Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Uwayo Joseline w’imyaka 29 y’amavuko utuye mu karere ka Musanze, umurenge wa Muhoza avuga ko nyuma yo kwiyumvamo ibimenyetso bya Covid-19 yatangiye kwiha akato, akurikiza amabwiriza y’abaganga bimufasha gukira vuba icyorezo cya Coronavirusi cyari kimaze kumugeraho mu gihe yacyumvaga ku bandi.
Mu buhamya bw’uyu muturage yahaye Mamaurwagsabo, avuga ko gukira kwe ari uko yakurikije amabwiriza ya Minisiteri y’ubuzima kuko yumvaga yihebye cyane.
Yagize (…)
Yanditswe na MUTUNGIREHE Samuel
Abakora umwuga w’ubuhinzi n’ubworozi cyane cyane bw’imbuto n’imboga, bashyiriweho ikigo cy’ubucuruzi kigiye kubafasha kubonera isoko umusaruro wajyaga urinda kwangirikira mu mirima cyangwa mu buhunikiro utarabona isoko, kikabafasha no kumenya gutegura umusaruro ukenewe kuva ku uhaha wa mbere, mu nganda no kugeza ku isoko mpuzamahanga wujuje ubuziranenge.
YATERA PLC, mu magambo arambuye ni ’Youth and women Accommodation for Tourism and Environment Reserving (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Kicukiro mu mirenge ya Gahanga, Kagarama na Gatenga barasaba leta ko yabagoboka kuko imyaka yabo yahuye n’uruzuba rwinshi ihera mu butaka kandi basanzwe batunzwe n’ubuhinzi.
Mu gihe bamwe mu bahinzi bo muri tumwe mu duce tw’igihugu batangiye gusarura imyaka irimo ibishyimbo, amashaza n’ibindi binyamisogwe, abakora ubuhinzi mu Mujyi wa Kigali, by’umwihariko mu karere ka kicukiro bararira ayo kwarika kuko bahinze biteze (…)
If you have ever received money from a friend or relative living abroad or if you live and work in the diaspora and need to send money back home to Rwanda, it is likely that you are familiar with several digital money transfer services.
The pandemic has proved a significant growth catalyst for the digitization of remittance services. As such, many of the major international remittance players have posted significant increases in the use of digital solutions. As more online money transfer (…)
Ndayambaje Jean Claude
Umunya-Cameroun, Samuel Eto’o, yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru "FECFOOT" mu gihugu cye cya Cameroon.
Ni amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu, hatorwa uzayobora iri shyirahamwe mu myaka ine iri imbere.
Kizigenza Samuel Eto’o w’imyaka 40 y’amavuko yatorewe kuyobora iyi Federasiyo muri Cameroon ahigitse Seidou Mbombo Njoya wari urimo kuyobora ndetse uyu asanzwe ari visi perezida wa Kane muri CAF.
Bose hamwe bari abakandida 7 bari bitezwe mu (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abaturage bo mu kagari ka Kigombe, mu Murenge wa Muhoza barasaba ubuyobozi kubakorera ubuvugizi ku kibazo cy’ihuzanzira rya telephone ngendanwa ridakora, bavuga ko byabagizeho ingaruka zirimo kubura uko baganira n’inshuti n’imiryango iri hirya no hino, kudakora ubucuruzi bwo guhererekanya amafaranga, kutamenya amakuru n’ibindi.
Bamwe mu baganiriye na Mamaurwagasabo bavuga ko ihuzanzira rya tephone mu midugudu igize akagari batuyemo ari ikibazo kitaboroheye (…)
Perezida wa Repubulika Kagame Paul yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano, Bwana Alfred Gasana.
Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ukuboza 2021, ritangaza ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu bubasha ahabwa n’Itegeko nshinga, yashyizeho Bwana Alfred Gasana nka Minisitiri mushya ushinzwe Umutekano mu Rwanda.
Minisiteri y’Umutekano yaherukaga kuyoborwa na Gen. Patrick Nyamvumba, wakuweho na Perezida Paul Kagame ku wa 27 Mata 2020 nyuma (…)
Ubwanditsi
U Rwanda rwakiriye icyiciro cya karindwi cy’impunzi 176 zo muri Libya ziri mu nzira zishaka kujya ku mugabane w’u Burayi, zihunze uburibwe bw’ubuzima bwo mu bihugu ziturukamo.
Kuri iyi nshuro have impunzi ziganjemo urubyiruko rufite inyota yo gukabya indoto zo gukandagira ku mugabane w’Uburayi ufatwa n’abakiri bato b’Abanyafurika nk’ubutaka bw’isezerano ry’imibereho myiza.
Izi mpunzi zatangiye gucumbikirwa mu Rwanda by’agahe gato muri Nzeri 2019 nyuma y’uko Perezida wa (…)
Ndayambaje Jean Claude
Umuryango Empower Rwanda wakomeje ubukangurambaga bwo gusobanurira abangavu itegeko rijyanye no gukuramo inda mu gihe bibaye ngombwa biturutse ku mpamvu zitandukanye ariko bigakorwa na Muganga ubifitiye uburengenzira.
Ubwo hasozwaga iminsi 16 yahariwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Rwanda no ku Isi hose muri rusange, abangavu bo mu murenge wa Murambi, akarere ka Gatsibo babyariye iwabo basanzwe bafashwa n’umushinga Empower Rwanda, (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baranega imitangire mibi ya serivisi ishingiye mu itangwa ry’ibyangombwa byo kubaka aho bavuga ko gusiragira kuri serivisi igihe kirerekire bituma hatangwa ruswa mu rwego rwo kwihutisha icyo umuntu akeneye nkuko bivugwa n’abaturage bo mu mirenge ya cyuve na Kimonyi.
Aabaganiriye na mamaurwagasabo.rw bavuze ko serivisi y’ubutaka ifite ikibazo cyihariye akaba ari yo mpamvu basaba ubuyobozi bushya kongera abakozi muri (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI Scovia
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















