Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Umugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 30 banduye indwara y’ubushita bw’inkende bita mPox cyangwa monkey pox bagaragaye mu Rwanda.
Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC.
Abo bantu byagaragaye ko bari basanzwe bava cyangwa bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho iyo ndwara yari imaze iminsi igaragara.
RBC ivuga ko iriya ndwara yandurira mu gukora ku matembabuzi y’uwayanduye, mu mibonano mpuzabitsina, mu gusomana, (…)
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu, by’umwihariko abashumba b’inka, bavuga ko bibasiwe bikomeye n’uwitwa Mafari ubambura akanabatema bikomeye.
Uyu uvugwa azwi gusa ku izina rya Mafari, ari naryo zina rye ryo nyine twabashije kumenya, ngo yahoze nawe ari umushumba w’inka, aho yaragiriraga umuporisi. Nibura ngo muri iki cyumweru twahawemo ayo makuru yari amaze gutema abantu babiri, mu gihe habarurwa abo amaze gutema bagera kuri barindwi mu gihe kitarenze (…)
Eric Nkuba, umwe mubari kuburanishwa mu rubanza rwatangiye uyu munsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko iminsi yose we nabagenzi be bagize ihuriro AFC/M23 babaga mu macumbi y’umuhungu wa Museveni, Général Muhoozi Kenerugaba.
Ni urubanza karundura ruri kumvirwa mu rukiko rukuru rwa Gisirikare rwa Kinshasa i Gombe ruregwamo umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa. Uyu yahoze akuriye komisiyo y’igihugu y’igenga y’amatora muri iki gihugu (…)
Mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga hateganyijwe ibganiro byo ku rwego rwo hejuru, bizahuza Perezida w’u Rwanda Paul Kagame n’uwa DRCongo Felix Anthoine Tshisekedi Chilombo ku ngingo yuko hagaruka umutekano mu karere.
Nta gihindutse biteganijwe ko ibiganiro bizahuza abategetsi ba RDC n’ab’u Rwandabizaba ku matariki asoza uku kwezi kwa Karindwi uy’u mwaka; bahurire i Luanda mu gihugu cya Angola aho bazaganira ku birebana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. (…)
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Bwana Niyomwungeri Hildebrand yemereye mamaurwagasabo.rw ko imihanda bakoze igitaraganya ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabasursga nyuma bakayicumbikira aho izacumbukurwa mu cyumweru gitaha.
Ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga kwiyamamaza mu karere ka Nyamagabe, nk’umukandida wa FPR Inkotanyi, abayobozi baraye bakora imihanda hutihuti mu rwego rwo kwikuraho kwirwanaho, cyokoze yamaze kugenda bahagarika ibikorwa byo gukomeza kuyikora, none (…)
Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nyakanga 2024, rivuga ku iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo.
ikigairo kirambuye: https://youtu.be/ALxTi0bT-uA?si=PzB5Z3B88kxb4Gvg
Amakuru ava mu nzego z’ubugenzacyaha avuga ko ibyo (…)
Abataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 27 wacuruzaga urwagwa mu Karere ka Rusizi.
ku isaha ya saa munani z’urukerera (2h00) rwo kuri uyu wa kabiri zishyira kuwa wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2024 mu Mudugudu wa kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe, nibwo Niyonsenga Dianne bivugwa ko akomoka mu karere ka Huye yaraye yiciwe.
Ikinyamakuru Mamaurwagasabo cyamenye ibyaya makuru mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu aho ngo irondo ry’umwuga ryatabaye ryumvise umuntu atakira kuri (…)
Jean Bosco Bahala Lusheke ukuriye porogaramu ya leta ya DR Congo yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abari ingabo n’inyeshyamba yakuwe ku mirimo ye, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa pereriza.
Mu butumwa bugufi bwashyizwe ku rubuga X na Tina Salama, umuvugizi wa Perezida Felix Tshisekedi ntiyasobonuye impamvu yo kwirukanwa kwa Bahala Lusheke.
Mu mpera z’icyumweru gishize byavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ko Bahala akuriye itsinda ryoherejwe na leta ya Kinshasa i Kampala mu (…)
Bamwe mu baturage barema isoko ricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye harimo n’ibiribwa rya Gisiza riherereye mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro barasaba ko rya kubakwa rigatunganywa, bakabasha kwirinda ingaruka mbi zituruka kuba ritubakiye.
Nyiransabimana ni umwe mubo baturage, twasanze muri iri soko rya Gisiza azanye ibicuruzwa, nawe agaragaza impungenge zo gucururiza mu isoko rimeze gutya, by’umwihariko ibiribwa.
Yagize ati: "Ikibazo cy’isoko kiri hano ni ukuba ritubatse, kandi (…)
Nyuma yaho urubyiruko rutangiye kwigaragambya kuri gahunda rwahaye Perezida Museveni rumusaba gukemura ikibazo cya Ruswa ivugwa mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, umwe mu badepite yanze kuripfana yerura ko nihadafatwa ingamba kuri icyo kibazo baza kujya kwifatanya n’abaturage mu mihanda.
Inkundura yo kwigaragambya igeze Uganda arinako imaze ukwezi ica ibintu muri Kenya, aho urubyiruko ruri gusaba ko perezida William Ruto nawe agenda, nubwo yemeye ko atazatambutsa itegeko rizamura (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















