Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Nkombo: Hari umubyeyi urembejwe n'indwara y'uruhu ahitamo kwivurisha imiti y'inyanya kubera kubura Mituweli
Nkombo: Hari umubyeyi urembejwe n’indwara y’uruhu ahitamo kwivurisha imiti y’inyanya kubera kubura Mituweli

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu karere ka Rusizi mu kirwa cy’Umurenge wa Nkombo hari umubyeyi, utishoboye, Nyirantakiyimana Francine umaranye igihe indwara y’uruhu imurembeje kuko igenda ikwira umubiri wose, avuga ko yabuze uko ayivuza kuko ajya kwa muganga bakamusubiza inyuma kuko nta mituweli afite kandi atagira aho akura ngo abe yayishyura.
Ubwo Mamurwagasabo yasuraga uyu mubyeyi utuye mu kagari ka Kamagimbo umudugu wa Muhora, twasanze abana n’agahungu ke kakiri gato mu nzu yenda (…)

424 Shares 4 Comments
Shampiyona y'umupira w'amaguru mu Rwanda yongeye gusubikwa
Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yongeye gusubikwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi w’ejo na Minisiteri ya Siporo rijyanye n’icyorezo cya Covid-19 gikomeje gukaza umurego, Shampiyona y’Umupira w’amaguru n’andi marushanwa ategurwa n’ingaga za siporo byamaze gusubikwa. Iri subikwa rya Shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya Mbere mu Rwanda ribaye ku nshuro ya Kabiri kuko mu mwaka wa 2020 nabwo ryarasubitswe bitewe na Covid-19 yari yugarije amakipe.
Ni shampiyona yari yatangiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze : Ikibazo cy'inganda zibangamiye abaturage cyongeye kugarukwaho nubwo nta gisubizo
Musanze : Ikibazo cy’inganda zibangamiye abaturage cyongeye kugarukwaho nubwo nta gisubizo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikataje mu iterambere ry’icyerekezo 2050, aho buri muturage afite uburengenzira busesuye bwo kubaho atekanye bamwe mu butaruge batuye mu karere ka Musanze baravuga ko babangamiwe n’urusaku rw’inganda zikorera mu ngo bakaba basaba ubuyobozi kubafasha kuzimurira mu cyanya cy’inganda.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cya Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugero Dancilla n’abayobora uturere dutanu tugize iyo ntara cyabaye kuri (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Filip Nyusi yasuye ingabo z'u Rwanda zifatanyije n'izindi kugarura umutekano muri Cabo Delgado
Perezida Filip Nyusi yasuye ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’izindi kugarura umutekano muri Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique Filipe Jacinto Nyusi, yasuye ingabo z’u Rwanda na Polisi ziri mu ntara ya Cabo Delgado zifatanyije n’izindi mu kugarura umutekano w’iyi ntara, ashimira cyane Perezida Kagame n’Abanyarwanda ku mutekano bamaze kugarurira ako gace.
Cabo Delgado ni intara yari yibasiwe n’ibyihebe mu gihe gisaga imyaka ine, Perezida Nyusi akaba yemeza ko ubwitange bwabo butazibagirana.
Ni uruzinduko yagize ku wa Gatatu taliki ya 29 Ukuboza 2021, ubwo yasuraga Inzego z’umutekano z’u (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Barasaba akarere gusubukura ikorwa ry'umuhanda uva Kungagi-Kukabindi
Musanze: Barasaba akarere gusubukura ikorwa ry’umuhanda uva Kungagi-Kukabindi

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abaturage bo mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze bavuga nyuma yuko hasubitswe ikorwa ry’umuhanda uhuza isanteri yo Kungagi na santeri yo Kukabindi birimo kudindiza iterambere bakaba basaba ko wakorwa nkuko wari watangiye maze bagakomeza kwihuta mu iterambere ryabo.
Bamwe mu batuye mu nkegero y’ isanteri yo Kungagi, barimo abatwara ibinyabiziga bitandukanye ndetse n’abacuruzi babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko kuba umuhanda wabo udakoze ngo (…)

424 Shares 4 Comments
Umwaka ugiye kwihirika Ibyiciro bishya by'Ubudehe bikibitse na nyuma yuko Umushikirano usubitswe
Umwaka ugiye kwihirika Ibyiciro bishya by’Ubudehe bikibitse na nyuma yuko Umushikirano usubitswe

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Imyaka irenze ibiri Abanyarwanda babwiye ndetse batangira no gushyirwa mu byiciro by’Ubudehe bishya bigizwe n’inyuguti A, B, C, D, E bijyanye n’imibereho y’ingo zinjiza cyangwa umutungo ubarirwa mu buso bw’ubutaka bafite.
Muri Nzeri 2020 Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yasohoye Inyandiko Isobanura Uburyo bwo Gushyira Mu Byiciro Bishya By’Ubudehe, ndetse banashyirwamo bikozwe n’abaturage ubwabo.
Uko iminsi yagiye yicuma ni ko iyi minisiteri yagiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi/Nkombo: Abana baracyakoreshwa imirimo ivunanye irimo no kwikorezwa amagaziye y'inzoga
Rusizi/Nkombo: Abana baracyakoreshwa imirimo ivunanye irimo no kwikorezwa amagaziye y’inzoga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rusizi ku kirwa cya Nkombo, uracyahasanga abana bataye ishuri barimo gukoreshwa imirimo mibi ivunanye irimo no kwikorezwa amagaziye y’inzoga bagiye kurangura mu gihe ababyeyi babo bavuga ko ntakundi babigenza.
Ubwo ikinyamakuru mamaurwagasabo cyageraga mu Ntara y’Iburengerazuba mu karere ka Rusizi , umurenge wa Nkombo cyatunguwe no kubona abana bato b’ababakibwa bari mu kigero cy’imyaka 10-12 y’amavuko bagakwiye kuba bari ku ishuri (…)

424 Shares 4 Comments
Israel: Umuntu wa Mbere yatewe urukingo rwa 4 rwa COVID-19
Israel: Umuntu wa Mbere yatewe urukingo rwa 4 rwa COVID-19

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bimaze iminsi bivugwa ko abatuye isi bashobora kuzasabwa guterwa urukingo rwa 4 rwa COVID-19 nyuma yaho hadukiye ubwoko bushya bwa Omicron bufite ubukana bwinshi mu gukwirakwira mu bantu ku muvuduko utarabonerwa igipimo ku Isi.
Nkuko birimo kumenyerwa, igihugu cya Israel ni cyo cyongeye kwadukana ibyo gukingira urukingo rushya rwa 4 nyuma yuko runabimburiye ibindi bihugu gukiresha urwa Gatatu aho Delta ikangiye Isi.
Ikinyamakuru cyo muri Israel, The (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ijambo rya Perezida Kagame rigaragaza uko igihugu gihagaze
Ijambo rya Perezida Kagame rigaragaza uko igihugu gihagaze

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 27 Ukuboza 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagejeje ku Banyarwanda, inshuti z’u Rwanda ijambo rigaragaza uko igihugu gihagaze mu nzego zose uhereye ku miyoborere myiza, iterambere ry’ubukungu, imibereho myiza, ubutabera n’ububanyi n’amahanga.
Ni ijambo ryatambutse imbonankubone kuri Televiziyo y’u Rwanda no ku bindi bitangazamakuru by’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru.
Bayobozi b’Inzego zitandukanye z’Igihugu cyacu, nshuti z’u Rwanda, (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze :Abakora uburaya barasaba uburengenzira bwabo muri serivisi zitandukanye bakenera
Musanze :Abakora uburaya barasaba uburengenzira bwabo muri serivisi zitandukanye bakenera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze hasojwe amahugurwa y’iminsi ibiri yateguwe n’Umushinga "ASNP", Umuryango nyarwanda ufite gahunda yo gufasha abantu bahuye n’ikibazo cyo kwandura agakoko gatera Sida hagamijwe gukumira akato n’ihezwa bakorerwaga mu nzego zitandukanye.
Ku ikubitiro abahuguwe ni abo mu byiciro bitatu byihariye birimo abakora uburaya, bakunze kwita ’Indatwa’, ndetse n’abaryamana bafite ibitsina biteye kimwe bazwi nka ’Abatinganyi’ kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru