Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Umuhungu wa perezida Kagame yashyizwe mu nama y'ubutegetsi ya RDB n'Inama y'abaminisitiri
Umuhungu wa perezida Kagame yashyizwe mu nama y’ubutegetsi ya RDB n’Inama y’abaminisitiri

By Imfurayabo Pierre
Inama y’abaminisitiri mu Rwanda yaraye yemeje kugumishaho nyinshi mu ngamba zafashwe mu kwirinda coronavirus, kimwe mu bindi byemezo byayo ni ugushyira mu myanya y’ubutegetsi ya RDB, Ivan Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame. Ku nshuro ya mbere, Inama y’abaminisitiri – yari iyobowe Bwana Kagame – yashyize umwe mu bana be mu myanya y’ubutegetsi.
Ivan Kagame, yashyizwe mu bagize inama y’ubutegetsi y’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB.
Iki kigo nicyo (…)

424 Shares 4 Comments
Moto n'ingendo zihuza Intara bizakomorerwa tariki ya 01 Kamena 2020, insengero n'utubari birakomeza gufunga
Moto n’ingendo zihuza Intara bizakomorerwa tariki ya 01 Kamena 2020, insengero n’utubari birakomeza gufunga

By Imfurayabo Pierre Romeo
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa mbere tariki 18 Gicurasi 2020, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe imyanzuro irimo uwo kuzakomorera abamotari n’ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi Ntara ku itariki ya mbere Kamena 2020.
Hagati aho ariko izo ngendo ziracyahagaritswe mu rwego rwo gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kwirinda icyorezo Covid-19, n’ubwo amasaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa tatu z’ijoro aho kuba saa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu Rwanda abahamwe n'ibyaha bagera ku 3596 bafunguwe
Mu Rwanda abahamwe n’ibyaha bagera ku 3596 bafunguwe

By Imfurayabo Pierre
Nkuko imyanzuro y’inama yabaminisitiri ibitangaza, abagororwa 3596 bahamwe nibyaha bitandukanye bafunguwe.
hifashishijwe ikoranabuhanga Inama y’abaminisitiri yateranye kuru wa 18 / 05 /2020 yiga kubibazo bitandukanye ndetse harimo no kwiga kuburyo bwo guhashya icyorezo cya coronavirus gihangayikishije isi, aho kurubu habarurwa abagera kuri 297 banduye coronavirus abagera kuri 203 bakaba barayikize.
Inama yabaminisitiri yemeje ko abagororwa 3596 bahamwe nibyaha (…)

424 Shares 4 Comments
Umuntu wa mbere yishwe na Coronavirus muri Madagascar
Umuntu wa mbere yishwe na Coronavirus muri Madagascar

By Imfurayabo Pierre
Umuntu wa mbere muri Madagascar yishwe na Coronavirus, uyu akaba ari umukozi wo mu rwego rw’ubuzima wari ufite imyaka 57, akaba yari arwaye izindi ndwara zirimo diabetes n’umuvuduko w’amaraso.
Akanama gashinzwe kurwanya Coronavirus muri Madagascar, katangaje aya makuru ku cyumweru. Umuvugizi wako Hanta Danielle Vololontiana, yavuze ko uyu mugabo yapfuye kuwa Gatandatu nijoro.
Ati “Umugabo yishwe na Covid-19 muri Madagascar, yari afite imyaka 57, ari umwe mu bakozi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa
Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa

By Imfurayabo Pierre
Kuri zimwe mu mbuga nkoranyambaga hari indangamuntu ziriho amazina nka Sanduwice, Quatre Moteurs, Niboneyimbwa Munzuyarwo, Bikundaguhena, Umwarutarakurikiyamaraha, Ntawutaramaniryundimugabo, Gudubayi, Gumawitume, Turaburaye, Ntawuhorabyibushye n’andi, gusa ntawakwemeza niba koko izo ndangamuntu ari umwimerere, cyangwa ngo yemeze ko abo bantu koko bitwa batyo.
Uretse ibyo kandi mu Igazeti ya Leta No2 yo ku wa 14 Mutarama 2019, hatangajwemo ibyemezo Minisiteri (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yahaye imbabazi abari bafunzwe bazira gukuramo inda
Perezida Kagame yahaye imbabazi abari bafunzwe bazira gukuramo inda

By Imfurayabo Pierre
Mu nama yahuje perezida wa repuburika y’urwanda Paul KAGAME n’abaminisitiri yiga kubibazo bitandukanye bigiye byugarije igihugu muri rusange.
Nyakubahwa Paul KAGAME Yahaye imbabazi umugore umwe (1) n’abakobwa mirongo itanu (50) bari bafunzwe bazira gukura inda.
Dore imyanzuro yafashe ubwo habaga inama y’abaminisitiri yateranye kuwa 18 Gicurasi 2020 Kuri iyi paji niho hagaragara igika cyemeza ko perezida kagame yahaye imbabazi abafungiwe gukuramo inda Nkuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Menya uko operasiyo yo gufata Kabuga félicien yagenze
Menya uko operasiyo yo gufata Kabuga félicien yagenze

By Imfurayabo Pierre
Ejo kuwa gatandatu Umunyarwanda Félicien Kabuga wari mu bantu bashakishwa cyane ku isi akekwaho kuba umwe mu bari ku isonga rya Jenoside mu Rwanda mu 1994 yafatiwe i Paris mu Bufaransa nk’uko bitangazwa n’ubushinjacyaha bw’urwego rw’ubutabera rukurikirana ibyaha rwa ONU/UN.
Umushinjacyaha w’uru rwego Serge Brammertz yatangaje ko ifatwa rya Kabuga ari “ukwibutsa ko abagize uruhare muri jenoside bashobora kubazwa ibyo bakoze, no mu myaka 26 nyuma yabyo”.
Itangazo (…)

424 Shares 4 Comments
Amafoto: Perezida Kagame yasuye ahantu hagizweho ingaruka n'imvura imaze iminsi igwa mu rwanda
Amafoto: Perezida Kagame yasuye ahantu hagizweho ingaruka n’imvura imaze iminsi igwa mu rwanda

By Imfurayabo Pierre
Uyu munsi, Perezida Kagame yasuye uduce two mu Karere ka Nyabihu yibasiwe n’imvura nyinshi, harimo ikiraro cya Giciye kirimo kubakwa kugira ngo abanyamaguru bava muri ako gace babone ibitaro bya Shyira.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Huye: Ubuzima bw'abana b'inzererezi bambara udupfukamunwa ‘batoraguye muri Poubelle' burahangayikishije
Huye: Ubuzima bw’abana b’inzererezi bambara udupfukamunwa ‘batoraguye muri Poubelle’ burahangayikishije

By Imfurayabo Pierre
Abakorera mu Mujyi wa Huye n’abahatembera bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana b’inzererezi basigaye bambara udupfukamunwa batoraguye mu dusanduku tujugunywamo imyanda tuzwi nka Poubelle.
Muri ibi bihe Abanyarwanda bose basabwa kwambara udupfukamunwa nka bumwe mu buryo bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19; mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Huye hari kugaragara abana b’izererezi bambaye udupfukamunwa batoraguye ahajugunywa imyanda.
Bamwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
Félicien Kabuga yafatiwe Paris nyuma y'imyaka 26 ashakishwa n'ubutabera ngo aryozwe uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi Mata 1994
Félicien Kabuga yafatiwe Paris nyuma y’imyaka 26 ashakishwa n’ubutabera ngo aryozwe uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi Mata 1994

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo cy’ubushinjacyaha cyashyizweho n’umuryango w’abibumbye mu kurangiza ibibazo bitakemuwe n’urukiko mpuzamahanga mpana byaha rwakoreraga Arusha kuri uyu munsi cyemeje ko Félicien Kabuga wagize uruhare rukomeye mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakore abatutsi mu Rwanda yatawe muri yombi ku mbaraga zahujwe n’iki kigo cy’ubushinja cyaha, inzego zishinzwe umutekano na leta y’U bufaransa.
Inkuru dukesha urubuga rw’ubushinjacyaha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru