Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Abaturage bo mu turere twa Rutsiro na Karongi bijejwe ko nibatora Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party)bazubakirwa inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi muri buri murenge bitewe n’umusaruro uhaboneka.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki bya 3 Nyakanga 2024 aho umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu Dr Frank Habineza ari kumwe n’abakandida Depite bari bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza.
Uyu mukandida w’ishyaka rya Green Party (…)
Ubutegetsi bubi ntawashidikanya ko aribwo bwahejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Ibi Perezida Kagame yabisobanuye neza ubwo yari ageze mu karere ka Kirehe aho yahahuriye n’abaturage baho ndetse n’abo mu karere ka Ngoma mu kwiyamamariza kongera kuyobora igihugu muri Manda y’imyaka 5 iri imbere, 2024-2029.
Paul Kagame, akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi ndetse akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yagaragarije abaturage bo mu Karere ka (…)
Umukandida Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank yibukije abaturage ba Nyabihu na Rubavu ko badakwiye kujya bafata umusaruro wose bejeje ngo bawujyane ku isoko bibagirwe abana babyaye, bisange mu igwingira.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Nyakanga 2024 nibwo kandida Perezida Dr Frank Habineza n’abakandida Depite ba Green party bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyabihu na Rubavu, Ku munsi wa 11, aho bongeye kwibutsa abaturage ko babishaka (…)
Abaturage bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke bamazwe impungenge ko nibaramuka batoye Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza ibigo bifungirwamo abantu by’igihe gito, by’inzererezi bizakurwaho.
Uyu mukandida wiyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganijwe tariki ya 15 Nyakanga 2024, yabitangarije muri Rusizi na Nyamasheke aho yari yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza ageza imigabo n’imigambi ku barwanashyaka ba Green Party. (…)
Ubwo yari ageze mu murenge wa Mukura mu karere ka Huye, Kandida Perezida Dr Habineza Frank yijeje abaturage ko nibatera igikumwe cyabo ku kirango cya Kagoma akaba perezida abanyarwanda bazajya barya gatatu ku munsi.
Hari kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024 ubwo umukandida Dr Frank Habineza wiyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’abakandida Depite batanzwe n’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije bageraga mu karere ka Huye.
Ni ibikorwa byo kwiyamamaza (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa kabaya ,Akarere ka Ngororero baravuga ko banyuzwe n’imigabo n’imigambi y’umukandida watanzwe n’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party) kugira ngo arihagararire mu matora y’umukuru w’Igihugu azaba akomatanyije n’ayabadepite ateganyijwe taliki ya 15 Nyakanga 2024.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Kamena 2024 nibwo kandida Perezida wa Green party, Hon Dr Frank Habineza n’abakandida Depite b’ishyaka bakomereje ibikorwa byo (…)
Urubyiruko rufite inyota mu guhanga udushya mu ikoranabuhanga rurasaba gushyigikirwa, ibihangano biva mu bitekerezo byabo bikababyarira inyungu zikagera no ku bandi ndetse bikagura amasoko mu guhanga udushya tugamije gukemura ibibazo abantu bafite.
Hari kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kamena 2024, ubwo urubyiruko rw’abanyeshuri biga mu mashuri yigisha ikoranabuhanga muri gahunda ya ICP Rwanda yigisha ikoranabuhanga rya blockchain basozaga amarushanwa ya gushaka udushya mu mishinga (…)
Dr Frank Habineza yasezeranyije abaturage ba Gisagara na Ruhango kuzateza imbere ubuhinzi n’ubworozi
Ku munsi wa karindwi w’ibikorwa byo kwiyamamaza umukandida Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party, Dr Frank Habineza yasezeranyije abaturage bo mu ntara y’Amajyepfo mu turere twa Gisagara na Ruhango ko nibamutora azaharanira guteza imbere ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2024 ahagana ku isaha ya saa 13h00 z’amanywa nibwo Dr. Frank Habineza yarasesekaye mu murenge wa Musha mu karere ka Gisagara aho yakiriwe (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa bweyeye batunguwe n’umusore wabengeye umukobwa mu biro by’umurenge wa Bweyeye aho bari nagiye gusezerana kubana nk’umugore n’umugabo.
Nkuko bisanzwe kuwa Kane mu gihugu ku biro by’umurenge haba hari hahunda rusange yo gusezeranya abifuza kubana mu buryo bwemewe n’amategeko.
Ku biro by’umurenge wa Bweyeye naho kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2024 hari hateganyijwe umuhango wo gusezeranya bateganya kurushinga aho abakobwa n’abasore bari babukereye. (…)
Ku munsi wa Gatandatu wo kwegera abaturage n’abanyamuryango, umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party of Rwanda), yahize ko abaturage nibaramuka bamugiriye icyizere bakabatora umushahara wa muganga uzazamuka.
Byatangajwe kuri uyu wa kane tariki ya 27 kamena 2024 ubwo umukandida Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yageraga mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, intara y’Amajyepfo.
Umunyamabanga (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















