Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Amajyaruguru: Umuyobozi w'Ingabo yihanangirije abaturage bajya kwangiriza muri Uganda
Amajyaruguru: Umuyobozi w’Ingabo yihanangirije abaturage bajya kwangiriza muri Uganda

Umuyobozi ’Ingabo z’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru, Brigadier General Nelson Rwigema yihanangirije abaturage bo mu karere ka Burera begeranye n’umupaka bajya kwangiriza ibidukikije mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda.
Yabitangarije mu nama yagiranye n’abayobozi mu nzego izibanze, ubwo batahaga ibiro bishya by’Akarere ka Burera, aho yasabye aba bayobozi guhagurukira ikibazo cy’abaturage bajya kwangiriza ibidukikije mu gihugu cya Uganda, ikintu yavuze ko gishobora gutuma mu mubano (…)

424 Shares 4 Comments
Twiteguye kurwana-Kagame
Twiteguye kurwana-Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kurwana n’uwo ariwe wese uretse Congo ihora ibiririmba.
Yabitangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye na television y’abafaransa ya France 24 kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024.
Muri iki kiganiro kigufi, Perezida Kagame yabajijwe yateguye kurwana bibaye ngombwa, asubiza ko byaba atari no kuri Congo gusa.
Yagize ati: "Byaba ko ibibera mu Burasirazuba bwa Congo bigeze ku butaka bwacu cyangwa se ikindi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Basanze umurambo w'umusore mu muhanda
Rubavu: Basanze umurambo w’umusore mu muhanda

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, ku itariki 19 Kamena 2024, mu kagari ka Rubona mu murenge wa Nyamyumba, hasanzwe umurambo w’umusore mu muhanda, ugeretseho igare.
Umurambo wuyu musore witwaga Nshimiyimana Jackson, wasanzwe ahantu n’ubundi ngo hasanzwe habera ibikorwa by’urugomo bitandukanye. Ibi byatumye abaturage batwkereza ko n’uyu musore yishwe, nkuko byemezwa n’umuturage witwa Ahimanishakiye Mathias, nawe utuye muri uno murenge.
Yagize ati: "Basanga umurambo uraho gusa n’igare, (…)

424 Shares 4 Comments
NYAMASHEKE: Bashobora kuzarwana bapfa amashanyarazi
NYAMASHEKE: Bashobora kuzarwana bapfa amashanyarazi

Mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bo mu midugudu itatu bavuga ko umuriro w’amashanyarazi bahawe aho kubabera igisubizo wabateje umwiryane, nta gikozwe bamwe bashobora kuzarwana na bagenzi babo bapfa ayo mashanyarazi.
Ni abaturage bo mu Midugudu ya Bugungu, Kameyenga na Bagiramenyo yo mu Kagari ka Gasheke mu Murenge wa Bushenge.
Abo mu Mudugudu wa Bugungu utuwe n’ingo 113 babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko bari bemerewe umuriro w’amashanyarazi, ababishinzwe bapima n’ahazajya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Hatashywe ibiro bishya byitezweho guhindura imitangire ya serivisi
Burera: Hatashywe ibiro bishya byitezweho guhindura imitangire ya serivisi

Abaturage bo mu karere ka Burera baravuga ko bishimiye ibiro bishya bubakiwe na Perezida Kagame ndetse ngo biteze kujya bahabwa serivisi nziza zitandukanye nizo bahabwaga mu nyubako itari ijyanye n’igihe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo batahaga ku mugaragaro ibiro bishya by’akare byuzuye mu murenge wa Rusarabuye, byatwaye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari ebyiri na miliyoni magana cyenda zirenga (2.9Bnfrw).
Ntamaherezo Agnes ni umwe mu baturage (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Bafunguriwe amaduka y'ubucuruzi yafunzwe kubera Sebeya
Rubavu: Bafunguriwe amaduka y’ubucuruzi yafunzwe kubera Sebeya

Kuri uyu wa Mbere ku itariki 17 Kamena 2024, abaturage bari barafungiwe amazu y’ubucuruzi kubera ibiza, bo mu karere ka Rubavu, bogenye gukomoregwa nyuma y’igihe kirenga umwaka.
Aba baturage biganjemo abo mu mirenge ya Rugerero na Kanama, by’umwihariko abafite amazu yari yarafunzwe mu isanteri ya Mahoko na Kabirizi.
N’igikorwa cyari cyiyobowe na Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Major General retired Albert Murasira, warikumwe n’abandi bayobozi bo mu ntara y’Iburengerazuba. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yagaragaje amahirwe shobora gutsindisha abo bazahana
Perezida Kagame yagaragaje amahirwe shobora gutsindisha abo bazahana

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mu gihe abakandida Perezida bagiye gutangira kwiyamamaza kuyobora igihugu, buri umwe afite ibyo ashingiraho yerekana icyo azakorera abaturage ashaka kuyobora, avuga ko we amahirwe afite ari uko afite ibyo ashingiraho.
Yabitangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye n’igitangazamakuru cy’Igihugu, RBA, kuri uyu wa Mbere, ikiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo n’ibijyanye n’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umugore utwara imizigo n'abantu ku igare yavuze imyato Perezida Kagame
Musanze: Umugore utwara imizigo n’abantu ku igare yavuze imyato Perezida Kagame

Uwimbabazi Liliane w’imyaka 24, utuye mu murenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze atwara imizigo n’abantu ku igare (umunyonzi) yashimiye Perezida Kagame washyizeho ihame ry’uburinganire, umugore n’umukobwa bakongera kugira ijambo.
Yabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yari amaze kwegukana irushanwa ryiswe "Visit Musanze Tournament 2024" ryateguwe na Koperative y’abatwara imizigo n’abantu ku igare bazwi ku izina ry’abanyonzi (CVM).
Uwimbabazi Liliane wahatanye muri iri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ambasaderi w'ubushinwa yijeje ubufasha ku ishuri ryigisha igishinwa
Ambasaderi w’ubushinwa yijeje ubufasha ku ishuri ryigisha igishinwa

Ambasaderi w’Igihugu cy’ubushinwa mu Rwanda Wang Xuekun n’itsinda ayoboye bijeje ishuri mpuzamahanga rya Wisdom Schools ubufatanye mu guteza imbere ururimi rw’igishinwa n’uburezi muri rusange.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu taliki ya 12 Kamena 2024 ubwo yagiriraga uruzinduko mu ishuri rya Wisdom Schools rifite icyicaro gikuru mu karere ka Musanze.
Abanyeshuri bagiranye ikiganiro na Mamaurwagasabo.rw bo kuri Wisdom School bavuga ko kumenya ururimi rw’igishinwa ari intambwe nziza yo (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame asimbuje ba Minisitiri bamwe abandi
Perezida Kagame asimbuje ba Minisitiri bamwe abandi

Perezida Kagame yasimbuje ba Minisitiri bamwe abandi, Amb. Nduhungirehe agaruka muri Guverinoma aba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane MINAFET, umwanya yasimbuyeho Dr. Vincent Biruta.
Izi mpinduka kuri minisiteri zimwe zikozwe nubundi mu gihe hategerejwe amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, amatora azasiga Guverinoma isheshwe hakazajyaho indi izagenwa na Minisiteri w’Intebe uzashyirwaho n’uzegukana umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru