Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Ubushita bw'Inkende bwageze mu Rwanda
Ubushita bw’Inkende bwageze mu Rwanda

Umugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 30 banduye indwara y’ubushita bw’inkende bita mPox cyangwa monkey pox bagaragaye mu Rwanda.
Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC.
Abo bantu byagaragaye ko bari basanzwe bava cyangwa bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho iyo ndwara yari imaze iminsi igaragara.
RBC ivuga ko iriya ndwara yandurira mu gukora ku matembabuzi y’uwayanduye, mu mibonano mpuzabitsina, mu gusomana, (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abashumba bibasiwe n'umuntu uri kubatema
Rubavu: Abashumba bibasiwe n’umuntu uri kubatema

Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu, by’umwihariko abashumba b’inka, bavuga ko bibasiwe bikomeye n’uwitwa Mafari ubambura akanabatema bikomeye.
Uyu uvugwa azwi gusa ku izina rya Mafari, ari naryo zina rye ryo nyine twabashije kumenya, ngo yahoze nawe ari umushumba w’inka, aho yaragiriraga umuporisi. Nibura ngo muri iki cyumweru twahawemo ayo makuru yari amaze gutema abantu babiri, mu gihe habarurwa abo amaze gutema bagera kuri barindwi mu gihe kitarenze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRCONGO: Mu rukiko Nkuba yavuze ubufasha Gen. Muhoozi yahaye M23
DRCONGO: Mu rukiko Nkuba yavuze ubufasha Gen. Muhoozi yahaye M23

Eric Nkuba, umwe mubari kuburanishwa mu rubanza rwatangiye uyu munsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko iminsi yose we nabagenzi be bagize ihuriro AFC/M23 babaga mu macumbi y’umuhungu wa Museveni, Général Muhoozi Kenerugaba.
Ni urubanza karundura ruri kumvirwa mu rukiko rukuru rwa Gisirikare rwa Kinshasa i Gombe ruregwamo umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa. Uyu yahoze akuriye komisiyo y’igihugu y’igenga y’amatora muri iki gihugu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kongera guhura
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kongera guhura

Mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga hateganyijwe ibganiro byo ku rwego rwo hejuru, bizahuza Perezida w’u Rwanda Paul Kagame n’uwa DRCongo Felix Anthoine Tshisekedi Chilombo ku ngingo yuko hagaruka umutekano mu karere.
Nta gihindutse biteganijwe ko ibiganiro bizahuza abategetsi ba RDC n’ab’u Rwandabizaba ku matariki asoza uku kwezi kwa Karindwi uy’u mwaka; bahurire i Luanda mu gihugu cya Angola aho bazaganira ku birebana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamagabe: Imihanda bakoze Perezida yabasuye igiye gusubukurwa
Nyamagabe: Imihanda bakoze Perezida yabasuye igiye gusubukurwa

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Bwana Niyomwungeri Hildebrand yemereye mamaurwagasabo.rw ko imihanda bakoze igitaraganya ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabasursga nyuma bakayicumbikira aho izacumbukurwa mu cyumweru gitaha.
Ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga kwiyamamaza mu karere ka Nyamagabe, nk’umukandida wa FPR Inkotanyi, abayobozi baraye bakora imihanda hutihuti mu rwego rwo kwikuraho kwirwanaho, cyokoze yamaze kugenda bahagarika ibikorwa byo gukomeza kuyikora, none (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yirukanye uwari Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'umuriro
Perezida Kagame yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’umuriro

Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nyakanga 2024, rivuga ku iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo.
ikigairo kirambuye: https://youtu.be/ALxTi0bT-uA?si=PzB5Z3B88kxb4Gvg
Amakuru ava mu nzego z’ubugenzacyaha avuga ko ibyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RUSIZI: UWACURUZAGA URWAGWA YISHWE ANIZWE
RUSIZI: UWACURUZAGA URWAGWA YISHWE ANIZWE

Abataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 27 wacuruzaga urwagwa mu Karere ka Rusizi.
ku isaha ya saa munani z’urukerera (2h00) rwo kuri uyu wa kabiri zishyira kuwa wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2024 mu Mudugudu wa kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe, nibwo Niyonsenga Dianne bivugwa ko akomoka mu karere ka Huye yaraye yiciwe.
Ikinyamakuru Mamaurwagasabo cyamenye ibyaya makuru mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu aho ngo irondo ry’umwuga ryatabaye ryumvise umuntu atakira kuri (…)

424 Shares 4 Comments
CONGO: Leta yirukanye umwe mu bitabiriye ibiganiro na M23
CONGO: Leta yirukanye umwe mu bitabiriye ibiganiro na M23

Jean Bosco Bahala Lusheke ukuriye porogaramu ya leta ya DR Congo yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abari ingabo n’inyeshyamba yakuwe ku mirimo ye, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa pereriza.
Mu butumwa bugufi bwashyizwe ku rubuga X na Tina Salama, umuvugizi wa Perezida Felix Tshisekedi ntiyasobonuye impamvu yo kwirukanwa kwa Bahala Lusheke.
Mu mpera z’icyumweru gishize byavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ko Bahala akuriye itsinda ryoherejwe na leta ya Kinshasa i Kampala mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Barasaba kubakirwa isoko rya Gisiza ryuzuyemo umwanda
Rutsiro: Barasaba kubakirwa isoko rya Gisiza ryuzuyemo umwanda

Bamwe mu baturage barema isoko ricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye harimo n’ibiribwa rya Gisiza riherereye mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro barasaba ko rya kubakwa rigatunganywa, bakabasha kwirinda ingaruka mbi zituruka kuba ritubakiye.
Nyiransabimana ni umwe mubo baturage, twasanze muri iri soko rya Gisiza azanye ibicuruzwa, nawe agaragaza impungenge zo gucururiza mu isoko rimeze gutya, by’umwihariko ibiribwa.
Yagize ati: "Ikibazo cy’isoko kiri hano ni ukuba ritubatse, kandi (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda: Depite yeruye ko nibadakura ruswa mu nteko basanga abaturage mu mihanda
Uganda: Depite yeruye ko nibadakura ruswa mu nteko basanga abaturage mu mihanda

Nyuma yaho urubyiruko rutangiye kwigaragambya kuri gahunda rwahaye Perezida Museveni rumusaba gukemura ikibazo cya Ruswa ivugwa mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, umwe mu badepite yanze kuripfana yerura ko nihadafatwa ingamba kuri icyo kibazo baza kujya kwifatanya n’abaturage mu mihanda.
Inkundura yo kwigaragambya igeze Uganda arinako imaze ukwezi ica ibintu muri Kenya, aho urubyiruko ruri gusaba ko perezida William Ruto nawe agenda, nubwo yemeye ko atazatambutsa itegeko rizamura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru