Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ibi yabivuze nyuma yuko Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe, kuwa Kane tariki 14 Gicurasi, ifafashe uwitwa Uwamaliya Chantal ufite imyaka 25, imufatana amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 25 y’amiganano.
Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Marie Goretti Umutesi avuga ko Uwamaliya yari asanzwe ari umukozi utanga serivisi zo kubitsa no kubikuriza abantu amafaranga, muri ako kazi akaba ari nabwo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Inkuru dukesha igihe iravuga ko imyanzuro y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama, yategetse ko Niyonsenga Dieudonné wiyita Cyuma ufite Ishema TV ikorera kuri YouTube, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha akurikiranyweho byo kwiyitirira umwirondoro, impapuro mpimbano ndetse no kwigomeka ku byemezo byafashwe n’abayobozi.
Niyonsenga yatawe muri yombi kuwa 15 Mata 2020, kubera kurenga ku mabwiriza yashyizweho mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda iratangaza ko Leta ya Uganda yemeye kurekura abandi Banyarwanda barenga 170 bari bafungiyeyo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Inkuru dukesha ikinyamakuru umuseke ivuga ko ibi byavugiwe mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi ku wa Gatanu tariki 15 Gicurasi 2020 kibanze ku mibanire y’u Rwanda n’amahanga.
Minisitiri Dr Biruta yavuze ko hari intambwe (…)
Yanditswe na Madamu Jeannette Kagame Kuya 15 Gicurasi 2020 saa 08:04
Inyandiko ducyesha Igihe
Ubwanditsi: Iyi ni inyandiko yanditswe na Nyakubahwa Madamu Jeannette Kagame, igaragaza uruhare rw’umuryango mu bihe nk’ibi Isi yose ihanganye n’icyorezo cya Covid -19. Ni ubutumwa bwe bujyanye n’uyu Munsi Mpuzamahanga w’Umuryango. Icyorezo cya Covid-19 cyaduteye urujijo no guhangayika. Ntabwo tuzi iherezo ry’ibi bihe bihinduka buri munsi. Icyakora hari ikintu kimwe kidahinduka: akamaro (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO rivuga ko coronavirus "ishobora kutazagira aho ijya ikigumira mu bantu nkuko ibindi byorezo nka SIDA, iseru n’ibindi bmeze kugeza nubu".
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo kuwa gatatu, Dr Mike Ryan ukuriye ibikorwa by’ubutabazi muri OMS, yaburiye abantu kwirinda guteganya igihe iyi virus izaba yaracitse.
Yavuze ko nubwo urukingo rwayo rwaboneka, gukomeza kuyirwanya bizasaba imbaraga (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Ingaruka za coronavirusi ntizizagera ku baturage gusa ahubwo zizagera no ku gihugu muri rusange. Kuba Serivise z’ibikorwa by’ubucuruzi ndetse n’inganda byo soko y’imisoro bimaze iminsi bidakora, biragoye ko Leta yabona imisoro y’ijanisha rya 57’5% yunganira ingengo y’imali muri uyu mwaka wa 2020 nk’uko byari biteganijwe mbere ya COVID19.
Muri raporo y’ubushakashatsi bwakozwe mumpera za Mata 2020 n’itsinda ry’impuguke mu by’ubukungu ku ngaruka za Covid-19 mu (…)
Yandistwe na Scovia Mutesi Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda cyatumye haba impinduka ku buzima n’imibereho y’abaturage mu byiciro bitandukanye. Mu bagezweho n’ingaruka zo kwirinda ikwirakwizwa rya koronavirusi harimo abari abakozi bagahagarikiwe amasezerano y’akazi mu gihe cy’amezi atatu. Aba bemeza ko ubuzima bubakomereye cyane. Peter yari umushoferi mu kigo gitwara abagenzi muri Ritco. Umukoresha we yamubwiye ko amasezerano (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda, henshi humvikana imibare y’abapfuye n’abakize ariko kugeza ubu nta muti nta rukingo. Ku wa gatatu tariki ya 29 mata 2020, imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima yagaragazaga ko mu banduye iki cyorezo bagera kuri 225, muri bo hakize abagera 98 bakaba barakize. Ibibazo, amatsiko n’impungenge ni byinshi mu bantu bibaza uburyo iyi ndwara ikira, nyamara nta muti. (…)
by Scovia Mutesi
Nairobi 25th April 2020: Without the full participation and inclusion of women within the COVID19 pandemic response, Africa’s efforts to flatten the curve and/or wipe-out the pandemic will be futile and counter-productive.
Without the deliberate infusion of gender-disaggregated data to unpack the reality of the impact of the COVID19 Pandemic, a huge chunk of Africa’s population will remain disenfranchised and forgotten as the ravages of the global pandemic continues to (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Impungenge ni zose ku babyeyi bibaza uko bazakoresha udupfukamunwa ku bana bato cyane cyane abafite munsi y’imyaka irindwi. Ibi bije nyuma y’uko Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije atangaje ko abanyarwanda bose bagomba gutangira kwambara udupfukamunwa baba bari mu rugo cyangwa basohotse, nk’uburyo bubafasha kurushaho kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Koronavirusi.
Bamwe mu babyeyi bavuga ko bitakunda ko umwana muto uri munsi y’imyaka irindwi (7). (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























