Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na MUTUNGIREHE Samuel
Ikigo cy’Uburenganzira n’iterambere mu biyaga bigari (GLIHD) gifatanyije n’imiryango itari iya Leta yita ku burenganzira bwa muntu bizihije umunsi mpuzamahanga w’Itangazo ry’uburenganzira bwa muntu ryasinywe mu 1948, batangaza ko ishusho y’uko Abanyarwanda baryoherwa n’uburenganzira bwa muntu bijyanye n’ibyo buri muntu akekenera, yemererwa n’amategeko.
Ni ibirori byabaye kuri uyu wa Gatatu, yariki ya 8 Ukuboza, mu Murenge wa Rwezamenyo ku kigo (…)
Kimwe n’ahandi ku isi, COVID-19 yateje ibihombo ibikorwa by’ubucuruzi mu Rwanda ndetse biviramo bamwe guhagarika ibikorwa by’ubucuruzi binahagarikira akazi ababikoragamo kubera kwirinda gukwirakwiza virusi ya Corona mu bantu.
Murara Carmel utuye mu Murenge wa Kagarama, akagari ka Muyange ho mu karere ka Kicukiro yatangarije mamaurwagasabo ko icyorezo cya COVID-19 atazibagirwa ko cyatumye afunga ubucuruzi bwe bwari bushingiye ahanini ku kabari k’ibisembuye, bituma n’abakozi yakoreshaga (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Bamwe mu babyeyi n’abana bo mu karere ka Musanze bavuga ko iyo mu muryango hari amakimbirana bigira ingaruka ku bana ndetse bikaba intandaro yo kuva mu ishuri kuko umwana ataba afite umwitaho ku mpande zombi.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bo mu murenge wa Cyuve, bavuga ko ahanini iyo mu muryango bitameze neza, nta bwumvikane buhari usanga abana aribo babirenganiramo. Umwana ntaba afite umutekerereza ikiba gisigaye ari ukwirwanaho ari naho (…)
I Nairobi, mu Murwa mukuru wa Kenya, umupolisi yarashe umugore we ntiyarekera aho arasa n’abandi bantu batandatu arabica.
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo muri Kenya avuga ko uwo mupolisi yabanje kwica umugore we arangije afata imbunda arasa abandi bantu bari hafi aho nabo arabivugana.
Ishami rya Polisi ya Kenya rishinzwe ubugenzacyaha Directorate of Criminal Investigations ryatangaje ko uriya mupolisi yabanje kurasa umugore we mu ijosi arangije ashyira amasasu mu mbunda ye ya (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abasore n’inkumi 174 bayoboye abandi mu mahuriro y’urubyiruko rw’Abakorerabushake bo mu turere dutatu tw’Umujyi wa Kigali, bahawe inyigisho zibafasha kurushaho kurengera uburenganzira bwa muntu mu kazi gatandukanye bafashamo inzego za Leta n’abaturage.
Ni inyigisho bahawe na Komisiyo y’Igihugu y’uburenganzira bwa Muntu, NCHR, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Ukuboza mbere y’uko u Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza ku nshuro ya 73 Itangazo Mpuzamahanga (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bitewe n’umusaruro muke umutoza Masudi Djuma yahagaritswe gutoza Rayon sports nyuma yo gutsindwa na Kiyovu Sports ibitego 2-0 mu mukino uheruka w’umunsi wa 7 wa shampiyona.
Nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bwa Rayon sports mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Ukuboza 2021 rivuga ko Masudi yahagaritswe by’agateganyo n’ubuyobozi bw’ikipe kubera umusaruro muke, bishobora no kurangira atandukanye burundu n’iyi Kipe kuko yahise (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Murekeyimana Angelique wo mu karere ka Musanze, umurenge wa Cyuve, akagali ka Rwebeya avuga ko nawe yari muri bumva COVID-19 agaterera iyo ariko nyuna yo kuyirwara akaremba, akagera kurwego rwo kongererwa umwuka mu bitaro, aho avuga ko yabonaga urupfu rumwegereye ubu asaba buri wese kwirinda icyo cyorezo bikava mu magambo bikajya mu bikorwa.
Yabwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko ataramenya ko yanduye virusi ya corona yumvaga afite ibimenyetso birimo (…)
Yanditswe na MUTUNGIREHE Samuel
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yahagaritse by’agateganyo Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr. Nsanzimana Sabin, kubera ibyo agiye kubazwa akurikiranyweho.
Byatangajwe mu Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, kuri uyu wa Kabiri, ryemeje ko uyu muyobozi yahagaritswe kugira ngo abanze yisobanure ku byo akurikiranyweho.
Umuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo yabwiye Mamaurwagasabo ko Dr. Nsanzimana Sabin (…)
Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Nyabimata ku mihanda haracyagaragara abana mu bisambu bashaka ubwatsi bw’amatungo abandi mu tubari, bakora imirimo itandukan ku buryo bamwe baretse n’ishuri.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw yageraga mu murenge wa Nyabimata n’uwa Muganza yasanze abana benshi biganjemo abahungu bari mu myaka mito, bakora imirimo itandukanye mu gihe bakagombye kuba bari ku ishuri, ibintu bigayitse mu cyerekezo cy’u Rwanda giha (…)
Alice Umugiraneza
Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze bwatangaje ko mu rwego rwo guca ibikorwa by’akajagari mu bucuruzi bizwi nk’Ubuzunguzayi barimo gukora ibishoboka byose ngo ababukora babone uburyo bwo gukora ubucuruzi bwemewe kandi bisanzuye.
Byatangajwe n’ Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu, Rucyahana Mpuhwe Endrew, mu rwego rwo kugaragaza uko akarere kagiye guca ubuzunguzayi mu nkengero z’umugi.
Yagize ati"Hari ibintu bitandukanye birimo gukorwa kugira ngo (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI Scovia
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















