Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Minisitiri w’Umutekano, Gen Patrick Nyamvumba, yasabye urubyiruko rw’abakorerabushake kuburira bagenzi babo bashukwa bakajyanwa mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, avuga ko nta munsi n’umwe bazabigeraho kuko igihugu gifite ubushobozi bwo kurinda abaturage. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mutarama kuri Intare Arena, ubwo yafunguraga ku mugaragaro ihuriro rya Kane ry’urubyiruko 1500 rw’abakorerabushake bakorana na Polisi y’Igihugu mu kurwanya ibyaha. (…)
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rutegetse ko Ndabereye Augustin akomeza kuburana afunzwe nyuma y’uko zimwe mu mpamvu yatanze mu kirego cye urukiko rusanze zidafite ishingiro.
Ndabereye Augustin yafunzwe ku itariki 30 Kanama 2019 aho akekwaho icyaha cyo gukubita, gukomeretsa no guhoza ku nkeke umugore we, nkuko tubicyesha ikinyamakuru Kigali Today Ni urubanza rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 21 Mutarama 2020, nyuma y’uko rusubitswe ku itariki 11 Mutarama 2020 ku mpamvu (…)
By Scovia Mutesi Kanyamuhanda Jean Bosco wo mu Karere ka Huye ukekwa icyaha cyo kwica umugore we amutemye yarashwe na Polisi arapfa kuri uyu wa Gatatu ubwo yageragezaga kuyicika. Uwo mugabo w’imyaka 56 y’amavuko yari asanzwe abana n’umugore we mu Kagali ka Sazange mu Murenge wa Kinazi. Akekwaho kwica umugore we amutemye ibice by’umubiri akabijugunya, mu mugezi wa Ntaruka ugabanya Nyanza na Huye.
Habonwe umurambo we udafite amaboko, ukuguru, ibere n’ibindi bice by’umubiri. Abaturage (…)
Mu Rwanda hashizweho uburyo bwo gutanga urukingo rwa Ebola mu bice bihana imbi ni gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo hagaragaraga icyoroze cya Ebola birinda ko abanyarwanda bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka hashyirwaho n,uburyo bwo kupima abava congo ako kanya banduye,bakanakaraba intocyi; hashyirwaho n, uburyo bwokwigisha abaturage kwirind babwirwa uko Ebola yandura n,ibimenyetso byayo.
ntaburyo bwashyizweho bwo gutanga urukingo rwa Ebola kubafite ibyago (…)
Bya HABIMANA Jean Claude
Kamariza Olive (Mother of 3) from Musanze district who was severely battered by her husband (Vice Mayor) has brought her case to Twitter requesting safety from His Excellency Paul Kagame, the President of Republic of Rwanda.
The case of Kamaliza came last year when Rwanda Investigation Bureau (RIB) confirmed to having in custody Augustin Ndabereye, the vice mayor in charge of economic development in Musanze District due to assault.
RIB twitted “RIB has (…)
By imfurayabo Pierre Romeo
Inzobere mu kwandika itegeko nshinga za muri buri gihugu kigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ziragera i Bujumbura uyu munsi aho zigiye kumara icyumweru mu bikorwa byo gutunganya itegeko nshinga rimwe ry’uyu muryango.
Ibi bigamije gushyira mu bikorwa imwe mu ntego enye za EAC yo; kuba igihugu kimwe gufite ubutegetsi bumwe bwa politiki na guverinoma.
EAC ivuga ko kuva ejo kuwa kabiri kugeza kuwa mbere utaha izo nzobere zizakorana hagati yazo (…)
By Pierre Romeo IMFURAYABO
Muri uyu mwaka wa 2020 nibwo biteganyijwe ko imirimo yo kuvugurura Stade Amahoro itangira, aho niyuzura izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 40 bicaye neza.
Mu 2018 Ikigo cy’Igihugu cy’imiturire (RHA) cyatangaje ko Stade Amahoro izavugururwa, ibice byayo byose bigasakarwa.
Stade Amahoro ikunze kwakira ibikorwa bitandukanye birimo imikino n’ibirori bitandukanye birimo iby’igihugu. Ifite igice gito gitwikiriye ndetse Impuzamashyirahamwe y’Umupira (…)
Ibihumbi by’abaturage byari byuzuye mu mihanda yo mu mujyi wa Tehran muri Iran, ubwo basezeraga ku murambo wa Gen Soleimani Qasem uherutse kwicwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Soleimani wari uyoboye umutwe w’ingabo zidasanzwe za Iran, yishwe kuwa Gatanu ushize yicirwa hafi y’ikibuga cy’indege cya Baghdad muri Iraq. Amerika ivuga ko yishwe ari gutegura igitero cy’iterabwoba cyagombaga kwibasira abanyamerika baba muri Iraq.
Umuhango wo gusezera kuri Soleimani wayobowe n’umuyobozi (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Mu karere ka Rusizi ku kigonderabuzima cya Gihundwe hatangijwe na Minisiteri y’ubuzima gutanga urucyingo rwa Ebola gahunda yiswe UMURINZI ku baturage bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nundi wese ubishaka mu gihe y’abazi ko haraho yahurira niyo rwara.
Ikigikorwa cyageze mu Rwanda mu gihe uru rukingo rwageragejwe mu bihugu bitandukanye ku isi hagendewe kubyemezo by’impugucye za OMS zabonye ko rwa (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umushoramari mushya muri uyu mushinga w’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera ni leta ya Qatar, yaraye igiranye amasezerano n’iy’u Rwanda yo gushora imari muri uyu mushinga wongerewe agaciro ukava kuri miliyoni $800 ukagera kuri miliyari $1,3.
Uyu ni umushinga wavuzwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda kuva mu myaka irenga 30 ishize, mu kwa munani 2017 Perezida Paul Kagame yatangije imirimo yo kuwubaka ariko uza guhagarara.
Mu 2011, byatangajwe ko kubaka iki (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















