acururiza mu isoko (…)

424 Shares 4 Comments
Ku nshuro ya Kabiri Inama y'Umushyikirano yasubitswe
Ku nshuro ya Kabiri Inama y’Umushyikirano yasubitswe

Inama Ngarukamwaka y’Umushyikirano yasubitswe by’igitaraganya nanone kubera ubwiyongere bw’ubwandu bwa COVID-19 buri mu gihugu.
Yari iteganyijwe kubera mu nzu Mberabyombi ya Kigali Convention Centre ku wa 22 Ukuboza 2021. Ni ku nshuro ya kabiri yikurikiranya yasubitswe kuko no mu 2020 itakozwe nyuma yo gusubika amakoraniro ahuza abantu benshi.
Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’aho ku wa 17 Ukuboza 2021, hasohotse andi mabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 buturuka ku bwoko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nkombo: Hari abagore bajya kuboneza urubyaro rwihishwa kubera ko abagabo babo batabikozwa
Nkombo: Hari abagore bajya kuboneza urubyaro rwihishwa kubera ko abagabo babo batabikozwa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu murenge wa Nkombo wo mu karere ka Rusizi hari abajyanama b’ubuzima bavuga ko bakira abagore bashaka serivisi yo kuboneza urubyaro ariko bakabinginga ko babibakorera rwihishwa kuko abagabo babo batabikozwa, banga ko babata haramutse havutse ikibazo runaka.
Mamaurwagasabo yaganiriye na Furaha Francine, umujyanama w’ubuzima mu mudugudu wa Mbuga akagari ka Rwenje, mu murenge wa Nkombo, atangaza ko mu rugo iwe abitse amafishi menshi y’abagore bamugana (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Abafite ubumuga barashinja akarere kubima inkunga leta yabageneye
Nyabihu: Abafite ubumuga barashinja akarere kubima inkunga leta yabageneye

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abafite ubumuga bo mu murenge wa Rugera bakorera muri cooperative KOTIKARU bavuga ko hari amafaranga y’inkunga bagenewe na Leta, yo kunoza umushinga wabo wo gucuruzi imyaka ariko imyaka ibaye itatu amaso yaraheze mu kirere, bagashinja akarere kabasiragiza kandi babwirwa ko amafaranga yageze kuri konti ya karere.
Iyi koperative ifite abanyamuryango bagera kuri 54, barimo abagore 32 n’abagabo 22.
Bamwe mu bafite ubumuga bahaye amakuru Mamaurwagasabo bo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru