Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Imirambo 32 yabonywe mu ishyamba rya Kibira y'abambaye impuzankano za FARDC
Imirambo 32 yabonywe mu ishyamba rya Kibira y’abambaye impuzankano za FARDC

Imibiri y’abantu 32 bambaye impuzankano y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yabonywe mu Ishyamba rya Kibira ryo mu Burundi, ku gice gikora kuri Komini ya Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke.
Iyi mibiri bivugwa ko yabonywe n’abarinzi b’iri shyamba mu bihe bitandukanye bitarenze ukwezi, icyakora ubutegetsi bw’u Burundi ntibwigeze buhakana cyangwa ngo bwemeze ayo makuru nk’uko SOS Media Burundi ibitangaza.
Iyi mirambo 32 yabonywe n’aba barinzi ku misozi ibiri (…)

424 Shares 4 Comments
Mufti mushya w'u Rwanda
Mufti mushya w’u Rwanda

Amatora y’Abagize Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) abaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, yasize Sheikh Sindayigaya Mussa abaye Mufti w’u Rwanda, asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani ku butegetsi.
Ni amatora yabanjirijwe n’amakuru arimo za bombori-bombori, amatiku no gutabariza Umuryango wa RMC kuri bamwe, wakurikirana ukumvamo gupfa imitungo n’amafaranga nk’amwe yaguze umwana w’umuntu.
Bijya gutangira gucikamo ibice, amatora yari ateganyijwe muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Solektra yaremeye aba-Agenti bayo bagizweho ingaruka n'ibiza
Rubavu: Solektra yaremeye aba-Agenti bayo bagizweho ingaruka n’ibiza

Aba-Agenti babiri bakorana na sosiyete ya Solektra ikora serivisi zitandukanye zirimo n’irembo baremewe nyuma yo guhura n’ibiza byibasiye akarere ka Rubavu umwaka ushyize wa 2023 bigahitana ubuzima bw’abarenga 130 ijoro rimwe.
Nyuma yo guhabwa Anvelope (ibahasha) irimo ubufasha bungana n’imifuka icumi ya sima, kuri buri muntu mu rwego rwo kugira ngo bongere biyubake bashimiye iyi sosiyete yabaremeye ndetse bashima n’imiyoborere myiza y’Igihugu irangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa (…)

424 Shares 4 Comments
Rishi Sunak yashyizeho impamvu imwe izatuma indege y'abimukira ihaguruka yerekeza mu Rwanda
Rishi Sunak yashyizeho impamvu imwe izatuma indege y’abimukira ihaguruka yerekeza mu Rwanda

Nyuma yuko ibyaburaga byose haba mu mategeko no mu bushobozi bibonetse, kuri ubu noneho Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Rishi Sunak yatangaje ko indege ya mbere izahaguruka ari uko yongeye gutorerwa kuguma ku mwanya ariho.
Amatora mu bagize Guverinoma y’Ubwongereza ateganyijwe muri Nyakanga (7) 2024, akaba ariyo Sunak yitezeho ko ishyaka rye rizongera kuyatsinda rikaba ryamugarura ku butegetsi gahunda ikabona gushyirwa mu bikorwa.
Gahunda yo kohereza abimukira ishingiye ku masezerano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gasabo: Ababyeyi Baracyekwaho kujugunya umwana wabo mu musarane
Gasabo: Ababyeyi Baracyekwaho kujugunya umwana wabo mu musarane

Mu Murenge wa Rutunga mu Kagari ka Kibenga ho mu karere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bataye mu bwiherero.
Biravugwa ko aba babyeyi wafata nk’ababyeyi gito, bataye umwana wabo mu bwiherero ngo bazibanganye ibimenyetso by’icyaha bari bamaze gukora bazavuge ko bamubuze.
Abagenzacyaha babataye muri yombi mu rwego rwo gukora iperereza kubera ibyo bakekwaho.
BTN yavuze ko mu gihe gito gishize, umugabo witwa Ngendahimana (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Abacururiza muri Boutique bavangira abo mu isoko rusange
Rutsiro: Abacururiza muri Boutique bavangira abo mu isoko rusange

Bamwe mu bagore bacururiza imboga n’ imbuto mu isanteri ya Congo-Nil, murenge wa Gihango, mu karere ka Rutsiro, bagaragaza ko babangamiwe n’abagenzi babo bazicururiza muri za butike, bazivanga n’ibindi bicuruzwa bigatuma abo mu isoko babura abakiriya.
Nyirabatware Verediyana ni umwe muri bo babangamiwe n’imikorere nk’iyo, asanga iki kibazo kibabangamye bigatuma iri soko bakoreramo ribura abakiriya, agasaba ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro kugikemura.
Ati: "Ikintu akarere kadufasha nuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Amazi ava mu birunga akomeje kuraza abaturage rwantambi
Nyabihu: Amazi ava mu birunga akomeje kuraza abaturage rwantambi

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu baravuga ko amazi aturuka muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga arimo kububikira nijoro akaruhukira mu ngo zabo, ibintu bishobora no kugira ingaruka ku mibereho y’abaturage birimo no kuhatakariza ubuzima.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu kagari ka Kanyove muri uyu murenge wa Mukamira aho yasanze amazi yigeze mu ngo z’abaturage andi agasandara mu mirima.
Umwe muri aba baturage, (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Polisi yarashe SEDO itanga impamvu
Rubavu: Polisi yarashe SEDO itanga impamvu

Umupolisi yarashe umuyobozi w’akagari ushinzwe iterambere ry’abaturage mu Kagari ka Murambi mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu, avuga ko yamwitiranyije n’umugizi wa nabi.
Byabaye mu ijoro ryakeye, ubwo uyu SEDO w’akagari yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara mu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza.
Polisi ubwo yahageraga yamwibeshyeho imurasa akaguru.
Umunyakuru wa mamaurwagasabo yagerageje kuvugana n’uhagarariye Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ababyeyi barerera muri wisdom schools bishimiye urwego abana bagezeho mu kubaka Robo
Ababyeyi barerera muri wisdom schools bishimiye urwego abana bagezeho mu kubaka Robo

Ababyeyi barerera mu ishuri mpuzamahanga rya Wisdom Schools barashima urwego abana babo bagezeho mu kubaka imashini zikoresha zizwi nka "robo", bakoresheje ubuhanga (building robots/ Maths and robotics)
Babitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2024 ubwo abana bamurikiraga ababyeyi babo urwego bamaze kugera muri iyi porogaramu nshya iri shuri ryatangije ndetse ngo biteze umusaruro ufatika bitewe n’umuhate babona abana bafite mu gukoresha izo robo.
Ku ruhande rw’abana (…)

424 Shares 4 Comments
Abaturage muri Gakenke na Nyabihu barabona ubuyobozi bwarabimye amatwi
Abaturage muri Gakenke na Nyabihu barabona ubuyobozi bwarabimye amatwi

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu na Gakenke baravuga ko kuva aho ikiraro cya "Ngoga’ cyangirikiye bikomeje kubangamira ubuhahirane kubera ko bigoye kwambuka n’amaguru umugezi wa Mukungwa, ibintu bishobora gutwara ubuzima bwabo mu mwanya nk’uwo guhumbya.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Rugera na shyira ndetse na Rusasa muri Gakenke ahahoze ikiraro cy’ibiti cyo mu Cyangoga, kuri ubu kikaba cyaratwawe n’amazi nticyogera gusanwa. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru