Tuesday . 9 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Mu gihe cya #GumaMuRugo impanuka zo mu muhanda zaragabanutse
Mu gihe cya #GumaMuRugo impanuka zo mu muhanda zaragabanutse

By Imfurayabo Pierre
Polisi y’u Rwanda itangazako kubera igabanuka ry’ibinyabiziga mu mihanda hirya no hino mu gihugu, impanuka na zo zagabanutse. Mbere ya gahunda ya #GumaMuRugo, ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro na bwo bwari bwagabanyije impanuka ku kigero gishimishije nkuko byemezwa na Polisi.
Mbere y’uko ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro butangira, mu Rwanda habaga impanuka zisaga 5000 buri mwaka, abantu 500 zikabahitana. Icyakora kuva iyo gahunda yatangira muri Gicurasi 2019, (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Evariste Ndayishimiye yatsinze n'amajwi 68%
Burundi: Evariste Ndayishimiye yatsinze n’amajwi 68%

By Imfurayabo Pierre
Komisiyo y’igihugu y’amatora mu Burundi imaze gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu aho Evariste Ndayishimiye w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi yaje imbere n’amajwi 68,72%.
Iyi komisiyo y’amatora yatangaje ko hiyandikishije gutora abantu bagera kuri miliyoni 5,115, 418 naho abatoye bakaba ari 87% byabo.
Urutonde rw’uko abakandida barindwi bakurikiranye mu majwi yatangajwe:
Evariste Ndayishimiye (CNDD-FDD) - 68,72% Agathon Rwasa (CNL) - (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yaganiriye n'Igikomangoma cy'u Bwongereza kuri gahunda y'isoko rirambye
Perezida Kagame yaganiriye n’Igikomangoma cy’u Bwongereza kuri gahunda y’isoko rirambye

By Imfurayabo Pierre
Perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro n’Igikomangoma cy’u Bwongereza, Charles Philip Arthur Georg, cyibanze kuri gahunda uyu muyobozi yatangije muri Mutarama uyu mwaka ivuga ku Isoko rirambye ku Isi.
Muri Mutarama uyu mwaka, nibwo igikomangoma Prince Charles yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku mpinduka zikenewe mu iterambere ry’Isi, World Economic Forum (WEF), yabereye i Davos mu Busuwisi, atangiza gahunda yise ‘Sustainable Markets Initiative.’ (…)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Umuturage yafatanwe litiro 1500 z'inzoga zitemewe
Nyagatare: Umuturage yafatanwe litiro 1500 z’inzoga zitemewe

By Imfurayabo Pierre
Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare mu murenge wa Mimuri mu kagari ka Mimuri mu mudugudu wa Byimana, yafashe uwitwa Muhawenimana Donathe w’imyaka 54. Abapolisi basanze uyu muturage afite iwe mu rugo litiro 1,500 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya Kambuca.
Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana, avuga ko abaturage ari bo batanze amakuru ko Muhawenimana akora inzoga zitujuje ubuziranenge hahita (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Isubikwa ry'ingendo z'indege kubera icyorezo cya Coronavirus, ryatumye Guverinoma ikoresha uwo mwanya mu kwagura ikibuga cy'indege cya Kigali
Isubikwa ry’ingendo z’indege kubera icyorezo cya Coronavirus, ryatumye Guverinoma ikoresha uwo mwanya mu kwagura ikibuga cy’indege cya Kigali

By Imfurayabo Pierre
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibibuga by’indege (RAC), ari nacyo gishinzwe imirimo yo kucyagura, yavuze ko imirimo iri gukorwa izatuma ikibuga cy’indege cyongera ubushobozi bw’aho indege ziparika, umuhanda zikoresha zihaguruka n’imiryango abagenzi bakoresha.
Umuyobozi mukuru wa RAC, Firmin Karambizi, yabwiye itangazamakuru ati “Turimo kwagura ubushobozi bwa parikingi z’indege n’inzira zo guhaguruka kwazo kugira ngo twongere umutekano mu gihe habaho kwiyongera (…)

424 Shares 4 Comments
Bosenibamwe Aimé yitabye Imana
Bosenibamwe Aimé yitabye Imana

By Imfurayabo Pierre
Amakuru dukesha Kigalitoday aravuga ko Bosenibamwe Aimé wayoboraga Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco (NRS) yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2020 azize uburwayi.
Bosenibamwe Aimé wahoze ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yagizwe umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Igororamuco (NRS) muri 2017. Yagizwe umuyobozi mukuru w’icyo kigo gihuriza hamwe ibigo bisanzwe byakira abantu bakunze kugira imyitwarire ibangamiye ituze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hagomba gushyirwaho ingamba zihariye zo kurengera abantu bafite ubumuga mu bihe by'ibyorezo nka koronavirusi.
Hagomba gushyirwaho ingamba zihariye zo kurengera abantu bafite ubumuga mu bihe by’ibyorezo nka koronavirusi.

By Imfurayabo Pierre Romeo
Abafite ubumuga butandukanye barasaba ko guverinoma y’U Rwanda yazashyiraho politiki n’ingamba zifatika zizajya zirengera abantu bafite ubumuga butandukanye, mu guteganya ko zishobora kuzabarengera mu bihe by’amakuba nk’ibyorezo nkuko byagaragaye ko bahuye n’inzitizi nyinshi muri ibi bihe isi yugarijwe n’icyorezo cya koronavirusi.
Ubu butumwa bwatangiwe mu kiganiro cyatambutse kuri radiyo na televiziyo isangostar, cyari cyitabiriwe na Sauda Mukamazimpaka, (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Haravugwa kwiba amajwi mu gikorwa cyo gukusanya ibyavuye mu matora y'umukuru w'igihugu
Burundi: Haravugwa kwiba amajwi mu gikorwa cyo gukusanya ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu

By Imfurayabo Pierre
Ibyavuye mu matora by’agateganyo byari bitegerejwe kuwa mbere cyangwa kuwa kabiri, gusa mu ijoro ryacyeye hatangajwe ibimaze kuboneka mu majwi yabazwe, umukandida wa CNDD-FDD ni we uri imbere, ibi byamaganwe n’ishyaka CNL.
Ihuriro ry’ibitangazamakuru muri aya matora - rikuriwe na leta - ryatangaje ibyavuye mu matora ku biro byo ku rwego rw’amakomine y’u Burundi bigera kuri 12% byari bimaze kubarwa. Ku mwanya w’umukuru w’igihugu Evariste Ndayishimiye, umukandida wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Habaye ibiganiro hagati ya OMS na Perezida wa Madagascar ku muti uvugwa ko uvura COVID-19
Habaye ibiganiro hagati ya OMS na Perezida wa Madagascar ku muti uvugwa ko uvura COVID-19

By Imfurayabo Pierre
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yavuze ko Dr Tedros Adhanom ukuriye ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO, yavuze ko bazashyigikira ibikorwa byo kureba niba uyu muti uvura covid-19, anavuga ko yashimye umuhate wa Madagascar mu kurwanya Covid-19.
Perezida Rajoelina avuga ko Madagascar yavumbuye umuti gakondo uvura coronavirus bise Covid-Organic, kugeza ubu ibihugu bimwe bya Afurika byamaze kuwugezwaho.
OMS ntabwo iremeza uyu muti cyangwa (…)

424 Shares 4 Comments
Kutagera ku ntego byihaye byatumye ibigo bikora udupfukamunwa byongerwa
Kutagera ku ntego byihaye byatumye ibigo bikora udupfukamunwa byongerwa

By Imfurayabo Pierre
Ibigo byemerewe gukora udupfukamunwa mu Rwanda, byongerewe bigera kuri 76, ni nyuma y’uko bigaragaye ko ibyari bihari bitabashije kugera ku ntego kubera impamvu zirimo gukoresha abakozi bake hubahirizwa guhana intera mu kwirinda Coronavirus.
Mu kwezi gushize Guverinoma y’u Rwanda, yongereye ingamba yo kwambara agapfukamunwa kuri buri munyarwanda, mu zindi nyinshi yafashe zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo.
Ibigo n’inganda 21 byahise bihabwa umwihariko wo gukora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru