Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Urubyiruko rurashimira RPF Inkotanyi yabashyiriyeho Ishuri ry'Irerero
Musanze: Urubyiruko rurashimira RPF Inkotanyi yabashyiriyeho Ishuri ry’Irerero

Alice Umugiraneza
Bamwe mu rubyiruko bahagarariye abandi bo mu mirenge uko ari 15 igize akarere ka Musanze bashimiye Umuryango FPR Inkotanyi wabegereje Ishuri ry’Irerero, ryigisha urubyiruko amateka na kirazira zigomba kuranga umunyarwanda nyawe.
Iyi ni gahunda nshya y’Umuryango RPF Inkotanyi yihariye mu Majyaruguru yiswe Irerero, yo kwigisha urubyiruko amateka y’u Rwanda akababera nk’iriba bavomaho umuco urimo ubutwari bwaranze Abanyarwanda bo hambere barimo n’intwari zitangiye igihugu. (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Rwanda hafunguwe Santere yo guhanga udushya izwi nka "Stem power model center"
Mu Rwanda hafunguwe Santere yo guhanga udushya izwi nka "Stem power model center"

Ndayambaje Jean Claude
Mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya Ines-Ruhengeri hafungwe santere nshya ije kuba igisubizo ku banyeshuri ba Kaminuza n’ayisumbuye mu guhanga udushya n’ikoranabuhanga.
Ni santere yafunguwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ugushyingo 2021, n’Ambasade ya Israel mu Rwanda, (STEM Power Model Centre), mu ishuri rya INES-Ruhengeri.
Iyi sentere ije ari igisubizo ku banyeshuri kuko baziyungura ubumenyi mu ikoranabuhanga rigezwwho ndetse bikazabongerera guhanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Lionel Messi yegukanye Ballon d'Or ya 7 yari ahanganiyeho na Lewandowski
Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ya 7 yari ahanganiyeho na Lewandowski

Ndayambaje Jean Claude
Umunya- Argentina ukinira Paris Saint-Germain, Lionel Messi, yegukanye umupira wa Zahabu wa Karindwi, Ballon d’Or ya 2021, akaba yatowe nk’umukinnyi mwiza wahize abandi mu mwaka wa 2021 mu ibi bihembo (Trophies) bitangwa n’ikinyamakuru France Football, ibirori byabereye muri Théâtre du Châtelet i Paris mu Bufaransa.
Kizigenza, Messi w’imyaka 34 ufite impano idasanzwe mu guconga Ruhago yatwaye iki gihembo ku nshuro ye 7 nyuma yo kugitwara mu bihe bishize, mu (…)

424 Shares 4 Comments
Iyo abana bacu bagwingiye n'igihugu kiragwingira-Perezida Kagame
Iyo abana bacu bagwingiye n’igihugu kiragwingira-Perezida Kagame

Ndayambaje Jean Claude
Ubwo yasozaga amahugurwa y’abayobozi b’inzego z’ibanze baherutse gutorwa bari bamazemo iminsi umunani, Perezida Kagame yakebuye abayobozi birebaho ubwabo bakirengangiza abaturage bayobora abasaba no kurwanya igwingira mu bana n’umwanda bikigaragara hirya no hino mu turere cyane Musanze na Karongi.
Ni amahugurwa yasojwe kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ugushyingo 2021, yaberaga i Gishari mu ishuri rya polisi riherereye mu karere ka Rwamagana akaba yari afite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Kazanwenimana w'imyaka 70 wakize COVID-19 arasaba abayikerensa guhindura imyumvire
Musanze: Kazanwenimana w’imyaka 70 wakize COVID-19 arasaba abayikerensa guhindura imyumvire

Umugiraneza Alice
Kazanwenimana Monique w’imyaka 70 y’amavuko avuga ko nyuma yo kurwara covid19 akayikira ababajwe n’abantu bagifite imyumvire ivuga ko nta covid19 ihari, kuri we agasanga babiterwa nuko batarayirwaza cyangwa ngo bayirware ariko bidakwiye ko bashyira imbaraga mu kuyirinda ari uko yabagezeho.
Uyu mukecuru utuye Murenge wa Cyuve, akagari ka Rwebeya ni umwe mu bageze mu bageze mu zabukuru barwaye covid19 bakayikira kandi byaragaragaye ko bari mu byiciro by’abo ikunze (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Abakobwa babiri n'umuhungu umwe barohamye mu kiyaga cya Burera bitaba Imana
Burera: Abakobwa babiri n’umuhungu umwe barohamye mu kiyaga cya Burera bitaba Imana

Ndayambaje Jean Claude
Ku gicamunsi cyo ku cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021, mu karere ka Burera humvikanye inkuru y’incamugongo y’abanyeshuri babiri b’abakobwa n’umuhungu umwe barohamye mu kiyaga cya Burera bahita bitaba Imana.
Byabereye muri iki kiyaga ku ruhande rw’umudugudu wa Sunzu, akagari ka Nkenke, umurenge wa Kinoni ho mu karere ka Burera.
Abanyeshuri batatu (03) bigaga ku kigo cy’amashuri cya CEPEM (Centre pour la Promotion de l’Education et des Metiers) barohamye mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri IDASANZWE yateranye kuri iki cyumweru
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri IDASANZWE yateranye kuri iki cyumweru

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021 yemeje ko ingendo z’indege hagati y’u Rwanda n’ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika zisubikwa.
Mu bishya birimo ni uko abitabira inama, ibitaramo n’andi makoraniro ahuriza hamwe abantu benshi basabwa kuba barikingije byuzuye Kandi baripimishije COVID19 bikagaragara ko nta virus bafite.

424 Shares 4 Comments
Rwanda: Ingamba NSHYA zishobora gufatwa mu kwirinda virusi nshya ya Omicron yadutse
Rwanda: Ingamba NSHYA zishobora gufatwa mu kwirinda virusi nshya ya Omicron yadutse

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo muri iki cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021 yayoboye Inama Idasanzwe y’Abaminisitiri yiga ku cyorezo cya COVID-19, by’umwihariko ku ngamba zo kwirinda ubwoko bushya bwa Coronavirus bwa Omicron buhangayikishije Isi.
Ni inama iteranye mu gihe Isi ihangayikishijwe n’ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Omicron bwagaragaye bwa mbere muri Afurika y’Epfo ku wa 24 Ugushyingo 2021. Kugeza ubu bivugwa ko iyi virusi nshya imaze kugera no mu bindi birimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Virusi nshya ya COVID-19 yatumye u Rwanda rufata izindi ngamba
Virusi nshya ya COVID-19 yatumye u Rwanda rufata izindi ngamba

Minisiteri y’Ubuzima yamenye ko hari ubwoko bushya bwa COVID19 bwagaragaye muri Afurika bituma ifata umwanzuro wo kujya ishyira mu kato abantu bose baje mu Rwanda, bakajya bamara amasaha 24 bari muri Hoteli zabugenewe biyishyurira igiciro byagaragara ko nta virusi bafite bakabona kujya mu cyabazanye.
Ni ingamba zitangira kubahirizwa kuri iki cyumweru nyuma yuko hagaragaye ubwoko bushya bwa virusi ya covid19 kandi bufite ubukana bwinshi bwabonetse muri Afurika y’Amajyepfo.
Isi yongeye (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Umuryango warwaye COVID19 waburiye abagikirensa iki cyorezo
Kicukiro: Umuryango warwaye COVID19 waburiye abagikirensa iki cyorezo

Mutungirehe Samuel
Kimwe n’ahandi mu gihugu hatandukanye icyorezo cya COVID19 cyageze, mukarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hari umuryango ugizwe n’umugabo n’umugore bakuze barwaye COVID19 mu buryo bavuga ko bwabatunguye ariko uburyo babyitwayemo ngo byatumye n’abaturanyi bahigira isomo ubu bakaba baburira abagikerensa icyo cyorezo.
Mamaurwagasabo yasuye umwe mu miryango yo mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza mu mudugudu wo Juru ho mu karere ka Kicukiro wagize ibyago yinjirwamo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru