Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urubyiruko rw’abasore rwabyutse rwirara mu mihanda yo mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, rusaba ubutegetsi bwa Museveni ko rurambiwe ruswa igomba guhagarara.
Ni gahunda yari ipanze ku rubyiruko ruvuga ko rurambiwe ruswa iri mu gihugu cya Uganda cyane cyane mu Nteko ishinga amategeko, ifatwa nk’inzu y’ubuvugizi bwa rubanda kuri leta. Mu majwi y’abazindukiye mu myigaraagmbyo, barumvikana bavuga ko ’Nooo, Corruption must stop’ ( ’ruswa igomba guhagarara’).
Kuva batangira guteguza Museveni ko (…)
Bamwe mu baturage bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyamagabe baravuga ko ntabikorwa remezo birabageraho by’umwihariko abo mu murenge wa Mbazi, Kaduha na kibumbwe.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Nyamagabe bamubwiye ko babona barasigaye inyuma mu iterambere.
Nkusi Athanase atuye mu murenge wa Cyanika yagize ati:"Mu kagari ka Ngoma turacyavoma ibirohwa twasigaye inyuma mu iterambere, ibikorwaremezo biguma hano mu mujyi gusa, umuhanda (…)
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje bwa burundu, ko Paul Kagame ari we wegukanye intsinzi y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ni ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite yabaye hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024.
Amajwi ya burundu yatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2024, agaragaza ko Paul Kagame ari we watorewe kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aho yagize 99,18%.
Dr Frank Habineza yagize 0, 50% mu gihe (…)
Amakuru ari guturuka i Kampala muri Uganda atavuga ko hateraniye Inama y’abahagarariye iruhande rwa Leta ya Congo (DRCONGO) n’urw’Umutwe wa M23 uhanganye nayo, mu kuganira uko bashyira iherezo ku ntambara mu karere k’Iburasirazuba bwa Congo kamazemo Igihe umutekano muke.
Ni ibiganiro biyobowe n’uwahawe na mbere inshingano z’ubuhuza ari we Uhuru Kenyatta, wabaye Perezida wa Kenya na Perezida Museveni wa Uganda nk’impuguke y’ibibera mu karere k’ibiyaga bigari.
Ku ruhande rw’Ihuriro rya (…)
Byageze mu gihe cy’amatora abaturage bagira ngo iyo abaye make aharirwa imfizi, gusa aho kwamariza birangiriye n’amatora arangiye ikibazo cy’amazi cyakomeje kuba ikibazo.
Agatima kari kasubiye impembero, umuhogo wahehereye ubwo abaturage bo mu mirenge itandukanye ya Bugesera, cyane cyane iyegereye Umujyi wa Kigali yabonaga Uruganda rw’amazi rwa Kanzenze rukora metero kibe zitari nke zisaranganywa kigali na Bugesera ibura ry’amazi ryaho rikaba amateka.
Kuva impeshyi ya 2024 yatamura (…)
Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame byatangajwe ko yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 99.15%, akurikirwa na Dr Habineza Frank nawe akurikirwa na Mpayimana Philip mu majwi y’agateganyo.
Ni amajwi arenga 78.9% yabaruwe ku mugoroba wo ku munsi w’itora, tariki ya 15 Nyakanga 2024, yerekana ko na Dr Frank Habineza wa Green Party afite 0.53%, na ho umukandida wigenga Philippe Mpayimana we iby’ibanze bigaragaza ko afite amajwi 0.32%.
Akimara kumva icyerekezo cy’aho intsinzi (…)
Umukandida Perezida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame na Madamu [1] Kagame na bamwe mu bana babo bitabiriye amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ni igikorwa bakoreye kuri Site ya SOS Kagugu mu Karere ka Gasabo, aho bagiye gutora Perezida wa Repubulika n’Abadepite.
Abandi bakandida bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu ni Dr. Frank Habineza w’ishyaka Democratic Grenn Party of Rwanda n’umukandida wigenga, Mpayimana Philippe na bo batoye mu (…)
Mu gihe habura amasaha make ngo Abanyarwanda bari imbere mu gihugu binjire mu matora Rusange y’umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite, abaturage mu midugudu itandukanye barasa n’abarushanyijwe gutaka no kurimbisha ibyumba by’itora.
Ku isaha ya Saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri iki cyumweru twinjiye mu cyumba cy’itora cy’umudugudu wa Mwijuto, umudugudu uzwiho kurimbisha ibyumba cy’itora mu mujyi wa Kigali, dusanga icyumba kirasa n’umutaho w’ijuru.
Ni kimwe mu byumba by’itora 15 bigize (…)
Mu buryo butangaje ariko birimo umuteguro utoroshye, umusore w’imyaka 20 yarashe mu cyiciro Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za America ku bw’amahirwe ararusimbuka.
Byabereye muri Leta ya Pennsylvania, kuri uyu wa Gatandatu ubwo Trump yari mu bikorwa byo kongera kwiyamamaza gusubira ku ntebe y’igitinyiro cya America.
Abantu bagiye kumva bumva isasu barebye babona Donald Trump yikubise hasi.
Abashinzwe umutekano bahise bahamuvana igitaraganya baramujyana.
Bidatinze (…)
Ku minsi wa nyuma wo kwiyamamaza kw’abakandida Perezida n’abakandida depite, umukandida Perezida w’Umuryango FPR Inkotanyi Paul Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bahisemo kuba uko nifuza kubaho, badakangwa n’abandi bibifuriza kubaho uko bashaka.
Yabitangaje ubwo yari kuri site ya Gahanga mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ahasorejwe kwiyamamaza amazemo ibyumweu bigera kuri bitatu.
Paul Kagame yagiriye Inama abashaka kuvuga u Rwanda ko bakwiye kubanza kurumenya.
Yakomeje agira (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















