Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda cyatatumye haba impinduka ku buzima n’imibereho y’abaturage mu byiciro bitandukanye. Abanyeshuri byabaye ngombwa ko basubika amasomo y’igihembwe cya mbere badakoze ibizami.
Mu rwego rwo gufasha abanyeshuri gukomeza kwiyibutsa amasomo yabo aho bari mu ngo, Ikigo cy’igihugu cyita kuburezi REB ku bufatanye n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) batangije (…)
Hashize iminsi 14 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wanduye icyorezo cya Coronavirus, aho we na bagenzi be banduye ubu bamaze kugera kuri 60 bose, bari mu kigo bakirirwamo kiri i Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge nkuko tubicyesha Igihe.com nacyo kibicyesha ,RBA yasuye iki kigo, aho kugera mu cyumba kirimo abarwayi bisaba kubanza kwambara imyambaro yabugenewe irinda umuntu kwandura.
Coronavirus yandura binyuze mu matembabuzi ava mu bice by’ubuhumekero nko mu mazuru no mu kanwa. Niyo (…)
Rwanda: Polisi yerekanye uburyo bushya bwo gukorera uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ikinyabiziga
Ubu buryo bwaje gufasha abantu kubona izi mpushya mu buryo bworoshye, kuko ubusanzwe byasabaga amezi atatu kugira ngo ibi bizamini bikorwe mu gihugu. Kuri uyu wa Gatanu, Polisi y’u Rwanda yagaragarije abanyamakuru uko serivisi zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga kubaje gukora ibizami.
Polisi y’u Rwanda ivuga ko mbere y’uko umuntu aza gukora ikizamini, abanza kwiyandikisha akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga kwi Irembo cyangwa aciye kuri telefoni ye, agahabwa umunsi n’isaha azajya (…)
Abaturage bo mu murenge wa Ntongwe mu karere ka Ruhango batangaza ko umuyoboro w’amazi bahawe na gahunda ya USAID/Gikuriro waje ari igisubizo mu kwimakaza umuco wo gukaraba intoki mu rugamba rwo kwirinda indwara zikomoka ku mazi mabi zirimo indwara zumwanda nk’inzoka .
Abaganiriye n’umunyamakuru bo mu mudugudu wa Cyeru mu kagari ka Kebero bavuga ko mbere batarahabwa amazi bahoranaga imvune zo kuvomesha amazi mu birometero birenga bitanu aho bahana imbibi n’undi murenge cyangwa bakanywa (…)
Abanyeshuri b’abakobwa by’umwihariko abangavu bageze mu gihe cyo kujya mu mihango, bo ku rwunge rw’amashuri rwa Nyarugenge ruherereye mu murenge wa Kinazi ho mu karere ka Ruhango batangaje ko bishimira icyumba cy’umukobwa cyaje gikuraho imbogamizi bahuraga nazo zirimo gusiba ishuri mu gihe hagiraga ujya mu mihango ari ku ishuri, ubu bakaba batagisiba amasomo.
Bamwe mu bangavu bageze mu gihe cyo gukoresha icyo cyumba cy’umukobwa ku rwunge rw’amashuri rwa G.S Nyarugenge, bavuga ukuntu (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
NYIRAMINANE Natharia wo mu murenge wa Cyuve,mu Karere ka Musanze ,avuga ko nyuma yo kuba umupfakazi yahisemo kwihangira umurimo akora ubudozi bw’imyenda,akaba ashimangira ko kwihangira umurimo bitagombera igishoro kinini. Uyu mugore ngo yaryaga ari uko avuye guca inshuro, ubundi ngo akarindira ko umugabo ataha ngo babashe guhaha ibyo bararira,umugabo amaze gupfa biba ibibazo bikomeye kuko atarakibona n’uwo asaba aribwo ya tekereje icyo yakora n’ubwo bitari (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza.
Mukamwiza Mediatrice ni umugore wo mu karere ka Gakenke, Umurenge wa Mugunga akagali ka Rutenderi mu mudugudu wa Kiraro akaba ari mu kigero cy’imyaka 42, ubwo yasurwaga n’ikinyamakuru mamaurwagasabo yavuze ko yiteje imbere abikesha ku kugura ibitoki akabyengamo urwagwa, ni igikorwa cya mugejeje ku gishoro cy’ibihumbi Magana arindwi mu gihe cy’imyaka 10,ni umutungo usaga miliyoni 5, ahereye ku mafaranga ibihumbi umunani.
Mukamwiza yagize ati “nabanje (…)
Yanditse na Alice Umugiraneza
Musanze bamwe murubyiruko bihangiye imirimo bakura amaboko mu mifuka aho bakora imirimo itandukanye harimo ubukorikori,ubugeni,ubukanishi bw’ibyuma byakoze,telephone,n’ubucuruzi bwibikoresho byakoze ndetse nibindi ururubyiruko ruvugako nyumo yokurangiza amashuri bakabura akazi bibumbiye hamwe baterana inkunga mu bushobozi bucyeya baribafite bakora itsinda rikora ubukorikori ubukanishi,ubucuruzi bw’ibikoresho byokoze aho kugeza ubu bamaze kuba koperative yitwa (…)
By Scovia Mutesi
Mu karere ka Rusizi ku kigonderabuzima cya Nkombo, Minisitiri w’Ubuzima Dr Diane Gashumba yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rwa Ebola muri gahunda yiswe UMURINZI ku baturage batuye mu kirwa cya nkombo kuko nabo ni bamwe mubambukiranya umupaka bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragayemo icyorezo cya Ebola.
Itangwa ry’urukingo rwa Ebola mu Rwanda rije nyuma y’inyigo n’isesengura ryakozwe hirya no hino kw’isi, ndetse itsinda ry’impuguke za OMS (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangije ibikorwa by’amezi atandatu bitegura inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma izabera mu Rwanda ku ndwara zititaweho ‘Kigali Summit on Malaria and Neglected Tropical Diseases’ (NTDs), iyi nsanganyamatsiko ikaba ari imwe mu bizaganirwaho mu nama y’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) izabera i Kigali muri Kamena 2020.
Ni ibikorwa byo kurwanya indwara zititaweho mu bihugu biri mu nzira y’Amajyambere ziganjemo indwara z’inzoka zo mu nda (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















