Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Gakenke: Haribazwa amaherezo y'inyubako z'ishuri ryahoze ryitwa "Collège Nkunduburezi" rimaze imyaka 5 rifunzwe
Gakenke: Haribazwa amaherezo y’inyubako z’ishuri ryahoze ryitwa "Collège Nkunduburezi" rimaze imyaka 5 rifunzwe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abantu batandukanye bakomeje kwibaza amaherezo y’inyubako yahoze yitwa "College nkunduburezi" iherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda, mu karere ka Gakenke hazwi nko mu Bukonya hafi n’umugezi wa Nyarutovu, iri shuri abaryizemo bibatera agahinda kubona rikikijwe n’ibigunda (ibihuru).
Iri shuri ryahoze rirera abana b’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga, riza gufunga imiryango mu mwaka 2017 bitewe n’imiyoborere mibi ndetse no gucunga nabi umutungo, byatumye (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda: Abinjira n'abasohoka bategetswe kubanza kwikingiza Covid-19
Rwanda: Abinjira n’abasohoka bategetswe kubanza kwikingiza Covid-19

Guverinoma y’u Rwanda yakomoreye ingendo z’indege ziva mu bihugu bya Afurika y’Amajyepfo ndetse ariko itangaza ko abantu bose binjira n’abasohoka mu gihugu bagomba kuba barakingiwe byuzuye icyorezo cya Covid-19.
Ni amabwiriza mashya yashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima asaba ko abantu bose baza mu Rwanda babanza kugaragaza ko bipimishije Covid-19 kandi bakaba bafite icyemezo kigaragaza ko batarwaye iki cyorezo.
Ibipimo byo kwisuzumisha Covid-19 byemewe ni ibyafashwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abaturage barazwa muri sitade bishyuzwa amafaranga ahabanye n'ari ku nyemezabwishyu
Musanze: Abaturage barazwa muri sitade bishyuzwa amafaranga ahabanye n’ari ku nyemezabwishyu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze n’abahagenda barasaba kurenganurwa kuko iyo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bishyuzwa amafaranga ariko bagahabwa inyemezabwishyu iriho ari munsi y’ayo bishyuye, bagatangira gukeka ruswa, uburiganya, kunyereza umutungo n’ibindi.
Aba baturage babihamirije ikinyamakuru mamaurwagasabo ubwo bari basohotse muri sitade Ubworoherane bafite inyemezabwishyu zanditseho umubare w’amafaranga udahuye nayo (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Ibirori byo gutaha Urusengero rwa ADEPR byasubitswe kubera ko abakirisitu batishimye
Kigali: Ibirori byo gutaha Urusengero rwa ADEPR byasubitswe kubera ko abakirisitu batishimye

Umuhango wo gutaha ku mugaragaro urusengero rwa ADEPR Paruwase ya Remera wasubitse, Umushumba rwarwo avuga ko byatewe n’uko muri ibi bihe abakirisitu batishimye kubera icyorezo cya COVID-19 kimeze nabi.
Ni urusengero ruteye amabengeza, rurimo imyanya myinshi ishoboka yo kwicaramo, imbere rurimo n’igice abakirisitu baba bicaye hejuru. Ruherereye i Remera munsi gato y’umuhanda uri ku nyubako Mberabyombi ya Kigali Arena.
Byari biteganyijwe ko umuhango wo gutaha uru rusengero uzaba tariki ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Kuboneza urubyaro ni imwe mu nzira y'iterambere ry'umugore
Musanze: Kuboneza urubyaro ni imwe mu nzira y’iterambere ry’umugore

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Hari abagore bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza bavuga ko gahunda yo kuboneza urubyaro ari imwe mu ibanga ry’iterambere ryabo; bahamya ko umubyeyi utabyara indahekana bituma abasha kwita kubo yabyaye ndetse akita no ku nshingano z’urugo bigatuma iterambere ryihuta kuko ahorana imbaraga.
Bamwe mu bagore babwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko umugore utarumva gahunda yo kuboneza agomba guhindura imyumvire nk’iyo ishaje.
Kanakuze ziripa, ni (…)

424 Shares 4 Comments
Ikigo GLIHD gisanga hari ihohoterwa rigikorerwa umugore utarasezeranye rikwiye gucika
Ikigo GLIHD gisanga hari ihohoterwa rigikorerwa umugore utarasezeranye rikwiye gucika

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’Uburenganzira bwa Muntu n’Iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari (GLIHD), gitangaza ko mu Rwanda hari ihohoterwa rikorerwa umugore ryitwaje amategeko, aho umugore ubana n’umugabo batarasezeranye iyo bagiye gutandukana wa mugore ntacyo ahabwa, amategeko akamusaba ko ategereza gusa ko uwo mugabo abanza gushaka byemewe n’amategeko.
Umuyobozi Wungirije w’Ikigo cy’Uburenganzira bwa Muntu n’Iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari (GLIHD), Me. Umulisa Husna (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Abantu 100 bari gusuzumwa COVID-19 muri buri murenge ku buntu
Kigali: Abantu 100 bari gusuzumwa COVID-19 muri buri murenge ku buntu

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC, gifatanyije n’Umujyi wa Kigali bari gusuzuma Virusi ya Corona ku bantu 100 muri buri murenge wo mu turere dutatu tw’Umujyi wa Kigali.
Ni igikorwa kirimo kubera mu mirenge 35 yo muri Kigali, kigakorerwa kuri site zitandukanye ziri ku muhanda.
Kigamije kureba uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze mu mugi mu gihe birimo kugaragara ko umubare munini w’abandura coronavirusi biganje mu Murwa mukuru Kigali.
Umuyobozi wa Gahunda y’Ikingira mu Kigo cy’Igihugu (…)

424 Shares 4 Comments
Guverineri Nyirarugero yatunze agatoki ababyeyi mu kugira uruhare mu igwingira ry'abana
Guverineri Nyirarugero yatunze agatoki ababyeyi mu kugira uruhare mu igwingira ry’abana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugero Dancilla yavuze ko ababyeyi bo mu ntara ayoboye bagira uruhare mu igwingira ry’abana cyane ko akenshi batita ku ndyo yuzuye bagaburira abana.
Yabitangaje mu kiganiro iyi ntara iherutse kugirana n’Itangazamakuru, ku ngingo zitandukanye zijyanye n’iterambere n’imibereho y’abatuye mu turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru.
Yagize ati "Kenshi iki kibazo cy’igwingira ry’abana kiraduhangayikishije ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame n'umuryango we bifurije Abanyarwanda Umwaka Mushya Muhire 2022
Perezida Kagame n’umuryango we bifurije Abanyarwanda Umwaka Mushya Muhire 2022

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame mu izina rye n’iry’Umuryango we yifurije Abanyarwanda n’abaturarwanda umwaka mushya muhire wa 2022, ashimira inzego za Leta na buri wese mu ruhare rwo gutuma igihugu kigeze aho kiri.
Yabitangaje mu ijambo rye risoza umwaka wa 2021 rinatangiza umwaka mushya wa 2022 ubura amasaha make ngo utangire.
Yagize ati "Banyarwanda, nshuti z’u Rwanda mwiriwe neza!
Uyu mwaka urangiye nk’uwawubanjirije, wabayemo ingorane, n’ubungubu ubwoko bushya bwa (…)

424 Shares 4 Comments
Abaturage bejeje imyaka ba Rubavu baremeye abo ku Nkombo barumbije
Abaturage bejeje imyaka ba Rubavu baremeye abo ku Nkombo barumbije

Nyuma y’uko abatuye ku kirwa cya Nkombo kikaba n’umwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi bahuye n’ikibazo cy’imvura nke igatuma bateza imyaka, kuri uyu wa Gatanu abaturage bo mu Karere ka Rubavu mu mirenge ya Bugeshi, Busasamana na Kanama bakusanyije ibiribwa boherereza bagenzi babo mu rwego rwo kubasangiza ubunani.
Ku Nkombo bari barahinze ibigori mu materasi n’indi myaka ntibeza kubera ibura ry’imvura bagize mu gihembwe cy’ihinga 2022 A.
Ibiribwa abaturage b’Akarere ka Rubavu bageneye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru